IMPURUZA: Ubutinganyi buri kwangiza urukundo rw’umwimerere
Ubutinganyi, cyangwa se imibanire hagati y’abantu b’igitsina kimwe mu rwego rw’urukundo cyangwa ibyifuzo by’ibitsina, ni kimwe mu bintu bimaze guhindura uburyo isi ibona urukundo n’imibanire. Mu gihe hari abakoresha uburenganzira bwabo bwo guhitamo kubana n’uwo bashaka, abahanga mu mibanire n’indangagaciro nyinshi zishingiye ku mico kavukire bemeza ko guteza imbere ubutinganyi bigira ingaruka mbi ku mibanire […]
Ese amaraso ya Yesu ni yo yonyine yeza ibyaha?

Ku musaraba wa Golgota, Yesu Kristu yamenye amaraso ye ku bw’ibyaha by’abantu bose. Ariko ni iki amaraso ya Yesu asobanura mu bugingo bw’umuntu? Abakristo ku isi yose bahuriza ku kuba aya maraso ari yo yonyine atanga agakiza gahoraho kandi agakuraho ibyaha. Amateka ya gikirisitu yerekana ko amaraso ya Yesu afite umwihariko udasanzwe. Ni igitambo cyatanzwe […]
Sheilah Gashumba arashinjwa gucuruza abakobwa mu birori bye

Sheilah Gashumba, icyamamare mu itangazamakuru, ari mu makimbirane akomeye nyuma y’uko ashinjwe ibikorwa bifitanye isano no gucuruza abakobwa mu birori bye. Ibi birego byaje nyuma y’uko ashyize ubutumwa kuri Snapchat yamamaza ibirori bye byihariye mu kabari, ibintu byateje impaka zikomeye ku mbuga nkoranyambaga. Mu butumwa bwe, Sheilah yatangaje ko abakiriya batanga amafaranga menshi bazahabwa ibyo […]
Lubero: M23 yongeye gutana mu mitwe na FARDC
Umutwe wa M23 kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2024, waramukiye mu mirwano n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo muri Teritwari ya Lubero, mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka, yatangaje ko imirwano yatangiye mu ma saa 05:00 z’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere, akavuga ko […]
Perezida Kagame yasabiye ibihano ibihugu bya EAC birimo RDC n’u Burundi
Perezida Paul Kagame yagaragaje impungenge zo kuba hari bimwe mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) bidatanga imisanzu; asaba ko byajya bifatirwa ibihano. Umukuru w’Igihugu yabigaragaje ku wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo, ubwo i Arusha muri Tanzania haberaga inama isanzwe ya 24 y’abakuru b’ibihugu bigize EAC. Nta mwanya munini Perezida Kagame yamaze muri […]
Perezida Trump yaburiye ibihugu bishaka gukora ifaranga ryabyo ryo guhangana n’Idolari
Perezida watowe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yakanze Isi yose ahereye ku bihugu by’ibihangange bigize Umuryango wa BRICS, agaragaza ko umuntu wese uzagerageza kuzana irindi faranga akareka gukoresha Idolari rya Amerika bitazamugwa neza . Umuryango wa BRICS ni Umuryango mushya urimo gukura urimo ibihugu by’ibihangange bidacana uwaka na Amerika nk’u Bushinwa, u […]
Abafana benshi bapfiriye mu mukino wo gushyigikira kandidatire ya Perezida Mamady Doumbouya
Umubyigano wabereye mu mukino w’umupira w’amaguru muri Guinea wahitanye ubuzima bw’abantu benshi, nk’uko byemejwe na Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu. Amashusho yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza abafana bagerageza gusohoka muri sitade yuzuye abantu. Mu itangazo yasohoye, Minisitiri w’Intebe Bah Oury yagize ati: “Guverinoma ibabajwe cyane n’ibibazo byabaye muri uyu mukino wahuje amakipe Labé na Nzérékoré muri […]
Perezida Kagame yitabiriye isiganwa rya Formula 1
Ku cyumweru tariki ya 1 Ukuboza 2024, Perezida Paul Kagame, ari kumwe n’Umuyobozi w’Ikirenga wa Qatar, Emir Sheikh Tamim bin Hamad Al Thani, bitabiriye isiganwa rya Formula 1 Qatar Airways Grand Prix ryabereye i Doha muri Qatar. Iki gikorwa cyitabiriwe n’abantu benshi bafite izina rikomeye ku rwego mpuzamahanga, kikaba ari kimwe mu byari bitegerejwe cyane […]
USA: Biden yahaye imbabazi umuhungu we mbere y’uko ava ku butegetsi
Perezida ucyuye igihe muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yababariye umuhungu we, Hunter Biden, nyuma yo guhamwa n’ibyaha yashinjwaga bifitanye isano n’imbunda ndetse no kunyereza imisoro ijyanye n’imisoro, mu gihe yari yarasezeranijwe mbere ko atazatanga imbabazi . Imbabazi zirinda Hunter igihano cyo gufungwa yashoboraga guhabwa kubera ibyaha byavuze hejuru. Bije nyuma y’ibyumweru mbere […]
EAC yasabye ko ibiganiro bya Nairobi bihuzwa n’ibya Luanda

Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC), wasabye ko ibiganiro bya Nairobi bigamije gukemura ibibazo Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ifitanye n’imitwe yitwaje intwaro ikorera mu burasirazuba bwayo byahuzwa n’ibya Luanda bigamije gukemura ibibazo bya Politiki iki gihugu gifitanye n’u Rwanda. Ni ubusabe uyu muryango watanze ku wa Gatandatu tariki ya 30 Ugushyingo, ubwo i Arusha muri […]