Polisi yasabye abanyerondo kurangwa n’ubunyangamugayo no gukora kinyamwuga
Polisi y’u Rwanda irasaba abanyerondo b’umwuga kurangwa n’ubunyangamugayo no gukora kinyamwuga mu rwego rwo kurushaho kunoza akazi kabo no kwirinda ababiyitirira bagamije guhungabanya umutekano. Ni mu mahugurwa amaze icyumweru abera mu turere twose tugize umujyi wa Kigali, yateguwe ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’ubuyobozi bw’inzego z’ibanze; hagamijwe gukangurira abakora irondo ry’umwuga kwita ku nshingano […]
Ibihano bitegereje Charles Onana wahamijwe gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Urukiko rw’i Paris mu Bufaransa rwahamije Umunya-Caméroun ufite ubwenegihugu bw’u Bufaransa, Charles Onana, ibyaha byo guhakana ndetse no gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni mu mwanzuro uru rukiko rwasomye kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Ukuboza 2024. Ibyaha uyu mugabo yahamijwe bikubiye mu byo yanditse mu gitabo yasohoye muri 2019 akagiha umutwe yise […]
Nyamasheke: Sgt Minani wishe arashe abantu 5 yahawe igihano kiruta ibindi
Urukiko rwa Gisirikare kuri uyu wa Mbere rwakatiye igifungo cya burundu Sgt Minani Gérvais ndetse runategeka ko yamburwa impeta zose za gisirikare, nyuma yo kumuhamya ibyaha birimo icyo kwicira abantu batanu i Nyamasheke. Uyu musirikare yari akurikiranweho ibyaha bitatu birimo kurasa atabiherewe uburenganzira n’umukuru, ubwicanyi buturutse ku bushake no kwiba, kwangiza no kuzimiza igikoresho cya […]
Rusizi: Ushinzwe imyitwarire mu kigo cy’ishuri arashinjwa gusambanya umwana w’imyaka 15
Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Rusizi bwakiriye dosiye y’ushinzwe imyitwarire (Animateur) mu kigo cy’ishuri giherereye mu karere ka Rusizi ukurikiranyweho icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka cumi n’itanu (15) . Icyaha cyakozwe ku itariki ya 27/11/2024, mu murenge wa Nkanka mu Karere ka Rusizi, ubwo uregwa yashukaga uyu mwana w’umukobwa ngo akamujyana ku kabari bwamara kwira […]
Mugabo/Mugore, dore uko mwaba intangarugero mu gitanda

Kugira ngo urugo rube rwiza kandi rukomeye, bisaba ko abashakanye bagira umubano mwiza mu bice byose by’ubuzima, harimo no mu rukundo rw’abashakanye. Mu bijyanye no kwiyubakira urukundo rukomeye, bamwe bishimira kuba abayobozi mu buryo bwo kwereka urukundo rwabo. Dore ibintu by’ingenzi wakora niba wifuza kuba intangarugero mu buriri, byose bigamije kuzamura umubano mwiza n’umutekano wanyu […]
USA: Umuraperi wa mbere ukize, Jay-Z, yashinjwe gufata ku ngufu umwana w’imyaka 13
Ikirego gishya mu rubanza mbonezamubano kirega umuraperi Sean “Diddy” Combs kiravuga ko we na Jay-Z bafashe ku ngufu umukobwa w’imyaka 13 muri after party yo mu 2000. Jay-Z yahakanye aya makuru agira ati: “Ibi birego ni amahano ku buryo ninginga ngo mutange ikirego cy’inshinjabyaha, aho kuba mbonezamubano !! ” Umuraperi w’icyamamare akaba na producer, Jay-Z, […]
Lubero: Habyukiye imirwano ku munsi wa 8 hagati ya M23 na FARDC

Kuri uyu wa mbere, 9 Ukuboza 2024, ni umunsi wa munani wikurikiranya w’imirwano ikaze ikomeje kuba hagati y’abarwanyi ba M23 n’Ingabo za FARDC zifatanyije na Wazalendo mu Mudugudu wa Kimaka mu majyepfo ya Teritwari ya Lubero. Mu gitondo cya kare, uyu munsi kandi havuzwe imirwano mu gace ka Kaseghe, bivugwa ko ari ahantu h’ingenzi ku […]
Ukuntu umugabo yashatse kuyobya indege yajyaga muri Mexico akayijyana muri Amerika

Ku Cyumweru, umugenzi wari mu ndege y’isosiyete y’indege ya Volaris yatawe muri yombi nyuma yo kugerageza kuyobya indege yari igiye i Tijuana, muri Mexique, ngo ayerekeze muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Indege ifite nimero Flight 3041 yari iturutse ku kibuga cy’indege cya Baj?o International mu gace ka Mexique yo hagati, aho yahagurutse saa moya […]
Polisi igiye guhana abatumye ikipe yayo iterwa mpaga

Polisi y’u Rwanda yatangiye iperereza ku mpamvu habuze abashinzwe umutekano ku mukino wagombaga guhuza Police Women FC na Bugesera Women FC. Itangazo rya Polisi ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa 9 Ukuboza 2024 rivuga ko ababigizemo uruhare bazakurikiranwa kandi bahanwe. Amategeko ya FERWAFA asaba ko umukino udakinwa hatari abapolisi b’umutekano. Muraho, Ikibazo cyo kubura abashinzwe umutekano […]
Umujyanama wa Museveni yemereye Fresh Kid buruse yo kwiga amashuri yisumbuye

Umujyanama wa Perezida mu by’Urubyiruko n’Abana, Florence Nakiwala Kiyingi, yafashije umuhanzi w’umwana uzwi nka Fresh Kid, witwa Patrick Ssenyonjo, kubona buruse izamufasha gukomeza amashuri yisumbuye. Iyi ntambwe ibaye nyuma y’uko Fresh Kid arangije amashuri abanza mu ishuri rya Kampala Parents School mu kwezi gushize, aho yize ashyigikiwe na buruse yahawe n’itsinda rya Ruparelia Group. Mu […]