Karongi: Uwasigajwe inyuma n’amateka wihangiye imirimo arasaba Leta ubufasha

img_1290.jpg

Nyiransengimana Agnes, ni umuturage wo mu karere ka karongi, umurenge wa Mubuga ho mu kagari ka Murangara avuga ko yavanye amaboko mu mufuka akiyemeza kuva ku kubumba inkono nk’uko bagenzi be basigajwe inyuma n’amateka babikora, atangira ububumbyi bujyanye n’igihe bwo ku bumba amavazi ashyirwamo indabo ariko akaba akomeje kugorwa no kubona ibumba (inganzo) yanabasha kuyibona […]

Ujya wumva ibyimbye inda nyuma yo kurya? Dore zimwe mu mpamvu zishobora kubitera

Kumara kurya ukumva ubyimbiwe inda ntabwo ari ikimenyetso kigaragaza ko urwaye igifu n’ubwo nabyo bishobora kubitera, ahubwo hari zimwe mu zindi mpamvu zishobora kubitera ari nazo tugiye kurebera hamwe. Urubuga Medisite rutangaza ko impamvu zikurikira arizo zishobora gutuma uhora ugira ikibazo cyo kubyimba igifu igihe umaze kurya: Kwangizwa n’udukoko two mu bwoko bwa ‘Bactéries’ Kubyimba […]

Ubuyapani bwihanangirije Ubushinwa kubera indege yabwo yabuvogereye ikirere

Igisirikare cy’u Buyapani cyatangaje ko indege y’iperereza y’Abashinwa Y-9 yazengurutse hejuru y’izinga rya Danjo ku nkombe y’amajyepfo ashyira uburengerazuba bw’ikirwa kinini cy’amajyepfo cy’Ubuyapani cya Kyushu mu gihe cy’iminota ibiri, bongeraho ko abayobozi b’Ubuyapani barimo gusesengura ibikorwa bya gisirikare by’Ubushinwa biherutse gukorwa . Le Monde ivuga ko abakozi bahuriweho n’ingabo z’Ubuyapani bayitangarije ko, Ubuyapani bwateguje indege […]

FDLR na Jambo ASBL ni nk’ibivumvuri: Col Bora wahoze ari intasi nkuru ya FDLR

Colonel Nshimiyimana Augustin Alias Bola Manassé, yagereranyije umutwe wa FDLR yahozemo n’itsinda rya Jambo ASBL n’ibivumvuri bihora mu ndirimbo imwe, bijyanye no kuba ibinyoma birirwa bakwiza ku Rwanda bitajya bihinduka. Colonel Nshimiyimana ni umwe mu bantu bahoze bakomeye muri FDLR kuko yari umuyobozi ushinzwe ubutasi bwo hanze, aho yakoreshaga amazina ya Colonel Bora Manassé. Yatawe […]

Starmer akomeje kotswa igitutu nyuma yo gushyingura gahunda y’u Rwanda adafite iyisimbura

Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer akomeje gushinjwa kurushaho guteza ikibazo cy’abimukira nyuma yo gukuraho ingamba zari zafashwe n’aba conservateurs zo gukemura iki kibazo. Kuva Starmer yatsinda amatora muri Nyakanga, abimukira barenga 5000 bamaze kwinjira mu Bwongereza mu buryo butemewe bambutse umuyoboro wa English Channel. Icyakora, minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Yvette Cooper, yemeye […]

Congo yakumiriye ifu y’ibigori iherutse kwica imbwa 400 muri Zambia

Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), ibinyujije kuri Minisitiri w’Ubucuruzi, Julien Paluku Kahongya, yakumiriye ubwoko umunani bw’ifu y’ibigori yaturukaga mu gihugu cya Zambia nyuma y’uko bigaragaye ko irimo uburozi. Ubwoko bw’ifu bwahagaritswe ni ubufite ibirango bya ‘Africa Milling, Roller Meal and Breakfast, Farm Feed Super Dog Meal, Continental Milling, Shabco Milling, Girad Milling, […]

Umutima wawe n’imbaraga zicecetse

Nuko ba basirikare basubira ku batambyi bakuru n’Abafarisayo. Na bo barababaza bati”Mubujijwe n’iki kumuzana?” Abasirikare barabasubiza bati “Yemwe, ntabwo higeze kuba umuntu uvuga nka we.” (Yohana 7:45;46) Iki cyanditswe kirimo amasomo atatu akomeye: 1. Hari igihe umwanzi agambirira ibibi kuri twe, ariko ntibibuze Imana kudukorera ibikomeye, natwe tukemera ko ariyo yabikoze. Gusa ariko hakabamo n’abaduca […]

Eswatini: Barishimira ubufatanye n’Igisirikare cya RDF bafata nka kimwe mu bikaze muri Afurika

fwhjlxrveaabzl4.jpg

Itangazamakuru ryo mu Bwami bwa Eswatini ryakeje Igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko ari kimwe mu gisirikare gikomeye muri Afurika ndetse no ku Isi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare ibihugu byombi biherutse gushyiraho umukono i Kigali. Mu nkuru cyahaye umutwe ugira uti “ Amasezerano ya Eswatini n’Igisirikare gikomeye muri Afurika (eswatini’s pact with africa’s powerful army), […]