Trump yahisemo umunyamakuru nka Minisitiri mushya w’Ingabo, anaha Elon Musk imirimo

Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko umunyamakuru Pete Hegseth ari we agomba kugira Minisitiri mushya w’ingabo za kiriya gihugu. Hegseth usanzwe akorera Televiziyo ya Fox News, usibye kuba ari umunyamakuru yanahoze mu ngabo za Amerika zirwanira mu mazi. Mbere yo kwemererwa gutangira ziriya nshingano ishyirwaho rigomba kubanza kwemezwa na Sena […]

Gicumbi: Umukozi w’umurenge akurikiranweho kunyereza ifumbire yari igenewe abahinzi

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Gicumbi, kuwa Mbere, itariki 11 Ugushyingo 2024, bwagejeje imbere y’ Urukiko Rwisumbuye rwa Gicumbi dosiye y’ umukozi ushinzwe ubuhinzi muri umwe mu mirenge igize Akarere ka Gicumbi ukurikiranyweho kunyereza ifumbire yari igenewe abahinzi . Icyo cyaha bivugwa ko yagikoze ku itariki ya 31/03/2024 ubwo yakoreshaga umuzamu warindaga iyo fumbire agakuramo […]

Hateranye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda yiga ku mutekano n’imikorere ya kinyamwuga

csm_gck-cu5xmaa9xi1_67778ed927.jpg

Kuri uyu wa Kabiri tariki 12 Ugushyingo 2024, ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru hateraniye Inama Nkuru ya Polisi y’u Rwanda . Ni inama ihuza abayobozi bakuru ba Polisi y’u Rwanda ku rwego rw’igihugu, abayobora amashami atandukanye n’amashuri ya Polisi y’u Rwanda n’abayobora Polisi ku rwego rw’Umujyi wa Kigali, intara n’uturere yafunguwe ku mugaragaro […]