Bujumbura yugarijwe bikomeye n’ubushita bw’inkende

Minisiteri y’Ubuzima mu Burundi, ivuga ko umujyi wa Bujumbura wugarijwe bikomeye n’ubushita bukomoka ku nkende buzwi nka Mpox bumaze kwibasira umubare munini. Iyi Minisiteri, ivuga ko kugeza taliki 18 Kanama 2024, nibura abagera ku 153 bamaze kwandura icyo cyorezo.Ni mu gihe muri bo, 26 bari baravuwe barakira ariko harimwo 11 bashya. Minisitiri w’Ubuzima Lydwine Baradahana, […]

Kenya: Guverinoma iri gutekereza uko yashyiraho undi mushinga w’itegeko w’imisoro

Mu gihe hatarashira iminsi urubyiruko muri Kenya rwigaragambije rwamagana umushinga w’itegeko w’imisoro ku bicuruzwa bimwe na bimwe ariko Guverinoma ikaza kuwuhagarika, kuri ubu ngo iri guteganya kugarura uyu mushinga. John Mbadi, minisitiri w’imali mushya, yabitangaje ubwo yari mu kiganiro yahaye televiziyo yigenga, Citizen TV ikorera muri icyo gihugu. Uyu mushinga ngo urateganya gukusanya byibura amashilingi […]

Klay Thompson yavuze imyato Murekatete wafashije u Rwanda gutsinda Lebanon

Rurangiranwa Klay Thompson wahoze akinira ikipe ya Golden State Warriors mbere yo kwerekeza muri Dallas Mavericks zombi zikina muri NBA, yavuze imyato Umunyarwandakazi Bella Murekatete nyuma yo gufasha ikipe y’Igihugu gutsinda iya Lebanon. Mu ijoro ryacyeye ni bwo ikipe y’u Rwanda y’abari n’abategarugori yatsinze iya Lebanon amanota 80-62, mu mukino wayo wa mbere mu y’ijonjora […]

Perezida Kagame yongeye kugaruka ku nama abayobozi birirwamo

Kuri uyu wa 19 Kanama 2024, ubwo Perezida Kagame yakiraga indahiro z’abagize Guverinoma,yasabye abayobozi bo mu nzego zose z’igihugu kugabanya igihe bamara mu nama. Izitari ngombwa zigahagarikwa, izikozwe nazo ntizirenze isaha imwe. Perezida Kagame wavuze ko uyu muco wo kwirirwa mu nama ukwiriye gucika, yagaragaje ko hari abitwaza izi nama bakica inshingano. Kuri Perezida Kagame […]