ITANGAZO KU BIFUZA GUKODESHA UBUBIKO BURI KU MIPAKA ITANDUKANYE (WAREHOUSES and DATA TRADE INPUT).
Itangazo ryo guhindura izina akitwa KAMIKAZI Liliane
Kagame yashimiye Perezida Ilham Aliye ku bwo kwakira neza COP29
Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yabonanye na mugenzi Ilham Aliye wa Azerbaijan, amushimira uko igihugu cye cyakiriye neza Inama y’Umuryango w’Abibumbye yiga ku mihindagurikire y’ibihe (COP29). Perezida Paul Kagame ari mu bitabiriye iyi nama yahuje abayobozi batandukanye bo hirya no hino ku Isi. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu ku rubuga rwabyo rwa X byatangaje ko […]
Umugangakazi wo mu Burusiya yakatiwe imyaka 5 y’igifungo azira kunenga intambara yo muri Ukraine

Dr Nadezhda Buyanova, umugangakazi w’abana wo mu Burusiya, yatawe muri yombi nyuma y’uko nyina w’umwe mu barwayi be afashe amashusho yinubira ko Buyanova yanenze intambara y’u Burusiya muri Ukraine. Uyu mugangakazi yakatiwe igifungo cy’imyaka itanu n’igice azira gukwirakwiza amakuru y’ibinyoma ku gisirikare cy’u Burusiya, nyuma y’uko nyina w’umwe mu barwayi be abimenyesheje abayobozi nk’uko byatangajwe […]
Perezida wa Kazakhstan yashimangiye akamaro ko gukomeza ubufatanye n’u Rwanda

Perezida wa Repubulika , Paul Kagame, kuri uyu wa kabiri, itariki 12 Ugushyingo 2024, yagaragaje ko yifuza kwagura ubufatanye hagati y’u Rwanda na Kazakhstan, ubwo yahuraga na mugenzi we w’iki gihugu, Kassym-Jomart Tokayev, bahuriye i Baku muri Azerbaijan, aho bitabiriye inama ya 29 ku guhangana n’imihindagurikire y’ikirere (COP29) . Impande zombi zaganiriye ku cyerekezo cy’iterambere […]
RDF yataye muri yombi Sergeant wayo wiciye abantu 5 i Nyamasheke
Igisirikare cy’u Rwanda (RDF), cyatangaje ko cyataye muri yombi umusirikare wo mu ngabo zacyo warasiye mu cyico abantu batanu bo mu karere ka Nyamasheke. RDF yemeje ko yataye muri yombi Sergeant Minani Gervais, mu itangazo yasohoye kuri uyu wa Gatatu tariki ya 13 Ugushyingo 2024. Yagize ati: “Ingabo z’u Rwanda (RDF) zibabajwe n’ibyago byabereye mu […]
Ukraine: Umurwa mukuru, Kyiv, wibasiwe n’ibitero bya misile by’u Burusiya
U Burusiya bwagabye ibitero bya misile kuri Ukraine, aho umuyobozi mukuru muri perezidansi yemeje ko umurwa mukuru wa Kyiv nawo wagabweho igitero. Ingabo zirwanira mu kirere za Ukraine zabanje guteguza igihugu cyose ibitero by’indege mu gihe ibitero bya misile by’u Burusiya byibasiye ibice bitandukanye harimo n’umurwa mukuru, Kyiv. Amerika ivuga ko Ingabo za Koreya ya […]
Nyamasheke: Umusirikare yarashe abaturage 5 mu cyico
Uwo abaturage bavuga ko ari umusirikare wo mu ngabo z’u Rwanda (RDF) mu ijoro ryacyeye yarasiye mu kabari abantu batanu bo mu karere ka Nyamasheke, arabica. Byabereye mu isantere y’ubucuruzi ya Rubyiruko iherereye mu mudugudu wa Kageyo, akagari ka Rushyarara ho mu murenge wa Karambi, mu ma saa saba z’ijoro. Umuturage witwa Mandela yabwiye BWIZA […]
Burundi: Umunyamakuru Sandra Muhoza yasabiwe gufungwa imyaka 12
Kuri uyu wa Kabiri, itariki 12 Ugushyingo 2024, Umushinjacyaha yasabiye Umunyamakuru Sandra Muhoza, igifungo cy’imyaka 12 no gutanga ihazabu y’amafaranga miliyoni imwe y’Amarundi, mu gihe abamwunganira bakomeje gutangaza ko ari umwere kandi basaba ko yarekurwa . Kuri uyu wa Kabiri, nibwo Sandra Muhoza yitabye imbere y’abacamanza mu Rukiko rwa Mukaza rwagati mu murwa Mukuru w’ubucuruzi […]
Umunyarwanda n’Umurundi batawe muri yombi bazira gutunga intwaro
Polisi ya Malawi yataye muri yombi impunzi ebyiri zirimo iy’Umunyarwanda ndetse n’Umurundi ikurikiranyeho gutunga intwaro mu buryo bunyuranyije n’amategeko. Izi mpunzi zombi zafashwe nyuma y’isaka ritunguranye ryabaye mu nkambi ya Dzaleka zabagamo ku Cyumweru gishize. Amakuru avuga ko nyuma y’iri saka abatawe muri yombi bafatanwe imbunda ebyiri. Kuri ubu uwo Munyarwanda n’Umurundi bafungiye muri kasho […]