Kenya: Sena yatangiye kujya impaka ku kweguza Visi Perezida Gachagua

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 16 Ukwakira 2024, Sena ya Kenya yatangiye kujya impaka ku kweguza Visi Perezida Rigathi Gachagua, nyuma gato y’aho urukiko i Nairobi ruteye utwatsi icyifuzo cye cyo guhagarika iki gikorwa. Inteko ishinga amategeko umutwe w’abadepite mu cyumweru gishize yari yatoye ku majwi menshi kweguza Visi Perezida Gachagua ushinjwa ibirego 11 bitandukanye […]

Perezida Kagame yavuze imyato Amb Col (Rtd) Karemera wasezeweho bwa nyuma

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yavuze imyato Col (Rtd) Karemera Joseph uheruka kwitaba Imana, amugaragaza nk’umuntu waranzwe n’ubwitange haba mu gihe cyo kubohora igihugu na nyuma yaho. Mu cyumweru gishize ni bwo Col (Rtd) Karemera wabaye Minisitiri w’Uburezi, uw’Ubuzima, Ambasaderi ndetse n’umusenateri yapfuye azize uburwayi. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo mu nteko […]

Gatsibo: Urupfu rw’umunyeshuri wigaga kuri GS Muhura rwabashenguye

Mu Karere ka Gatsibo,mu murenge wa Muhura,Akagari ka Taba mu kigo cy’amashuri cya Groupe Scolaire Muhura,haravugwa inkuru y’urupfu rw’umunyeshuri wigaga mu mwaka wa Gatanu w’amashuri yisumbuye wapfuye azize uburwayi butaramenyekana, aho yafatiwe ku ishuri. Amakuru BWIZA yahawe na bamwe mu bakora kuri iki kigo, bavuga ko ngo uyu mwana ashobora kuba yagiraga indwara yo kubura […]

Abantu 94 bahitanwe n’iturika ry’ikigega cya lisansi muri Nigeria

Polisi yemeje ko byibuze abantu 94 bapfuye abandi 50 barakomereka muri Nigeria. Bivugwa ko abaturage bari bateraniye hafi y’ikigega cyaguye batangira kuyora lisansi yamenetse . Kuri uyu wa Gatatu, itariki 16 Ukwakira 2024, Igipolisi cyo muri Nigeria cyemeje ko byibuze abantu 94 bapfuye abandi 50 barakomereka. Ibi byabereye mu majyaruguru ya Leta ya Jigawa ku […]

Abarobyi bavanye mu nyanja umugabo wari umaze iminsi 67 aburiwe irengero

Umugabo w’Umurusiya witwa Mikhail Pichugin w’imyaka 46 ,yatabawe nyuma y’ amezi abiri n’iminsi irindwi aburiye mu nyanja ya Okhotsk mu burasirazuba bw’Uburusiya.Uwo mugabo yabonywe n’abarobyi bari mu bwato ku ntera y’ibirometero 1000 uturutse aho ubwato yarimo bwahagurukiye . Imirambo y’umuvandimwe we na mwishywa we w’imyaka 15 bivugwa ko bayisanze muri ubu bwato bapfiriyemo. Umugore wa […]

Masisi: Abawazalendo bagerageje gutera ibirindiro bya M23 bitandukanye ntibyabahira

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 15 Ukwakira 2024, umutekano wari ukomeje kuba mubi kandi uhindagurika mu turere twinshi two muri Teritwari ya Masisi, Kivu y’Amajyaruguru, nyuma y’imirwano ikaze yabaye ku wa Mbere hagati y’inyeshyamba za M23 n’inyeshyamba z’Abawazalendo mu duce tumwe na tumwe two mu Mujyi wa Sake, nko muri Sheferi ya Bahunde no […]

Kinshasa: Bus z’ikigo cy’igihugu z’ubwikorezi zahiye zirakongoka

gz9hy_0xaae6j0v.jpg

Bus z’Ikigo cy’ikigo cy’igihugu cy’ubwikorezi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Transco, kuri uyu wa Kabiri ushize, itariki 15 Ukwakira 2024, zafashwe n’inkongi y’umuriro aho zari ziparitse ku bubiko bw’iki kigo mu gace ka Siforco, i Masina, mu burasirazuba bwa Kinshasa. Amakamyo abiri ashinzwe kuzimya inkongi y’umuriro yatabaye aturutse ku kibuga cy’indege cya N’djili kugira […]

Uganda: Ubwambure bw’umuhanzikazi w’umunyarwanda bwongeye gutitiza imihanda

Amashusho y’ubwambure bw’umunyarwandakazi Gloria Busingye uzwi mu muziki nka ‘Bugie’, yongeye gusakara ku mbuga nkoranyambaga zo muri Uganda aho asanzwe akorera umuziki. Muri aya mashusho Bugie waririmbye indirimbo zirimo “Bankyawa” agaragara yicaye ku gatebe ashimashima imyanya ye y’ibanga. Kugeza ubu uwayafashe ntabwo aramenyekana. Icyakora nyirayo agaragara asa n’aho yari anyuzwe n’uko ari gufatwa. Amashusho ya […]

RDC: Haravugwa imyitozo ya gisirikare ihuriweho hagati ya Kenya na Nepal

gzr9syoxuaao8y_.jpg

Ingabo zishinzwe gutabara byihuse z’Abanyakenya (QRF) na bagenzi bazo bo muri Nepal mu cyumweru gishize basoje imyitozo ihuriweho muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) kugira ngo barusheho kwitwara neza igihe bahamagariwe kurinda abaturage no guteza imbere umutekano. Iyi myitozo, nk’uko byatangajwe n’Igisirikare cya Kenya (KDF), yahujwe na “Operation Kulinda” kandi hagaragaramo imirimo ikomeye yakozwe […]

Ukraine irashinjwa guha drones inyeshyamba zo muri Mali

Ukraine yahakanye ibivugwa ko yahaye indege za drones inyeshyamba zirwana n’Ingabo za Mali hamwe n’abacanshuro bashyigikiwe n’u Burusiya . Ibi bibaye nyuma y’uko ikinyamakuru Le Monde gikorera mu mujyi wa Paris kivuze ko indege zitagira abadereva zo muri Ukraine zifasha inyeshyamba z’Aba-Tuareg “zungukirwa n’inkunga y’ibanga ariko ifatika ya Kyiv”. Guverinoma iyobowe na Mali yahagaritse ubufatanye […]