Ruhango: Imiryango irenga 300 yasezeranye nyuma y’ubukanguramba bw’iminsi 16

Imiryango irenga 300 yo mu karere ka Ruhango, yafashijwe kubana byemewe n’amategeko nyuma y’ubukangurambaga ubuyobozi bw’aka karere bwari bumazemo iminsi 16 yahariwe kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina bwiswe “Gender accountability Dialogues” (GAD). Muri iyo minsi hakozwe ibikorwa byinshi birimo n’ubukangurambaga ku miryango yari isanzwe ibana mu buryo butemewe n’amategeko ngo ifashwe gusezerana mu mategeko. Ubu […]
Komite z’abaturage mu kwicungira umutekano zirasabwa kudatezuka

Polisi y’u Rwanda yahuguye abagize Komite z’abaturage mu kwicungira umutekano (CPCs) bo mu turere tugize Umujyi wa Kigali mu rwego rwo kubongerera ubumenyi buzabafasha mu gukumira no kurwanya ibyaha bihungabanya umutekano w’abaturage. Ni amahugurwa y’iminsi ibiri yateguwe ku bufatanye na Minisiteri y’Umutekano n’iy’ubutegetsi bw’igihugu kuva ku wa Kane tariki ya 12 kugeza Ku wa Gatanu […]