Gahanga: Yaje kwamamaza Perezida Kagame yambaye ikanzu y’abageni – Amafoto

icyimpaye_2_.jpg

Ibikorwa byo kwamamaza biri kugana ku musozo yaba ku bari guhatanira umwanya mu nteko ishinga amategeko ndetse n’abifuza kuyobora u Rwanda. Umukandida watanzwe n’umuryango wa FPR Inkotanyi ku mwanya wa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame arasoza kwiyamamaza kuri uyu wa Gatandatu. Kuri uyu wa Gatandatu tariki 13 Nyakanga 2024, ibikorwa byo kumwamamaza byabereye i Gahanga […]

Masisi: M23 ikomeje kwigarurira imidugudu mishya

Inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 ku wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga, zigaruriye umudugudu wa Bweru wo muri Groupement ya Bashali Mokoto, Teritwari ya Masisi. M23 yigaruriye aka gace nyuma y’imirwano ikomeye yayisakiranyije n’ihuriro ry’ingabo za Leta. Umuvugizi wa FARDC muri Kivu y’Amajyaruguru, Lt Col Guillaume-Ndjike Kaiko, ku wa Kane yari yashinje M23 kugaba […]

Mozambique: Abasirikare ba RDF bashyikirijwe ubutumwa bwa Perezida Kagame bushima imyitwarire yabo

Perezida Kagame yashimiye Ingabo za RDF ziri mu butumwa bw’amahoro muri Mozambique aho zagiye kurwanya ibyihebe. Perezida Kagame yazimenyesheje ko azishimira umuhate zikorana inshingano. Ibi bikagaragazwa n’ibyo izi ngabo zimaze kugeraho mu kurwanya imitwe y’iterabwoba muri Cabo Delgado no kugaragaza ubudasa izi ngabo zifite. Izi ngabo zashyikirijwe ubutumwa bw’umukuru w’Igihugu, ubwo Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda […]

Sadio Mane yishimanye n’umugore we w’imyaka 19 wasoje amashuri yisumbuye

Sadio Mane yafashije umugore we w’imyaka 19 kwishimira isozwa ry’amashuri yisumbuye yasoje muri uku kwezi. Ku wa Gatanu tariki ya 12 Nyakanga 2024 nibwo Sadio Mane yatangarije abakunzi be ko umugore we Aisha Tamba w’imyaka 19 yasoje amashuri yisumbuye. Yifashishije imbuga nkoranyambaga ze cyane cyane urubuga rwa Instagram, uyu mukinnyi yerekanye amashusho ari kumwe n’umugore […]

Israel vs Hamas: Mu cyumweru kimwe isibaniro y’intambara yahitanye abagera kuri 60

Nyuma y’uko hari hashize icyumweru hari isibaniro y’intambara mu bice bimwe bya Gaza, Israel yamaze kuhakura Ingabo zayo. Ni intambara yangije byinshi, nko gusenya amazu n,ibindi bikorwaremezo ariko igarukwaho cyane n’uko mu cyumweru kimwe itwaye ubuzima bw’abantu bagera kuri 60. Iyi ntambara ikomeje kuba, mu gihe ibihugu nka Amerika n’ibindi bihugu bishyigikiye ko intambara irangira […]

RIB yemeje itabwa muri yombi rya Bishop Rugamba uyobora Bethesda Holly Church

RIB yatangaje ko yataye muri yombi, Umushumba w’Itorero Bethesda Holly Church, Beshop Rugamba azira sheki itazigamiye. Dr. Thierry Murangira Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB yatangarije itangazamakuru ko aya makuru ari impamo. Nta makuru arambuye RIB yatangaje ku itabwa muri yombi rya Bishop Rugamba haba aho afungiwe , igihe yafungiwe ndetse n’ingano y’amafaranga yari kuri cheque. […]