FARDC iri kurambagiza indege z’indwanyi zikorwa n’u Buhinde za Tejas Mk1

Igisirikare cyo mu kirere cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FAC) kirashaka cyane kuvugurura indege zacyo, kandi ubu u Buhinde nibwo buhanzwe amaso mu gushakisha indege za gisirikare ziteye imbere. Muri Kanama, intumwa zikomeye zaturutse mu Gisirikare cya Congo (FARDC) zasuye New Delhi kugira ngo baganire ku bijyanye no kubona indege z’indwanyi za Tejas Mk1 […]
Itangazo ryo gusubiza MURANJO GROUP Ltd mu gitabo cy’amasosiyete
DR Congo: Barasaba ko amafaranga agabanywa 50% kugirango abarimu bongezwe
Muri Kivu y’Amajyaruguru,ku itariki ya 15 Ukwakira 2024, Sosiyete sivile yasabye Inteko Ishinga Amategeko ko igabanya ku kigero cya 50% uburyo inzego z’imirimo ya Leta zikoreshamo umutungo kugira ngo haboneke amafaranga yo guhemba abarimu bari mu myigaragambyo. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara i Goma, iyi sosiyete yagaragaje ko ihangayikishijwe n’ibibazo byatewe no guhagarika amasomo mu ntangiriro […]
Burundi: Umucuruzikazi w’ibitenge yishwe n’abapolisi
Umugore witwa Belyse Nimpagaritse yapfuye mu gitondo cyo ku itariki ya 15 Ukwakira 2024 aguye mu Bitaro bya Rumonge (mu majyepfo y’uburengerazuba bw’u Burundi) akekwaho kugurisha ibitenge mu buryo butemewe n’amategeko, aho yakubiswe n’abapolisi mbere yo gupfira mu bitaro yari yimuriwemo. Umuryango we urasaba iperereza ryigenga. Belyse Nimpagaritse yafatiwe mu gace ka Nkayamba, mu Mujyi […]
Gusenya FDLR si byo byonyine bizatuma umutekano ugaruka mu burasirazuba bwa RDC: Mukuralinda
Guverinoma y’u Rwanda biciye mu muvugizi wayo wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasenya umutwe wa FDLR atari byo byonyine byatuma umutekano ugaruka mu burasirazuba bwayo, ko ahubwo hari ibindi isabwa gukora kugira ngo ikibazo gikemuke burundu. Alain Muku yabitangarije mu kiganiro cyihariye yagiranye na BWIZA TV. Ni ikiganiro cyabaye […]
Liam Payne wahoze muri One Direction yahanutse ku igorofa ahita apfa ku myaka 31
Igipolisi kiravuga ko Liam Payne wahoze ari umwe mu bahanzi bagize itsinda rya One Direction, yapfuye ku myaka 31 apfiriye muri Argentine nyuma yo guhanuka ku igorofa rya gatatu rya hotel i Buenos Aires. Mu itangazo ryabo, abapolisi bavuze ko bavumbuye umurambo wa Payne nyuma y’uko itsinda ry’ubutabazi ritabajwe byihutirwa mu gace ka Palermo. Payne […]
USA: Igihano cy’urupfu kiravuza ubuhuha, batandatu mu minsi 12

Kuri uyu wa Kane, abagabo babiri bo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Derrick Dearman wo muri Leta ya Alabama na Robert Roberson wo muri Leta ya Texas bagomba kunyongwa, Umuryango w’Abibumbye uvuga ko iki gihano gihangayikishije . Derrick Dearman w’imyaka 35 y’amavuko, yahamijwe ibyaha byo guhotora abantu byibura batanu bose mu kwezi kwa munani […]
U Rwanda ntirukozwa ibyo kuba gusenya FDLR byahuzwa no gukuraho ‘ingamba z’ubwirinzi’ rwafatiye RDC
Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko idashyigikiye kuba ibikorwa byo gusenya umutwe wa FDLR byahuzwa no kuvanaho ‘ingamba z’ubwirinzi’ zafatiwe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, bijyanye no kuba iki gihugu gikunze kuzana amananiza nkana ku biba byumvikanyweho. Byatangajwe n’Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda, Alain Mukuralinda ubwo yaganiraga na BWIZA TV. Mu cyumweru gishize ni bwo […]
Polisi yafashe abacyekwaho kwiba inka 17 zafatiwe mu Ntara y’Iburasirazuba
Polisi y’u Rwanda yatahuye inka 17 zari zaribwe mu duce dutandukanye two mu Ntara y’Iburasirazuba, hafatwa na bamwe mu bacyekwaho kuziba . Izi nka zagarujwe ziri muri 25 zibwe hagati y’ukwezi kwa Nyakanga na Nzeri uyu mwaka, mu turere twa Kayonza, Gatsibo na Nyagatare, aho abagera kuri 63 bacyekwaho kuziba bahise batabwa muri yombi. Umuvugizi […]
RDF yanyomoje inkuru ishinja ingabo zayo ziri muri MINUSCA gufata abagore ku ngufu
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF) cyanyomoje inkuru ishinja ingabo z’u Rwanda ziri mu butumwa bwa Loni bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA) gufata abagore bo muri kiriya gihugu ku ngufu. Ni inkuru yanditswe n’umunyamakurukazi Barbara Debout wayitambukije mu binyamakuru bya The New Humanitarian na Le Monde. Uyu mu nkuru ye yasubiyemo ubuhamya bw’abagore batatu […]