Umutoza w’ikipe y’igihugu wumgirije yagizwe umwere
Sempoma Félix, Umutoza Wungirije w’Ikipe y’Igihugu y’Umukino wo gutwara amagare, na Munyankindi Benoit, ntibahamijwe ibyaha bari bakurikiranyweho mu n’Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge. Nyamara, urukiko rwahamije Nyirarukundo Claudette na Murenzi Emmanuel icyaha cyo gukora no gukoresha inyandiko mpimbano, rubahanisha gutanga ihazabu ya miliyoni 1 FRW kuri buri umwe. Byongeye, urukiko rwemeje ko Nyirarukundo Claudette na Murenzi […]
Ntabwo dukorera mu itangazamakuru kandi ntitunakoreshwa n’igitutu cyaryo: Meya wa Rulindo

Umuyobozi w’akarere ka Rulindo, Mukanyirigira Judith, yahakanye amakuru avuga ko yategetswe kugira Ndagijimana Froduald wahoze ari Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Mbogo umujyanama we; asobanura ko yagizwe umujyanama wa komite nyobozi y’akarere hubahirizwa ubusabe bwa Komisiyo y’Igihugu y’abakozi ba Leta yari imaze igihe isaba ko asubizwa mu kazi. Mu kwezi gushize ni bwo uyu Ndagijimana yatawe […]
RDC yareze u Rwanda na Perezida Kagame mu rundi rukiko mpuzamahanga

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yareze u Rwanda na Perezida Paul Kagame mu Rukiko Nyafurika rw’Uburenganzira bwa muntu, ibashinja gukorera ibyaha ku butaka bwayo. Biteganyijwe ko urwo rubanza ruzaba ku wa 12 Gashyantare 2025. Ni urubanza rukurikira urwabaye ku wa 26 Nzeri uyu mwaka, nyuma y’uko Congo Kinshasa ireze u Rwanda mu rukiko rw’Umuryango wa […]
RDC: Imirwano ikaze hagati ya M23 na FARDC ikomereje muri Lubero isatira Umujyi wa Butembo

Imirwano yongeye kubura muri iki gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, itariki 3 Ukuboza 2024 mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo hagati y’ingabo za leta zishyigikiwe na Wazalendo n’inyeshyamba za M23 zishyigikiwe. Iyi mirwano ivugwa mu duce twinshi two muri Teritwari za Masisi na Lubero kuri axe ya Kaseghe-Matembe ukurikije amakuru y’ubuyobozi n’abashinzwe […]
Dore ibisobanuro by’ibimenyetso bikoreshwa mu rukundo

Wigeze kohereza agashusho ku mutima utekereza uti: “Ni byo? Ni cyo kirebana n’ubusobanuro bw’amarangamutima yanjye?” Ibimenyetso by’urukundo ni nk’ubusobanuro bw’amarangamutima, byerekana ibyiyumvo byihariye mu buryo bworoshye bwo kohereza no kwakira. Guhera ku bishushanyo by’imitima byanditse mu bitabo by’abanyeshuri kugeza ku masaro y’urukundo yo mu muco w’Abaselti, ibi bimenyetso by’urukundo bisumba igihe, umuco, ndetse, niba tuvuga, […]
Netanyahu yakozweho filime ari mu gihome azira ruswa

Filime nshya mabarankuru yitwa The Bibi Files yinjira mu buzima bwa politiki bwa Benjamin Netanyahu, Minisitiri w’Intebe wa Isiraheli, ahanini izirikana ibirego bya ruswa no gukoresha nabi ububasha mu gihe bimukomereye. Yakozwe n’umunyamakuru Raviv Drucker, umenyerewe mu gukora inkuru zicukumbuye ku bayobozi b’ibihugu. Filime igaruka ku bibazo Netanyahu yagize mu nzego z’ubutabera, n’ingaruka z’ibyo byemezo […]
Umuherwe wanyereje arenga tiriyoni 30 Frw yahawe igihano cy’urupfu
Urukiko rwo muri Vietnam rwemeje igihano cy’urupfu kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 3 Ukuboza 2024, ku munyemari Truong My Lan mu rubanza rw’ubuhemu rwari rukomeye aho yashinjwaga kwiba miliyari nyinshi z’amadolari. Gusa urukiko rwavuze ko ubuzima bwe bushobora gukira aramutse yishyuye abahombejwe ¾ by’umutungo yanyereje. Truong My Lan, w’imyaka 68, w’umushoramari mu bikorwa by’ubutaka, […]
Kapiteni wa Ipswich Town yanze kwambara ibyamamaza ubutinganyi
Kapiteni wa Ipswich Town, Sam Morsy, ntabwo yambaye igitambaro cy’abakapiteni gifite amabara y’umukororombya agamije gushyigikira abatinganyi ku mukino wo ku wa Gatandatu batsinzwemo na Nottingham Forest muri Premier League kubera “imyemerere ye y’idini”, nk’uko ikipe ye yabitangaje. Amakipe yo muri Premier League ari gushyigikira gahunda ya Stonewall yitwa Rainbow Laces igamije guteza imbere kwinjiza abantu […]
Twaratinze cyane: Leta y’u Rwanda yatanze umucyo ku ku kuzamura umusanzu wa pansiyo

Leta y’u Rwanda yasobanuye ko yakabaye yarazamuye umusanzu wa pansiyo ku bakozi bayo mu myaka itanu ishize, gusa ikomwa mu nkokora n’impamvu zirimo ibyorezo bitandukanye ndetse n’izamuka ry’ibiciro ku masoko. Byagarutsweho mu kiganiro inzego zirimo RSSB, Minisiteri y’Imari n’Igenamigambi ndetse n’iy’Abakozi ba Leta n’Umurimo bahaye itangazamakuru ku wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2024. Ni […]
Hagiye gutangizwa igerageza mu kwishyuza umugenzi urugendo yakoze
Urwego rw’Igihugu rushinzwe kugenzura imikorere y’inzego zimwe z’imirimo ifitiye igihugu akamaro (RURA) rwatangaje ko guhera ku itariki ya 04 Ukuboza 2024, hazatangizwa igerageza ry’uburyo bushya bwo kwishyura mu modoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange hakurikijwe urugendo umugenzi yakoze, aho kwishyura amafaranga ahwanye n’urugendo (ligne) rwose. Ni ibyatangarijwe mu itangazo RURA yasohoye kuri uyu wa […]