Kirehe: Ibura ry’amazi rikomeje kuvugisha benshi riri kuvugutirwa umuti

Mu ntara y’iburasirazuba by’umwihariko mu karere ka Kirehe ni hamwe mu duce tw’u Rwanda dukunze kugaragaramo ibura ry’amazi, ku buryo bamwe mu baturage bahora bahangayitse basaba ko iki kibazo kimaze igihe kirekire cyashakirwa umuti urambye. Kugeza ubu hari bamwe mu baturage bavuga ko kubona amazi bisigaye ari tombora ndetse bikaba binahenze, ni mu gihe biruhutsa […]
Imbunda zakangaranyije Juba ubwo bashakaga gufata uwahoze ayobora ubutasi
Ku mugoroba wo kuri uyu wa Kane ushize, itariki 21 Ugushyingo 2024, umurwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, wumvikanyemo urusaku rw’amasasu rwadutse nyuma y’uko abashinzwe umutekano bageragezaga guta muri yombi uwahoze ayobora urwego rw’ubutasi, nk’uko abanyamakuru ba Reuters babitangaje ndetse n’imenyesha ryohererejwe abakozi ba Loni. Amasasu yatangiye kumvikana ahagana saa moya z’umugoroba ku isaha yaho […]
Minisitiri Dr. Utumatwishima yagiranye ibiganiro na Davis D na Alyn Sano

Ku wa Gatanu tariki ya 22/11/2024, Minisitiri w’Urubyiruko n’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Abdallah, yakiriye umuhanzi Davis D, waherekejwe na Basile Uwimana, umujyanama we Bagenzi Bernard ndetse n’umuhanzikazi Alyn Sano. Ibi biganiro byabaye mu rwego rwo gufasha no gushyigikira urugendo rw’umuhanzi Davis D, umaze imyaka 10 mu muziki, ndetse no kumwubakira ubushobozi bwo gukora igitaramo gikomeye kizizihiza […]
Filime nshya wareba muri izi mpera z’icyumweru (weekend)

Sinema ni urujya n’uruza rw’ibitekerezo, amarangamutima, n’inkuru zidufasha kwinjira mu bindi bihe n’indi mibereho. Nk’uko Alfred Hitchcock, umwe mu bahanga mu bijyanye na sinema, yigeze kuvuga, “Sinema ni ubuzima buvanze n’ibyiza by’ubuhanzi n’imirongo itajegajega y’ubugeni.” Mu bihe by’iminsi y’impera z’icyumweru, abakunda sinema bagira ibyishimo byinshi, kuko ari igihe cya karuhuko cyiza cyo kureba filime nshya. […]
Thomas Partey agiye gutangiza irushanwa rye
Umukinnyi wo hagati wa Arsenal, Thomas Partey, yatangaje ko agiye gutangiza irushanwa rya mbere ryiswe Thomas Partey Tournament, rigamije kugaragaza impano nshya z’urubyiruko muri Ghana. Iri rushanwa rizabera ku kibuga cya Tuba Astroturf muri Accra, kuva tariki ya 2 kugeza kuya 5 Ukuboza, rikaba ritegurwa ku bufatanye na JJ SPORTS. Mu gusobanura impamvu yatekereje iri […]
Burundi: Umukozi wa banki yakatiwe imyaka 3 y’igifungo azira kunenga perezida n’umufasha we
Umugabo witwa Jacques Ntakirutimana kuwa Kabiri yahamijwe icyaha n’urukiko rwa Kayanza (mu majyaruguru y’u Burundi) mu rubanza rukomeye. Uyu mukozi wa banki ya BGF (Management and Financing Bank) yashinjwaga gusuzugura umukuru w’igihugu n’umugore we. Uyu yahakanye ibirego byose aregwa ariko yemera ko yagize icyo atangaza, kimwe n’abandi, ku kibazo rusange igihugu kirimo. Ibyo uyu mugabo […]
Kuki abayobozi bari ku butegetsi bacye ari bo bahuye na I.C.C. ku byaha by’intambara?

Mu mateka y’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha rwa La Haye mu Buholandi, Benyamin Netanyahu yiyongereye ku rutonde rw’abategetsi uru rukiko rwashyiriyeho impapuro zo kubata muri yombi. Ni impapuro zashyizwe hanze kuri uyu wa Kane itariki 21 Ugushyingo 2024. Kuri uru rutonde rero hari Perezida w’Igihugu cy’Uburusiya, Vladmir Vladmirovic Putin, uwahoze ari Perezida wa Sudan, General Omar Al-Bashir […]
Sake: FARDC yaramutse isuka amabombe kuri M23
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Gatanu watangaje ko ingabo zawo zaramutse zisukwaho umuriro w’amabombe n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Umuvugizi w’ishami rya Politiki ry’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko kuva mu gitondo ingabo za Leta ziri kurasa ku birindiro by’ingabo za M23 zikoresheje imbunda ziremereye, anashinja izi ngabo kurasa […]
Fatakumavuta yandikiye Gorilla FC abasaba gutsinda Rayon Sports
Sengabo Jean Bosco uzwi ku mbuga nkoranyambaga nka Fatakumavuta, kuri ubu afungiye mu Igororero rya Mageragere, yandikiye ubuyobozi bw’ikipe ya Gorilla FC abasaba gukora ibishoboka byose bagatsinda Rayon Sports mu mukino w’ikirarane uteganyijwe kuri iki Cyumweru, tariki ya 24 Ugushyingo 2024, kuri Kigali Pele Stadium. Uyu mukino utegerejwe n’abakunzi b’umupira w’amaguru, kuko Rayon Sports iri […]
Cabo Delgado: Maj Gen Ruvusha yakiriye Admiral Mangrasse ukuriye FADM

Kuri uyu wa Kane, itariki ya 21 Ugushyingo 2024, Umuyobozi w’ingabo z’u Rwanda (RSF) zoherejwe muri Mozambique, Maj Gen Emmy K Ruvusha yakiriye Umuyobozi mukuru w’ingabo z’iki gihugu (CGS) Admiral Joaquim Mangrasse wasuye icyicaro gikuru cy’ingabo i Mocimboa da Praia. Ibiganiro byabo byibanze ku bikorwa bikomeje byo kwirukana abaterabwoba aho bihishe mu Ntara ya Cabo […]