Rayon Sports U17 yatewe mpaga

Ikipe y’abatarengeje imyaka 17 ya Rayon Sports yahuye n’undi mwuka mubi muri shampiyona y’ingimbi nyuma yo gutererwa mpaga y’ibitego 3-0 ku mukino wagombaga kuyihuza na Mukura Victory Sports kuri uyu wa Gatandatu. Impamvu yo kubura ku kibuga ntiratangazwa neza, ariko bivugwa ko byatewe n’ibibazo byo gutegura nabi. Uyu mukino wari uteganyijwe kubera ku kibuga cy’i […]

Sauti Sol yageze mu Rwanda ituzuye

Sauti Sol yageze i Kigali ku wa 30 Ugushyingo 2024 mu rugendo rwo gushimira abafana no gusezera ku buhamya bw’imyaka 17 bamaze bahesha ibyishimo abakunzi b’umuziki. Abagize iri tsinda bageze ku kibuga cy’indege Mpuzamahanga cya Kigali ahagana saa sita z’amanywa, aho bafite igitaramo kuru uyu munsi. Uyu munsi witezweho udushya, aho Sauti Sol iraririmba ifatanyije […]

Tshisekedi yakwepye inama ya EAC

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa wa Gatandatu yanze kwitabira inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo ni bwo i Arusha muri Tanzania habereye inama ya 24 isanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba. Ni inama yitabiriwe n’abakuru b’ibihugu barimo Samia […]

Gushaka abagore benshi ku mukirisitu ni icyaha?

Bibiliya, nk’igitabo cy’umurongo ngenderwaho ku myitwarire y’abakirisitu, igaragaza ko gushaka umugore umwe ari gahunda Imana yashyizeho kuva kera. Mu Itangiriro 2:24, haranditse ngo: “Ni cyo gituma umugabo azasiga se na nyina, akomatana n’umugore we, bombi bakaba umubiri umwe.” Uyu murongo werekana ko gushaka umugore umwe ari gahunda Imana yashyizeho. Gusa, hari abagabo benshi bo muri […]

Premier league yateye utwatsi ubusabe bwa APR FC

Urwego rwa Rwanda Premier league rutegura shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda, rwateye utwatsi ubusabe bw’ikipe ya APR FC yari yarusabye gusubika umukino w’umunsi wa 12 wa shampiyona ifitanye na Police FC. Ku wa Gatanu tariki ya 29 Ugushyingo ni bwo APR FC yari yandikiye ubuyobozi bwa Premier league isaba ko uriya mukino usubikwa, kuko […]

Real Madrid yitabaje Zidane ngo afashe Mbappe kugaruka mu bihe byiza

Ikipe ya Real Madrid iri mu bibazo kubera imikinire idashimishije ya Kylian Mbappe mu mwaka w’imikino wa 2024/2025. Mbappe amaze gutsinda ibitego bibiri gusa kuva muri Nzeri, kandi aherutse guhusha penaliti y’ingenzi mu mukino wa Champions League batsinzwe na Liverpool ibitego 2-0 i Anfield. Uyu mukinnyi w’imyaka 24, witezweho byinshi kubera ubuhanga bwe, yakomeje kugorwa […]

Gatsibo: Umusore yibye inyama y’umukiriya iramuniga arapfa

Mu mudugudu wa Cyintunga mu murenge wa Murambi ho mu karere ka Gatsibo humvikanye inkuru y’inshamugongo aho umusore witwa Nyamuberwa Gervais uri mu kigero cy’imyaka 28-30 yacunze nyiri Resitora yiba inyama ku isahane arayimira iramuniga birangira apfuye. Ibi byabaye ku mugoroba wo ku wa Kane w’iki cyumweru aho uyu musore yagiye muri Resitora y’umugabo witwa […]

Ndanenga ubuyobozi, abazungu bagihari byari byiza – Areruya Joseph

Areruya Joseph, wahoze ari umukinnyi ukomeye mu mukino w’amagare, yanenze ubuyobozi bufite mu nshingano igare nyuma yo yashimiwe ku mateka yanditse muri Tour du Rwanda, cyane ko aherutse gusezera mu gukina. Ku wa Gatanu, tariki ya 29 Ugushyingo 2024, nibwo hatangajwe amakipe 16 azitabira Tour du Rwanda 2025, inzira zizanyuramo n’abafatanyabikorwa b’iri rushanwa rizaba kuva […]

Perezida Kagame ari muri Tanzania

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatandatu yageze i Arusha muri Tanzania, aho yitabiriye inama isanzwe y’abakuru b’ibihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC). Ni inama inahurirana n’isabukuru y’imyaka 24 uyu muryango umaze ushinzwe. Perezida Paul Kagame yageze muri Tanzania ahasanga abakuru b’ibihugu barimo Perezida Yoweri Kaguta Museveni wa Uganda na mugenzi we William Samoei […]

Umuherwe watumiye The Ben i Burundi n’umunyamakuru wa Black Fm baburiwe irengero

gdj3b_7xyaa2ymm.jpg

Biravugwa ko Umurundi Nishishikare Jean De Dieu uzwi nka Mr the Light mu myidagaduro yo mu Rwanda no mu Burundi yaba yaraburiwe irengero nyuma yo gutangaza umushinga wo kujyana abakobwa bagera ku ijana mu gihugu cy’Uburusiya gukora akazi ko koza amasahani. Nishishikare Jean De Dieu si mushya mu matwi y’abanyarwanda, kuko yamenyekanye ku muyoboro wa […]