Angola yatamaje RDC

Ibaruwa Guverinoma ya Angola yandikiye iy’u Rwanda mu kwezi gushize irerekana ko Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari yaremeye kujya mu mishyikirano n’umutwe wa M23, bitandukanye n’ibyo Kinshasa ivuga. Iyi baruwa Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Angola, Amb. Tete Antonio yandikiye mugenzi we w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe; yagiye hanze nyuma y’iminsi mike ibiganiro ba Perezida […]
Perezida Kagame yakiriye ubutumwa bwaturutse kwa Lourenço

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Gatatu yakiriye muri Village Urugwiro Amb. Tete Antonio, Minisitiri w’Intebe wa Angola akanaba intumwa yihariye ya Perezida w’iki gihugu, João Lourenço. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu byanditse ku rubuga rwabyo rwa X ko Amb. Antonio nk’intumwa yihariye ya Perezida Lourenço yashyikirije Perezida Kagame ubutumwa bwa mugenzi we wa Angola usanzwe ari […]
Etincelles yishyuye miliyoni 3 Frw yishyuzwaga n’Akarere ka Rubavu

Perezida wa Etincelles FC Ndagijimana Enock yatangaje ko yamaze kwishyura Miliyoni eshatu, zakoreshejwe hagurwa umukinnyi w’umunyamahanga mu rwego rwo kwirinda kwitaba Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB. Ibi yabigarutseho mu kiganiro cyihariye yahaye BWIZA, kuri uyu wa Gatatu, tariki 18 Ukuboza 2024. Etincelles FC ibanziriza ikipe ya nyuma muri shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda muri uyu […]
Karongi: Arembeye mu Bitaro bya Kirinda nyuma yo gukubitwa n’umuvandimwe we bapfa imitungo

Mu karere ka Karongi,umurenge wa Ruganda,mu kagari ka Biguhu mu mudugudu wa Nyagisozi haravugwa inkuru y’umugabo wakubiswe bikabije akaba arembeye mu Bitaro bya Kirinda. Uwakubiswe agakomeretswa yitwa Habinshuti Elias,bamuteze mu ijoro rishyira ku wa 17 Ukuboza 2024, arakomeretswa asigwa yagizwe intere. Bamwe mu baturage batuye muri kano gace by’umwihariko mu murenge wa Ruganda baganiriye na […]
Rayon Sports yatewe gapapu kuri Malipangu

Theodole Malipangu, umukinnyi ukomoka muri Centrafrique wari warumvikanye na Rayon Sports yo mu Rwanda, yahisemo kuyibenga yerekeza mu ikipe ya Jamus itozwa na Cassa Mbongo yo muri Sudani y’Epfo. Iyi kipe izwiho gushora amafaranga menshi mu kureshya abakinnyi bafite impano, yatanze amadorari $30,000 yo kugura Malipangu ndetse izajya imuhemba $4,000 buri kwezi. Amakuru yemezwa na […]
RDC iravuga ko M23 yarashe ku ngabo zayo ikoresheje drones za Kamikaze

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo irashinja inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 kurasa ku ngabo zayo zikoresheje drones z’ubwiyahuzi zizwi nka Kamikaze; ikaba imwe mu mpamvu zikomeje gukubitwa ahababaza. Ni ibyatangajwe na Minisitiri ushinzwe iterambere ry’icyaro, Muhindo Nzangi, mu kiganiro yaraye agiranye n’abanyamakuru. Uyu ubwo yasubizaga ikibazo cy’umwe mu banyamakuru, yemeye ko FARDC ikomeje kwamburwa […]
RDC: Abayobozi baravuga ko bamenye indwara y’amayobera imaze iminsi yica abantu

Mu gihe abashinzwe ubuzima bo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo bavuze ko ari malariya y’igikatu, OMS yavuze ko hakomeje gukorwa isuzuma kugira ngo hemezwe icyateye icyorezo kimaze iminsi cyibasiye Abanyekongo byavugwaga ko ari indwara y’amayobera. Abashinzwe ubuzima bo muri Congo bavuga ko indwara y’amayobera yahitanye abantu benshi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) […]
Habimana watanze kandidatire ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu agiye kumurika Alubumu ya gatatu

Umuraperi Habimana Thomas, washakaga kuba umukandida wigenga ku mwanya w’Umukuru w’Igihugu mu matora yabaye muri Nyakanga 2024, agiye kumurika alubumu ya gatatu yise “Ubuyobe” ikangurira urubyiruko kwirinda ibibashyira kure y’umugisha. Ni alubumu azamurika ariko bagakora ibitaramo bizenguruka u Rwanda bayimenyekanisha aho kuwa 04 mutarama 2025, bazakorera mu karere ka Rubavu, tariki 18 mutarama mu akarere […]
Rwamagana: Polisi yarashe uwakekwagaho kwica uwarokotse ubwo yageragezaga gutoroka

Amakuru aturuka mu Karere ka Rwamagana agera kuri Bwiza aravuga ko uwitwa Samuel Kabera yarashwe agahita apfa ubwo yageragezaga gucika Polisi. Uyu mugabo w’imyaka 33 yari ajyanwe ngo yerekane aho yahishe ibikoresho yifashishije mu kwica Sibomana Emmanuel w’imyaka 57 warokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 wari umuturanyi we. Nyakwigendera wari utuye mu Murenge wa Gishari […]
Paris: Urukiko rwagumijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyakatiwe Philippe Hategekimana

Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 17 Ukuboza, Urukiko rw’Ubujurire mu Bufaransa rwagumijeho igihano cy’igifungo cya burundu cyakatiwe Philippe Hategekimana, uzwi ku izina rya Biguma, wahoze ari umuyobozi wungirije wa Gendarmerie mu Rwanda, kubera uruhare yagize muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, cyane cyane mu Ntara y’Amajyepfo. Mu nyandiko yanyujijwe kuri X, Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda […]