U Rwanda rwiteguye kuganira na Trump ku byo kwakira abimukira bo muri Amerika

Leta y’u Rwanda yemeje ko yiteguye kuganira n’abarimo Donald Trump watorewe kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika ndetse n’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi kuri gahunda yo kuba rwakwakira abimukira. Byatangajwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga ndetse n’Ubutwererane, Amb Olivier Nduhungirehe, mu kiganiro yahaye ikinyamakuru The Telegraph cyo mu Bwongereza, aho ari kugirira uruzinduko rw’akazi. U Rwanda mu […]

RDC: Bemba yikomye Karidinali Ambongo uherutse mu Rwanda na Kamitatu

Minisitiri w’Intebe wungirije, akaba na Minisitiri w’Ubwikorezi wa RD Congo, Jean-Pierre Bemba, ntiyariye iminwa mu kuburira abantu bose barwanya byimazeyo ivugurura ry’itegeko nshinga ryifuzwa n’umukuru w’igihugu Felix Tshisekedi . Bemba avugana n’abanyamakuru, yamaganye disikuru yise rutwitsi zatanzwe n’abayobozi b’amadini, mbere yo gutinda ku nyungu Kiliziya Gatolika ikura muri za diyosezi. Atiriwe avuga izina rya Karidinali […]

Bushali yasabye Muhire Kevin gutsinda APR FC ibitego bitatu wenyine

img-20241204-wa0199-9897781733328503.jpg

Umuhanzi w’icyamamare mu njyana ya Kinya-Trap, Bushali, yongeye kugaragaza urukundo rudasanzwe afitiye ikipe ya Rayon Sports, asaba by’umwihariko kapiteni wayo, Muhire Kevin, kuzitwara neza mu mukino utegerejwe n’abanyarwanda bose uzahuza Rayon Sports na APR FC ku wa Gatandatu tariki ya 7 Ukuboza 202, kuri Stade Amahoro. Uyu mukino, uzwi nka “Clasico y’u Rwanda,” uraba uhuza […]

RIB yahaye gasopo Jacky n’abamuha ibiganiro

Ku wa Kane, Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwihanangirije umukobwa witwa Jacky, umaze kumenyekana cyane ku mbuga nkoranyambaga kubera amagambo ataboneye yagiye avuga. Mu kiganiro n’itangazamakuru ku wa Kane tariki 4 Ukuboza, Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, yasabye abatanga urubuga kuri Jacky guhagarika ibikorwa byo kumwamamaza cyangwa bakazisanga bafatiwe ibyemezo bikarishye. Dr. Murangira yashyize […]

Nduhungirehe na Minisitiri w’Intebe w’u Bwongereza bashyigikiye Arsenal itsinda Man United

Ikipe ya Arsenal yaraye itsinze Manchester United ibitego 2-0, mu mukino wa shampiyona y’Abongereza warebwe na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb Olivier Nduhungirehe wari kumwe n’uw’Intebe w’u Bwongereza, Keir Starmer. The Gunners isanzwe ari umufatanyabikorwa w’u Rwanda biciye muri gahunda ya Visit Rwanda yari yakiriye Manchester United, mu mukino w’umunsi wa 14 wa Premier league. Ibitego […]

Intore z’u Rwanda zashyizwe mu murage ndangamuco udafatika w’Isi

Inteko y’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Uburezi, Ubumenyi n’Umuco (UNESCO) ku kurengera umurage ndangamico w’ibidafatika irimo kubera i Asunción muri Paraguay yashyize Intore z’u Rwanda mu murage ndangamuco udafatika w’Isi. Umurage ndangamuco w’Isi muri rusange ugizwe n’ibintu bishingiye ku muco w’ibifatika n’ibidafatika w’ubuhanzi, ubugeni (arts), n’imibereho y’amoko y’abantu mu bihugu by’Isi byagiye bihererekanywa mu myaka amagana […]

Rubavu: Umwana na nyina bafatanywe amabaro 8 y’imyenda bayakuye muri DRC

Polisi y’u Rwanda, Ishami rishinzwe kurwanya magendu n’ibindi byaha (ASOC), yafatiye mu Karere ka Rubavu abagore babiri bari bafite amabaro umunani y’imyenda ya caguwa bacuruzaga mu buryo bwa magendu. Abafashwe ni umubyeyi w’imyaka 57 n’umukobwa we ufite imyaka 27 y’amavuko bafatiwe aho batuye mu mudugudu wa Runyeheri, akagari ka Nyarushyamba mu murenge wa Nyakiriba, mu […]

Paris: Umuhango wo kongera gufungura Kiliziya ya Notre-Dame uzitabirwa n’abaperezida 50

Donald Trump, Perezida watowe wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yemeje ko azajya mu mihango yo gufungura Kiliziya yitwa “Notre-Dame” y’i Paris mu Bufaransa izaba mu mpera z’iki cyumweru . Trump arajya mu Bulayi mu gihe abayobozi b’ibihugu byaho bafite impungenge ku buryo ubutegetsi bwe buzitwara kuri OTAN, umuryango w’ibutabarane bwa gisirikare mu majyaruguru y’Inyanja […]

RDC: Indwara itaramenyekana imaze guhitana abantu 79

Minisiteri y’Ubuzima muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko indwara itaramenyekana ariko ikaba ifite ibimenyetso nk’iby’ibicurane imaze guhitana abantu 79 muri iki gihugu. Iyi ndwara yadutse mu ntara ya Kwango iherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa RDC. Minisiteri y’Ubuzima y’iki gihugu mu itangazo yanyujije ku rubuga rwayo rwa X, yavuze ko iyi ndwara yatangiye […]

FIFA yasabwe kwima Arabie Saoudite uburenganzira bwo kwakira Igikombe cy’Isi

Ku wa Gatatu, FIFA yasabwe kudaha Arabie Saoudite uburenganzira bwo kwakira Igikombe cy’Isi cya 2034 mu cyumweru gitaha, keretse habayeho ingamba zifatika zo kurinda abakozi b’abimukira bakora ku mishinga minini muri icyo gihugu. Umuryango mpuzamahanga udaharanira inyungu ushinzwe kurinda no guteza imbere uburenganzira bwa muntu ku isi (Human Rights Watch) y ugaragaza ko ihohoterwa rikekwa […]