Biden mbere yo kuva ku ntebe isumba izindi yarengeye umuhungu we Hunter

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden, yarengeye umuhungu we, Hunter Biden, mu buryo butunguranye nyuma y’uko inshuro nyinshi yagiye atangaza ko atazitabira ibintu bijyanye n’ibibazo by’amategeko umwana we yari ahanganye nabyo. Iyi ngingo yabaye ishingiro ry’ibiganiro byinshi muri politiki y’Amerika, bamwe barayishimira, abandi barayinenga, bavuga ko bishobora kuba ari ugukoresha nabi ububasha […]

RDC: Umusirikare wa FARDC mu barinda Perezida yakatiwe igihano cy’urupfu

Urukiko rwa gisirikare rwa Goma, muri Kivu y’Amajyaruguru, kuwa Gatandatu ushize rwakatiye igihano cy’urupfu Premier sergent Ngoy Inabanza Felicien wo muri batayo ya 134 y’ingabo zishinzwe kurinda umukuru w’igihugu (GR) kubera ubwicanyi . Yahamwe n’icyaha cy’ubwicanyi bubiri, gukwirakwiza amasasu y’intambara no kurenga ku mategeko nk’uko iyi nkuru dukesha Radio Okapi ivuga. Ibyaha uyu musirikare yashinjwe […]

Uganda: Impamvu Kizza Besigye ari kuburanishwa n’urukiko rwa gisirikare

Mu myaka za mirongo ishize, abasivile amagana bagiye baburanishwa mu nkiko za gisirikare muri Uganda nubwo Urukiko rurengera Itegekonshinga ibi rwabyamaganye . Umunyapoliriki Kizza Besigye, utari mushya mu kuregwa mu nkiko za gisirikare, yasubiyeyo kuko yishyikirije ubwe itegeko rya gisirikare, nk’uko Brig Gen Kulayigye yabibwiye BBC. Mu cyumweru gishize, we n’uwo bareganwa bagejejwe mu rukiko […]

IGP Namuhoranye yakiriye Umuyobozi Mukuru wa Polisi ya Gambia

csm_whatsapp_image_2024-12-02_at_15.53_27_19518b43_20b607fa77.jpg

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye, kuri uyu wa Mbere tariki ya 2 Ukuboza 2024, yakiriye ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Gambia; Gen Seedy Muctar Touray n’itsinda ayoboye mu ruzinduko bagirira mu Rwanda ruzamara icyumweru, rugamije gushimangira ubufatanye hagati ya Polisi z’ibihugu byombi . […]