Icyo UPDF ivuga kuri raporo y’impuguke za Loni imushinja gufasha M23

Igisirikare cya Uganda (UPDF) cyamaganye ibikubiye muri raporo y’inzobere z’Umuryango w’Abibumbye (ONU) igishinja gufasha inyeshyamba za M23, kivuga ko izo mpuguke zabogamye. Daily Monitor yasubiyemo amagambo y’Umuvugizi wa UPDF, Brig Gen Felix Kulayigye avuga ko “raporo irabogamye. Ntishingiye ku bushakashatsi. Yifitemo guhengama”. Uyu musirikare yunzemo ko inzobere zakoze iriya raporo “ntizagize uburere bwo mu by’ubwenge […]

Inkongi y’umuriro yongeye kwibasira umujyi wa Bukavu

Inkongi y’umuriro yongeye kwibasira umurwa mukuru wa Kivu y’Amajyepfo, aho yangije byinshi ikanica umwana w’imyaka itatu. Ni inkongi yadutse, mu ijoro ryo kuwa Kabiri rishyira kuwa Gatatu taliki 10 Nyakanga 2024. Ku ikubitiro uyu muriro watangiriye ahitwa Mulumbula ho muri Komine ya Bagira iherereye mu mujyi wa Bukavu. Kugeza ubu icyateye inkongi nticyamenyekanye kuko ngo […]

Umuramyi Nice Ndatabaye yasohoye indirimbo nshya ihumuriza abantu- VIDEO

d8ba9fa5-72f9-4bb0-a1f3-f8512bbf9c73.jpg

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Nice Ndatabaye, yashyize hanze indirimbo nshya yise “Ntahinduka” yahuriyemo na Nshuti Bosco mu gitaramo Intimate Worship Live Recording yafatiyemo amashusho ya zimwe mu ndirimbo ze, aho avuga ko ikubiyemo ubutumwa buhumuriza abantu mubyo banyuramo byose. Nice Ndatabaye ubarizwa muri Canada yatangarije BWIZA ko iyi ndirimbo ye nshya […]

Rutsiro: Yishe umugore we amukubise ifuni yigemura ku murenge

Semasaka Desire wo mu karere ka Rutsiro yishe umugore we amukubise ifuni yigemura ku birio by’umurenge. Ibi byabereye mu murenge wa Nyabirasi, mu ijoro ryo kuri uyu wa Kabiri tariki 09 Nyakanga 2024. Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyabirasi, Mpirwa Migabo yahamirije BWIZA Aya makuru. Ati “Nibyo koko Semasaka yaraye yishe umugore we amukubise ifuni, ahita […]

Israel irashinjwa kurasa misire ku ishuri ryo muri Palestine ikica abarenga 25

Amakuru aturuka muri Palesitine avuga ko nibura Abanyapalestine 25 bishwe abandi barakomereka mu gitero cy’indege cya Isiraheli cyibasiye ishuri mu mujyi wa Khan Younis mu majyepfo y’akarere ka Gaza. Abashinzwe umutekano babwiye Xinhua ko indege ya Isiraheli yibasiye irembo ry’ishuri rya Al-Awda, ryakira abantu babarirwa mu magana bimuwe mu mujyi wa Abasan al-Kabira, mu burasirazuba […]

Ahoyikuye Jean Paul “Mukonya” yashyinguwe mu cyubahiro

img_20240710_081839.jpg

Ahoyikuye Jean Paul wari myugariro w’ibumoso muri AS Kigali yashyinguwe mu cyubahiro kuri uyu wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2024. Ku gicamunsi cyo ku wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2024 nibwo Mukonya waguye mu kibuga ku wa Gatandatu yashyinguwe. Umuhango wo kumusezeraho wabereye iwabo Kamabuye, ni uko maze misa yo kumusezeraho ibera i […]

FARDC yaguze ibindi bifaru muri Bulgaria byiyongera ku byo yaguze muri Uganda

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyaguze ibindi bifaru by’imitamenwa bikorerwa muri Bulgaria byiyongera ku byo cyaguze muri Uganda mu minsi ishize. Ni amakuru atangazwa n’ikinyamakuru Africa Intelligence cyo mu Bufaransa gisanzwe cyandika inkuru z’ibanga kuri Afurika. Iki gitangazamakuru kivuga ko kuva mu ntangiriro za Kamena ari bwo RDC yatangiye kwakira ibifaru byo […]

Lamine Yamal wateruwe na Messi akivuka yashyizeho uduhigo turenga 10

Lamine Yamal wateruwe na Lionel Messi ubwo yavukaga yakoze uduhigo turenga 10 mu mukino wa EURO 2024 wahesheje ikipe y’igihugu ya Espagne itike yo kujya ku mukino wa nyuma. Amazina ye ni Lamine Yamal Nasraoui Ebana w’imyaka 16 n’iminsi 362 yafashije Espagne gusezerera u Bufaransa ku bitego 2-1. Nyuma yo gutsinda u Bufaransa, Espagne yahise […]

Loni iracyemeza ko Intambara yo mu burasirazuba bwa Congo ishobora gukwira akarere

Bintou Keita, Intumwa idasanzwe y’Umunyamabanga Mukuru wa LONI muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, kuwa Mbere yaburiye ko intambara z’umutwe wa M23 zikomeza kwiyongera byihuse mu burasirazuba bwa Congo zishobora kuvukamo amakimbirane yakwadukira akarere kose hatagize igikorwa byihuse. Ni mu gihe abahagarariye ibihugu by’u Rwanda na Kongo muri LONI bo bongeye kwitana bamwana ku kuba […]

Perezida Kagame yafashe mu mugongo umuryango wa Senateri Jim Inhofe wapfuye

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yihanganishije umuryango wa Senateri Jim Mountain Inhofe wapfuye. Ku wa Kabiri tariki ya 9 Nyakanga 2024 nibwo hamenyekanye amakuru y’inshamugongo ko Senateri Jim Mountain ukomoka muri Amerika, wari inshuti y’u Rwanda yapfuye. Ni urupfu rwaje ruturutse ku burwayi uyu mugabo wari ugeze mu zabukuru yari amaranye iminsi. Yifashishije […]