Rwamagana na Nyarugenge: Dr Frank Habineza yasoje ibikorwa byo kwiyamamaza
Abaturage b’akarere ka Rwamagana mu ntara y’Iburasirazuba n’aka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ni bo bari batahiwe kumva imigabo n’imigambi y’umukandida w’ishyaka riharanira Demokarasi no kurengera ibidukukije (Democratic Green Party), aho bose yabasezeranyije byinshi by’iterambere igihe bazaba bamutoye. Mu karere ka Rwamagana, Dr Habineza yababwiye ko nibamwicaza mu Rugwiro azabakemurira ibibazo byinshi byihariye bamugaragarije, birimo […]
Hoteli n’Utubari byashibutse ku miyoborere myiza byabaye igisubizo ku bahinzi borozi b’i Rubengera

Abahinzi n’aborozi bo mu karere ka Karongi, umurenge wa Rubengera bavuga ko iterambere ry’ama Hoteli n’Utubari bihavuka (byashibutse ku miyoborere myiza) buri munsi byabaye igisubizo ku musaruro wabo, kuko bagorwaga ko kugeza umusaruro ku isoko. Abagenda mu murenge wa Rubengera bavuga ko mu mbere y’imyaka 30 ishize nta kabari cyangwa resitora bigezweho byari bihari, kuko […]
Guverinoma ya RDC yeruye ishinja Uganda gufasha M23
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashinje Uganda n’u Rwanda kwifashisha agahenge gaheruka gutangazwa na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu kongera ubufasha ku mutwe wa M23. Ni ibyatangajwe na Minisitiri w’Ingabo za RDC, Guy Kabombo Mwadianvita, ubwo yagezaga ijambo ku nama y’abaminisitiri ku wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga. Mu cyumweru gishize Leta […]
Kenya: Inzego z’umutekano zishe abarwanyi ba Al Shabaab zifata intwaro nyinshi
Inzego zishinzwe umutekano muri Kenya, zavuze ko abasirikare b’iki gihugu bishe abarwanyi bane ba Al-Shabaab ndetse bafata n’intwaro nini zabo hafi y’umupaka wa Somaliya mu gikorwa gikomeye cyo kurwanya iterabwoba. Ni operasiyo yakorewe mu gace ka Banisa Sub-County, Mandera, yari iyobowe n’ubutasi mu bikorwa byo kurwanya iterabwoba.Muri iki gikorwa hafashwe imbunda, zirimo grenade igendanwa na […]
Mu Rwanda twahisemo ko tuzaba uko dushaka kuba- Kagame
Kuri uyu wa Gatandatu taliki 13 Nyakanga 2024, umukandida wa RPF Inkotanyi, Paul Kagame, yavuze ko urugendo rw’imyaka 30 rushize na FPR iyoboye, ari ikigaragaza ko abanyarwanda babaye bamwe kandi ko ntawe uzabahitiramo kubagenera uko babaho. Byari mu gikorwa cyo kwiyamamaza cyabereye mu Karere ka Kicukiro kuri Site ya Gahanga aho yakiranwe urugwiro rudasanzwe ahari […]
Karongi: Umugore ntakiri uwo kubyara no kurera gusa, kuko yatinyuwe na Paul Kagame

Bamwe mu bagore bo mu karere ka Karongi bavuga ko batakiri abo kubyara no kurera gusa, ngo bahore bategeye amaboko abagabo babo, kuko Paul Kagame yabatinyuye bagasanga nabo bashoboye. Abaganiriye na BWIZA biganjemo abo mu murenge wa Rugabano, ubwo twabasangaga barimo kwamamaza umukandida ku mwanya wa Perezida wa Repubulika ni abakandida Depite b’Umuryango FPR Inkotanyi, […]
Simba SC yanyomoje ko yahaye akazi Vice chairman wa APR FC
Ikipe ya Simba SC yanyomoje amakuru avuga ko François Régis Uwayezu wari Perezida wungirije wa APR FC yagizwe umuyobozi mukuru wayo. Ku mugoroba wo ku wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 nibwo hamenyekanye amakuru y’uko Uwayezu François Régis yagizwe umuyobozi mukuru wa Simba SC. Amakuru yemezaga ko Simba SC yamuzanye kugira ngo ayifashe kongera […]
Kapiteni wa APR FC yavuze ubuhanga yabonye muri Rutahizamu mushya Mamadou Sy
Kapiteni w’ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR FC yavuze bumwe mu buhanga budasanzwe yabonye muri Rutahizamu mushya iyi kipe iherutse kugura waraye utsinze igitego. Mu ijoro ryakeye nibwo APR FC yatsindaga El Merreikh igitego kimwe ku busa cyatsinzwe na Rutahizamu Mamadou Sy mu mukino wa Kabiri wa Cecafa Kagame Cup. Ku mukino we wa mbere muri […]
Mbonyumutwa yitandukanyije na basaza be, yiyemeza gutora Kagame
Rwiyemezamirimo Maryse Mbonyumutwa usanzwe ari umwuzukuru wa Mbonyumutwa Dominique wabaye Perezida wa mbere w’u Rwanda, yiyemeje kuzatora umukandida Paul Kagame mu matora ateganyijwe ku wa Mbere tariki ya 15 Nyakanga. Maryse uri mu bashinze yruganda C&D Pink Mango rukora imyenda irimo n’iyoherezwa mu mahanga ndetse akaba ari na we washinze inzu y’imideli yitwa ‘Asantii’ anabereye […]
Sudan: Abanyamahanga baba i Khartoum bahawe gasopo
Abanyamahanga babarizwa mu mujyi wa Khartoum no mu nkengero zayo bahawe gasopo ko bagomba kuvana akarenge bitarenze iminsi 15 mu rwego rwo kubungabunga umutekano wabo. Igipolisi cya Sudan cyasabye abo banyamahanga gukuramo akabo karenge nyuma y’inama yakozwe muri iki cyumweru , bitaba ibyo bakirengera ibizababaho kuko intambara ikomeje mu bice bitandukanye. Uyu muburo uje nyuma […]