Rayon Sports na APR FC rwabuze gica

Ikipe ya Rayon Sports yaguye miswi na mukeba wayo APR FC 0-0, mu mukino wa shampiyona wari utegerejwe n’imbaga y’Abanyarwanda hafi ya bose. Murera yari yakiriye Gitinyiro kuri Stade Amahoro yari yuzuye, mu mukino w’ikirarane w’umunsi wa gatatu wa shampiyona. Rayon Sports yabonye uburyo bwa mbere ku munota wa 17 w’umukino ubwo rutahizamu Fall Ngagne […]

Polisi yataye muri yombi umufana wa Rayon wari ufite itike ya baringa

Kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 7 Nyakanga 2024, kuri Stade Amahoro abafana bari benshi aho bari baje kureba umukino ugiye guhuza amakipe abiri akomeye mu mupira w’amaguru mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports. Uyu mukino, wari utegerejwe na benshi, washyizwe ku rwego rwo hejuru, ariko haba ikibazo cy’umufana w’ikipe ya Rayon Sports, wafashwe […]

Ibintu umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa bakundana

Ubucuti bw’abakundana ni urufunguzo rw’ubuzima bwiza, ariko muri uwo mubano hari byinshi bisaba kwihanganirana no kubabarirana. Abashakashatsi mu mibanire n’imyitwarire bemeza ko hari imyitwarire cyangwa imico umukobwa adakwiye kugira mu mibanire ye n’umusore we. Hano hari ibintu 10 umusore adakwiye kwihanganira ku mukobwa, ndetse akamenya uko agomba kubikemura mu rwego rwo kubaka urukundo rwiza no […]

Imana ishaka iki ku bana bayo muri iyi Weekend?

Muri iyi weekend, Imana irashaka ko abana bayo bagira ibyishimo, bakagira igihe cyiza cyuzuye umunezero no gukura mu kwemera. Niyo mpamvu, abana b’Imana, bakwiye gufata umwanya wo kuzirikana ibyiza byose Imana yabahaye no kuyishimira mu bikorwa byabo bya buri munsi. Hari ibintu byinshi Imana ishaka ko ugirami uruhare muri iyi weekend, kandi uzi neza ko […]

Perezida Ibrahim Traoré yirukanye Minisitiri w’Intebe ndetse anasesa guverinoma

Muri Burkina Faso, ubuyobozi bwa gisirikare buyobowe na Perezida Ibrahim Traoré bwasohoye itangazo ku wa Gatanu, ritangaza iyirukanwa rya Minisitiri w’Intebe w’agateganyo, Apollinaire Joachim Kyelem de Tambela, ndetse no gusesa guverinoma yose. Iri tangazo ntiryavuze impamvu y’iryo yirukanwa, ariko Tambela yari yahawe uyu mwanya muri Nzeri 2022, nyuma y’uko Ibrahim Traoré afashe ubutegetsi mu ihirikwa […]

Ushaka kuba Perezida wa Federasiyo yavuzweho kuzatera inda abakinnyi bose

Susan Mutami, wahoze ari umukunzi wa Temba Mliswa, yasabye Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Zimbabwe (ZIFA) kwitondera umwanzuro wo kwemerera Mliswa kwiyamamariza kuyobora iri shyirahamwe. Mutami yatangaje ibi mu magambo akomeye yanyujije ku rubuga rwa X, aho yashyize ahagaragara amakuru yerekeye imyitwarire ya Mliswa. Mutami yanditse ati: “Mfite umwana na Temba Mliswa, kandi ndagira ngo mbabwire […]

FARDC n’abarimo FDLR bakajije ibitero kuri M23

Umutwe wa M23 ku wa Gatanu watangaje ko ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryakajije ibitero ku birindiro byawo ndetse no mu duce dutuwe n’abaturage benshi twa za Teritwari za Masisi na Lubero. Ni amakuru yemejwe n’umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka ndetse na Bénjamin Mbonimpa usanzwe ari umunyamabanga nshingwabikorwa wawo. Kuva […]

RDC yemeje ko Tshisekedi yemeye guhura na P. Kagame yari yararahiye ko bazahurira mu ijuru

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yemeje ko Perezida Félix Antoine Tshisekedi w’iki gihugu ku wa 15 Ukuboza azahurira i Luanda na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda. Abakuru b’ibihugu byombi bazahurira mu nama y’inyabutatu batumiwemo na Perezida João Lourenço wa Angola wahawe n’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe inshingano zo kuba umuhuza […]

Abaturage ba Congo nta kibazo Dufitanye na bo: Minisitiri w’Intebe Ngirente

Minisitiri w’Intebe, Dr Edouard Ngirente yatangaje ko icyambu kinini kuruta ibindi giheruka gutahwa mu karere ka Rubavu kitazigera gipfa ubusa kubera ibibazo by’umwuka mubi uri hagati y’u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Ku wa Gatanu tariki ya 6 Ukuboza ni bwo Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA), yatashye ku mugaragaro iki cyambu cya Nyamyumba cyitezweho […]

TP Mazembe yasohowe mu ndege

img_20241207_074723.jpg

Ikipe ya TP Mazembe yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) iri mu bibazo by’ingendo nyuma yo gusubikirwa urugendo rwayo rwo kujya gukina na Al Hilal muri Mauritania mu mikino ya CAF Champions League. Abakinnyi n’abatoza ba Mazembe bari bategereje guhaguruka i Kinshasa ku wa Kane, banyuze i Casablanca berekeza i Nouakchott, ariko urugendo […]