Ntwali Fiacre agiye gutangwaho miliyoni zirenga 400

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu y’uRwanda “Amavubi” Ntwali Fiacle agiye kwerekeza mu ikipe ya Kaizer Chiefs avuye muri TS Galaxy yo muri Africa y’Epfo. Ku mugoroba wo ku Gatanu taliki ya 12 Nyakanga 2024 nibwo amakuru yamenyekanye ko uyu muzamu wa mbere w’ikipe y’igihugu y’uRwanda, yaba agiye kujya muri imwe mu makipe akomeye muri Africa Y’Epfo. Bitangazwa […]

APR FC itsinze undi mu kino muri CECAFA Kagame Cup

Ikipe ya APR FC itsinze umukino wayo wa kabiri muri CECAFA Kagame Cup 2024 ihita iyobora itsinda C n’amanota 6. Kuri uyu wa Gatandatu nibwo iyi kipe y’Ingabo z’Igihugu yakinaga umukino wayo wa Kabiri mu itsinda C aho bakinana na El El Merreikh Bentiu yo muri Sudani. Igitego kimwe cya APR FC nicyo cyatandukanyishe impande […]

Imbamutima z’abaturage ba Burera na Musanze nyuma yo kumva Dr Habineza

Ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Burera na Musanze mu ntara y’amajyaruguru, Dr Frank Habineza yagaragaje ibiri mu migabo n’imigambi ye, abaturage baganiriye n’itangazamakuru bagaragaza ko bayishimiye baniteguye kumuhundagazaho amajwi ku wa 15 Nyakanga. Hari ku munsi wa 18 wo kwiyamamaza kwe, aho mu karere ka Burera yabwiye abaturage ko ari akarere keza k’ibirunga n’ibindi byiza […]

Imbamutima z’abaturage ba Burera na Musanze nyuma yo kumva Dr Habineza

Ubwo yiyamamarizaga mu turere twa Burera na Musanze mu ntara y’amajyaruguru, Dr Frank Habineza yagaragaje ibiri mu migabo n’imigambi ye, abaturage baganiriye n’itangazamakuru bagaragaza ko bayishimiye baniteguye kumuhundagazaho amajwi ku wa 15 Nyakanga. Hari ku munsi wa 18 wo kwiyamamaza kwe, aho mu karere ka Burera yabwiye abaturage ko ari akarere keza k’ibirunga n’ibindi byiza […]

Gen. Japhet Koome wari umukuru wa polisi muri Kenya yeguye

Umuyobozi w’Igipolisi cya Kenya General Japhet Koome yeguye ku mirimo ye, nyuma yo kunengwa bikabije kubera imyigaragambyo yo kwamagana leta yahitanye abantu benshi, nk’uko byatangajwe na perezida Ruto ku wa gatanu. Perezida William Ruto yemeye ubwegure bwa Japhet Koome, wayoboraga igisirikare nk’uko yabitangaje mu itangazo ryashyizwe ahagaragara nyuma y’umunsi umwe gusa yirukanye abaminisitiri ba guverinoma. […]

Abataramenyekana barashe muri gereza imfungwa zigera kuri 200 ziratoroka

Abayobozi bo muri Nijeri batangaje ko ejo hashize (kuwa 4) mu karere ka Tillaberi hatorotse imfungwa zari zikurikiranyweho kuba ibyihebe no gucuruza ibiyobyabwenge. Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yatangaje ko ibyabaye kuri uyu wa kane muri gereza ya Koutoukale iherereye nko mu bilometero 30 uvuye mu Majyaruguru y’I Burengerazuba bw’umurwa mukuru, Niamey. Abenshi mu batoretse ngo ni […]

U Bubiligi bwongeye gusaba RDC guca umubano na FDLR

Guverinoma y’u Bubiligi yongeye gusaba iya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo guhagarika imikoranire ifitanye n’umutwe wa FDLR; nk’imwe mu nzira zo gucubya umwuka mubi ifitanye n’u Rwanda. U Bubiligi bwasabye RDC kureka gukorana n’uyu mutwe urwanya ubutegetsi bw’u Rwanda mu itangazo Minisiteri yabwo y’Ububanyi n’Amahanga iheruka gusohora. Ni nyuma y’uko raporo nshya impuguke y’Umuryango w’Abibumbye […]

Imbamutima za Mutsinzi Ange wakinnye Europa League bwa mbere

Umukinnyi ukina mu bwugarizi bw’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda “Amavubi”, Mutsinzi Ange Jimmy, yishimiye kuba yaraye akinnye umukino we wa Mbere muri Europa League. Ange yaraye afashije ikipe ye ya Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan kubona intsinzi yayo ya mbere muri UEFA Europa League ya 2024/2025 imbere ya FC Sheriff yari mu […]

Imodoka ebyiri zagwiriwe n’inkangu abantu 60 bari bazirimo baburirwa irengero

Abatabazi bakomeje gushakisha abantu bagera kuri 60 baburiwe irengero muri Nepal nyuma y’uko imodoka ibyiri zigwiriwe n’inkangu ubwo zahuriraga mu muhanda munini winjira mu ruzi rwa Trishuli mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatanu taliki 12 Nyakanga 2024. Nibura abantu 60 baburiwe irengero, mu gihe abandi batatu boze bakabasha kwambuka ariko bazahaye, bahita bajya kuvurirwa […]

Goma: Ikibazo cy’umutekano mucye kirarushaho gufata intera, babiri bishwe

Hagati yo ku wa Gatatu, itariki 10 no kuwa no kuwa Kane, itariki 11 Nyakanga, abantu babiri barapfuye abandi batatu barakomereka barashwe, mu gihe ingo zigera ku icumi zibwe muri komini ya Karisimbi, mu Mujyi wa Goma (Kivu y’Amajyaruguru). Abakoze ibyo byaha bakomeje kutamenyekana, ariko abaturage baramagana ubwiyongere bukabije bw’amabandi mu duce twinshi two muri […]