U Rwanda rwashimangiye ko ingamba z’ubwirinzi rwafatiye RDC zikiriho

Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko ingamba zo kurinda ko hari icyaturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kikaruhungabanyiriza umutekano zigomba kugumaho, nyuma y’amagambo y’urwango aheruka gutangazwa na Minisitiri w’Ubutabera w’iki gihugu. nyuma y’uko Minisitiri w’Ubutabera w’iki gihugu atangaje ko azafunga Perezida Paul Kagame. Ku Cyumweru tariki ya 24 Ugushyingo ubwo Minisitiri Constant Mutamba yaganiraga n’imfungwa […]

Misiri: Imirambo 3 muri 17 niyo imaze kuboneka nyuma y’irohama ry’ubwato

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri,tariki ya 26 Ugushyingo 2024, imibiri itatu yarohowe nyuma y’uko ubwato bw’ubukerarugendo bwarohamye mu nyanja Itukura mu Misiri. Itsinda ry’abatabazi rikomeje gushakisha abandi bantu 13 bakiburiwe irengero, nk’uko guverineri w’intara ikora ku nyanja Itukura, Amr Hanafi, yabitangarije ibiro ntara makuru by’ubwongereza, Reuters. Ubwato bw’ubukerarugendo bwa metero 34 z’uburebure bwa […]

Nyamasheke: Abakozi 11 basezereye rimwe akazi

Abakozi 11 bo mu karere ka Nyamasheke bandikiye Umuyobozi w’Akarere basaba gusezera akazi, nyuma y’amakuru yari amaze iminsi avugwa ko hari abashobora gukurwa mu nshingano muri ako karere. Perezida w’Inama Njyanama y’Akarere ka Nyamasheke yavuze ko aya makuru yayamenye ariko avuga ko amakuru arambuye yatangazwa n’Umuyobozi w’Akarere. Umuyobozi w’Akarere ka Nyamasheke, Mupenzi Narcisse, yavuze ko […]

Lewis Hamilton arifuza gukinira mu Rwanda

Lewis Hamilton, umukinnyi w’icyubahiro mu mukino wa Formula 1, yashimangiye ko gukinira muri Afurika, cyane cyane mu Rwanda, ari inzozi atari kumva ko zishoboka mbere y’uko asezera mu mukino w’amasiganwa. U Rwanda rukomeje kwerekana ubushake bwo kwakira irushanwa rya Grand Prix nyuma y’imyaka 30 itabera muri Afurika, uhereye aho riheruka gukinirwa muri Afurika y’Epfo mu […]

Nyagatare: Uwafashwe yiyita Umupolisi abeshya abashinjacyaha,ubu ari imbere yabo

Ubushinjacyaha ku Rwego Rw’Ibanze rwa Nyagatare, bwakiriye dosiye y’umugabo wabeshyaga abaturage ko ari umupolisi, akabaka amafaranga abizeza kubafasha akabafunguriza abantu babo bafunze. Uyu mugabo yafashwe aje mu Bushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyagatare ari kumwe n’umuturage yabeshyaga ko ari umupolisi agiye kumufasha gufunguza musanzire we ufungiye icyaha cyo gutunda ibiyobyabwenge. Yinjiye mu Bushinjacyaha avuga ko […]

Ukuntu Hip Hop yahinduye ubuzima bwa Rider Man akiyumva nk’uvutse bwa kabiri

Umuraperi Riderman, umwe mu bahanzi bakomeye mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yagaragaje uko iyi njyana yatumye ahindura imitekerereze ndetse n’ubuzima. Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, Riderman yavuze ko umunsi yakira Hip Hop mu buzima bwe yabaye nk’uvutse bwa kabiri. Mu magambo yuje amarangamutima, uyu muraperi yasobanuye ko iyi njyana atigeze ayifata gusa […]

Imiryango igera ku 1,143 ituye mu turere dukunze kwibasirwa n’ibiza igiye guhungishwa

Imiryango igera ku 1,143 ituye mu turere dukunze kwibasirwa n’ibiza, igiye guhungishwa ibiza byaterwa n’imvura iteganyijwe mu gihe cy’ibyumweru bibiri biri imbere nk’uko byatangajwe na Minisiteri ishinzwe Ibikorwa by’Ubutabazi (MINEMA) kuri uyu wa Mbere, itariki 25 Ugushyingo 2024. Philippe Habinshuti, Umunyamabanga Uhoraho muri MINEMA, yatangarije RBA ko hari uduce tw’Igihugu aho ubutaka bwamaze koroha cyane […]

Gisagara: Umubikira uyobora ikigo nderabuzima cya Save yatawe muri yombi

Umubikira uyobora Ikigo Nderabuzima cya Save giherereye mu murenge wa Save ho mu karere ka Gisagara, yatawe muri yombi azira gutwara sima muri Ambulance. Soeur Nyiraminani Bellancille yatawe muri yombi nyuma y’amashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambaga igaragaza imbangukiragutabara bivugwa ko y’Ibitaro bya Gakoma biherereye mu karere ka Gisagara ipakirwamo imifuka ya sima. Minisitiri w’Ubuzima, Dr […]

Amategko 5 ugomba gukurikiza mbere yo kujya mu rukundo

Abantu benshi bifuza kumenya uko bashobora kwinjira mu rukundo kandi rukababera rwiza, ariko ni ngombwa kumenya neza ibyo utegereje ndetse n’uburyo bwo gutangira urukundo rufite intego. Mu gihe ushaka urukundo, hari byinshi byo gusuzuma no gutekereza mbere yo gufata icyemezo cyo gukunda. Dore zimwe mu nama z’ibanze zagufasha gutangira umubano uhamye, mwiza, kandi wubatswe ku […]

APR FC igomba gukina mikino 4 mu minsi 11 gusa

Ikipe ya APR FC iri kwitegura gukina imikino myinshi y’ibirarane mu gihe gito, aho izakina imikino ine mu minsi 11 gusa. Uyu mwaka, ikipe y’Ingabo yari iri mu marushanwa ya CAF Champions League, ibyo bigatuma yisanga imikino imwe n’imwe mu gihugu ibaye ibirarane none ubu igomba gukina iyo mikino y’ibirarane kugira ngo igerageze kugera ku […]