Karongi: Uwasigajwe inyuma n’amateka wihangiye imirimo arasaba Leta ubufasha

Nyiransengimana Agnes, ni umuturage wo mu karere ka karongi, umurenge wa Mubuga ho mu kagari ka Murangara avuga ko yavanye amaboko mu mufuka akiyemeza kuva ku kubumba inkono nk’uko bagenzi be basigajwe inyuma n’amateka babikora, atangira ububumbyi bujyanye n’igihe bwo ku bumba amavazi ashyirwamo indabo ariko akaba akomeje kugorwa no kubona ibumba (inganzo) yanabasha kuyibona […]
Ikiguruka kitamenyekanye cyabonetse muri Polonye nyuma y’igitero Uburusiya bwagabye kuri Ukraine
Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere ,Ingabo za Polonye zatangaje ko ikintu kiguruka mu kirere baketse ko gishobora kuba ari drone, cyinjiye mu kirere cya Polonye, igihugu kiri mu muryango wa NATO, mbere yo kubura muri radar , igihe Uburusiya bwagabaga ibitero bikomeye k’umuturanyi wacyo Ukraine. Ibitero byinshi byagabwe hakoreshejwe missile n’indege zitagira aba […]
Ujya wumva ibyimbye inda nyuma yo kurya? Dore zimwe mu mpamvu zishobora kubitera
Kumara kurya ukumva ubyimbiwe inda ntabwo ari ikimenyetso kigaragaza ko urwaye igifu n’ubwo nabyo bishobora kubitera, ahubwo hari zimwe mu zindi mpamvu zishobora kubitera ari nazo tugiye kurebera hamwe. Urubuga Medisite rutangaza ko impamvu zikurikira arizo zishobora gutuma uhora ugira ikibazo cyo kubyimba igifu igihe umaze kurya: Kwangizwa n’udukoko two mu bwoko bwa ‘Bactéries’ Kubyimba […]
Ubuyapani bwihanangirije Ubushinwa kubera indege yabwo yabuvogereye ikirere
Igisirikare cy’u Buyapani cyatangaje ko indege y’iperereza y’Abashinwa Y-9 yazengurutse hejuru y’izinga rya Danjo ku nkombe y’amajyepfo ashyira uburengerazuba bw’ikirwa kinini cy’amajyepfo cy’Ubuyapani cya Kyushu mu gihe cy’iminota ibiri, bongeraho ko abayobozi b’Ubuyapani barimo gusesengura ibikorwa bya gisirikare by’Ubushinwa biherutse gukorwa . Le Monde ivuga ko abakozi bahuriweho n’ingabo z’Ubuyapani bayitangarije ko, Ubuyapani bwateguje indege […]
FDLR na Jambo ASBL ni nk’ibivumvuri: Col Bora wahoze ari intasi nkuru ya FDLR
Colonel Nshimiyimana Augustin Alias Bola Manassé, yagereranyije umutwe wa FDLR yahozemo n’itsinda rya Jambo ASBL n’ibivumvuri bihora mu ndirimbo imwe, bijyanye no kuba ibinyoma birirwa bakwiza ku Rwanda bitajya bihinduka. Colonel Nshimiyimana ni umwe mu bantu bahoze bakomeye muri FDLR kuko yari umuyobozi ushinzwe ubutasi bwo hanze, aho yakoreshaga amazina ya Colonel Bora Manassé. Yatawe […]
Starmer akomeje kotswa igitutu nyuma yo gushyingura gahunda y’u Rwanda adafite iyisimbura
Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza, Sir Keir Starmer akomeje gushinjwa kurushaho guteza ikibazo cy’abimukira nyuma yo gukuraho ingamba zari zafashwe n’aba conservateurs zo gukemura iki kibazo. Kuva Starmer yatsinda amatora muri Nyakanga, abimukira barenga 5000 bamaze kwinjira mu Bwongereza mu buryo butemewe bambutse umuyoboro wa English Channel. Icyakora, minisitiri w’umutekano w’imbere mu gihugu, Yvette Cooper, yemeye […]
Congo yakumiriye ifu y’ibigori iherutse kwica imbwa 400 muri Zambia
Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo (DRC), ibinyujije kuri Minisitiri w’Ubucuruzi, Julien Paluku Kahongya, yakumiriye ubwoko umunani bw’ifu y’ibigori yaturukaga mu gihugu cya Zambia nyuma y’uko bigaragaye ko irimo uburozi. Ubwoko bw’ifu bwahagaritswe ni ubufite ibirango bya ‘Africa Milling, Roller Meal and Breakfast, Farm Feed Super Dog Meal, Continental Milling, Shabco Milling, Girad Milling, […]
Umutima wawe n’imbaraga zicecetse
Nuko ba basirikare basubira ku batambyi bakuru n’Abafarisayo. Na bo barababaza bati”Mubujijwe n’iki kumuzana?” Abasirikare barabasubiza bati “Yemwe, ntabwo higeze kuba umuntu uvuga nka we.” (Yohana 7:45;46) Iki cyanditswe kirimo amasomo atatu akomeye: 1. Hari igihe umwanzi agambirira ibibi kuri twe, ariko ntibibuze Imana kudukorera ibikomeye, natwe tukemera ko ariyo yabikoze. Gusa ariko hakabamo n’abaduca […]
Eswatini: Barishimira ubufatanye n’Igisirikare cya RDF bafata nka kimwe mu bikaze muri Afurika

Itangazamakuru ryo mu Bwami bwa Eswatini ryakeje Igisirikare cy’u Rwanda rivuga ko ari kimwe mu gisirikare gikomeye muri Afurika ndetse no ku Isi nyuma y’amasezerano mu bya gisirikare ibihugu byombi biherutse gushyiraho umukono i Kigali. Mu nkuru cyahaye umutwe ugira uti “ Amasezerano ya Eswatini n’Igisirikare gikomeye muri Afurika (eswatini’s pact with africa’s powerful army), […]
Rubavu: Abuzukuru ba Shitani bari barayogoje umujyi wa Gisenyi buburiye umutwe mu murenge wa Cyanzarwe
Mu Karere ka Rubavu mu murenge wa Cyanzarwe, hari abaturage barimo gutabaza inzego zibishinzwe basaba ko babakiza insoresore ziyise abuzukuru ba shitani zibazengereje . Bavuga ko nyuma y’uko izi nsoresore ziciwe mu mujyi wa Gisenyi no mu nkengero zawo, zahise zihindura umuvuno ziyoboka mu bice by’ibyaro by’umwihariko mu murenge wa Cyanzarwe. Bamwe mu baganiriye na […]