Nyaruguru: Mutwarasibo yishwe n’abataramenyekana bamugerekaho ibyangombwa bye

Mu karere ka Nyaruguru, umurenge wa Mata, hazwi nko mu birembo, haravugwa inkuru y’urupfu rw’umuturage witwa HAKIZIMANA Ildephonse, wishwe n’abantu bataramenyekana, ariko akaba yari asanzwe ari mutwarasibo ndetse akaba yari yaracitse ku icumu. Amakuru ava muri uyu murenge avuga ko , byabereye mu mudugu wa Ramba , hazwi nko mu birembo, munsi y’umuhanda ugana mu […]
Itandukaniro riri hagati ya Android na iOS

Mu isi y’ikoranabuhanga rigezweho, Android na iOS ni porogaramu zifite uruhare runini mu matelefoni agezweho, azwi nka smartphones. Nubwo zombi zifite intego imwe yo gufasha abantu mu buzima bwa buri munsi, hari itandukaniro rinini hagati yazo. Ibikoresho Byihariye Android ni porogaramu ikoreshwa n’ibikoresho byinshi, birimo Samsung, Xiaomi, na Huawei. Ni uburyo bwashyizweho na Google, bugamije […]
50 Cent yemeje ko yaguze amatike yose y’igitaramo cya Ja Rule

Umuraperi w’Umunyamerika 50 Cent, uzwiho gukunda kugirana ibibazo n’abandi bahanzi, yatangaje ko mu mwaka wa 2018 yaguze amatike yose y’imbere mu gitaramo cya Ja Rule i Arlington, Texas. Ibi byabaye nk’uburyo bwo kumusuzugura, avuga ko amatike yari ahendutse cyane, bityo byamworoheye kugera ku mugambi we. Mu kiganiro aherutse kugirana na Big Neighborhood, 50 Cent yavuze […]
Antha yasabye imbabazi Canisius yigeze kwaba inkuru

Umunyamakuru w’imikino Antha Mucyo yasezeye burundu ku mwuga w’itangazamakuru, agaragaza igihango cyo gusaba imbabazi mugenzi we Canisius Kagabo ku gikorwa kitari cyiza yamukoreye mu bihe byashize. Uyu mwanya w’amarangamutima wabereye mu kiganiro Urukiko rw’Imikino, ubwo Mucyo yasubizaga ku byabaye iby’ingenzi mu rugendo rwe rw’itangazamakuru. Mu buhamya bwe, Mucyo yagarutse ku nkuru yateje impaka ubwo yakiraga […]
Muhanga: Umugabo akurikiranweho kwica umugore babanaga kubera ifuhe

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Muhanga bukurikiranye umugabo w’imyaka 25 ushinjwa kwica umugore babanaga w’imyaka 31 akoresheje icyuma. Icyaha cy’ ubwicanyi akurikiranyweho bivugwa ko cyakozwe ku itariki ya 24 Ugushyingo 2024 mu Mudugudu wa Rukaragata, mu Kagari ka Gihara, mu Murenge wa Runda, mu Karere ka Kamonyi, ho mu Ntara y’Amajyepfo. Kuri uwo munsi nk’uko […]
PSF na Polisi y’u Rwanda ku isonga mu nzego zagaragayemo ruswa mu 2024

{{Umuryango Mpuzamahanga Urwanya ruswa n’Akarengane, Transparency International; washyize Urwego rw’Abikorera (PSF) na Polisi y’u Rwanda mu nzego ziza ku isonga mu kurangwamo ruswa.}} Ishami rya Transparency ry’u Rwanda ryabitangaje kuri uyu wa Gatatu tariki ya 11 Ukuboza, ubwo ryamurikaga ubushakashatsi ngarukamwaka kuri ruswa nto mu Rwanda buzwi nka Rwanda Bribery Index (RBI). Ubu bushakashatsi bwerekana […]
Korea y’Epfo: Ibiro bya perezida byasatswe uwari minisitiri w’ingabo agerageza kwiyahura

Kuri uyu wa Gatatu, abapolisi ba Koreya y’Epfo basatse ku biro bya Perezida Yoon Suk Yeol, mu rwego rwo gukora iperereza ryagutse ku kugerageza gushyiraho amategeko ya gisirikare mu cyumweru gishize. Ni mu gihe minisitiri w’ingabo bafatanyije gushyiraho aya mategeko yagerageje kwiyahurira muri kasho. Ibiro Ntaramakuru, Yonhap, byatangaje ko abashinzwe iperereza rya polisi batanze icyemezo […]
Mozambique: Mondlane watsinzwe amatora yatangaje ko azirahiza nka Perezida

Umunyapolitiki Venancio Mondlane nyuma yo gutsindwa amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Mozambique, yatangaje ko ku wa 15 Mutarama 2025 azirahiza nka Perezida mushya w’iki gihugu. Uyu mugabo yabitangaje abinyujije ku rubuga rwe rwa Facebook. Mondlane utavuga rumwe n’ubutegetsi yabaye uwa kabiri mu matora yabaye mu Ukwakira uyu mwaka, gusa yanga kwemera ibyayavuyemo kuko yemeza ari we […]
Hamenyekanye amakuru mashya ku bwicanyi abasirikare barinda Tshisekedi bakoreye i Goma

{{Umuryango Amnesty International uharanira uburenganzira bwa muntu, watanze imibare mishya y’abaguye mu bwicanyi abasirikare bo mu mutwe urinda Perezida Félix Antoine Tshisekedi bakoreye mu mujyi wa Goma.}} Ni ubwicanyi bwabaye ku wa 30 Kanama 2023 umwaka ushize ubwo abasirikare bari bayobowe na Col Mike Makombe biraraga mu baturage barimo bigaragambya bamagana Ingabo za MONUSCO, bakabarasamo […]
Dr Frank Habineza yemeje ko DGPR iri gukora imishinga y’ubworozi n’ifumbire mu turere 10

Mu kiganiro yagiranye na Bwiza.com , perezida w’ishyaka Democratic Green Party of Rwanda , Dr Frank Habineza, yatangaje ko nyuma y’amatora y’abadepite nay’umukuru w’igihugu yatumye iri ishyaka rigumana imyanya ibiri mu nteko , ko ubu bari gushyira mu bikorwa bimwe mu bitekerezo iri shyaka ryagararagazaga mu gihe biyamamazaga, gukora imishinga mu bworozi bw’amatugo magufi, gutunganya […]