Hasohotse Season ya Kabiri ya Squid Game

Squid Game Season 2 yagiye ahagaragara kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Ukuboza 2024 nyuma y’imyaka itatu itegerejwe. Nyuma y’uko season ya kabiri isohotse kuri Netflix ku munsi wa Boxing Day, dore amakuru yose dufite ku bijyanye nayo, harimo imiterere y’inkuru n’abakinnyi bayikinnyemo. Mbere yo kwinjira muri season ya Kabiri reka twibukiranye uko iya […]

DJ Dizzo yashyinguwe

Kuri uyu wa Kane tariki ya 26 Ukuboza 2024 habaye umuhango wo guherekeza mu cyubahiro Mutambuka Derrick, wamamaye nka DJ Dizzo, wapfuye ku wa 19 Ukuboza 2024 azize kanseri yari amaranye igihe. Uyu musore yashyinguwe ku Irimbi rya Rusororo nyuma yo gusezerwaho bwa nyuma n’inshuti, umuryango n’abakunzi be. Kuva ku wa 21 Ukuboza ikiriyo cyabereye […]

Kenya: Abandi bantu 40 bagonzwe n’imodoka kuri Noheli

Impanuka ikomeye y’imodoka yabereye mu gihugu cya Kenya mu gace ka Mwisho wa Lami, yakomerekeyemo abantu bagera kuri 40 bose bakaba bahise bajyanwa mu bitaro igitaraganya ngo bitabweho. Iyi mpanuka yabaye mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 25 Ukuboza 2024, ubwo hizihizwaga umunsi mukuru wa Noheli. Mu gihe iyi mpanuka yabaga, biravugwa ko […]

Kabila na Katumbi bamaganye Abacanshuro n’Ingabo zirimo iz’u Burundi muri RDC

Abanyapolitiki Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo na Moïse Katumbi Chapwe wahoze ari Guverineri w’Intara ya Katanga, bamaganye Abacanshuro n’Ingabo z’amahanga ziri muri RDC. Ni mu itangazo rihuriweho aba banyapolitiki bombi basohoye, nyuma yo guhurira i Addis-Abeba muri Ethiopia mu Cyumweru gishize. Aba bahuye mu gihe muri Congo Kinshasa […]

Babiri bishwe n’impanuka mu minsi ya Noheli

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko abantu babiri baguye mu mpanuka ebyiri zabaye mu bice bitandukanye by’igihugu hagati yo ku itariki ya 24 Ukuboza no kuri Noheli nyirizina. Umuvugizi wa Polisi, ACP Boniface Rutikanga, yabwiye Umuseke ko muri rusange umutekano wagenze neza muri iyi minsi mikuru nubwo habayeho izo mpanuka. Yagize ati: “Noheli yagenze neza, uretse […]

U Burusiya buravuga ko bwaburijemo imigambi ya Ukraine yo kwica abayobozi b’ingabo

Kuri uyu wa Kane, itariki 26 Ukuboza 2024, abategetsi bo mu Burusiya bavuze ko imigambi myinshi ya Ukraine yo kwica abasirikare bakuru b’Abarusiya yaburijwemo. FSB (“The Federal Security Service of the Russian Federation ), yagize iti: “Urwego rushinzwe umutekano muri Federasiyo y’u Burusiya rwabujije igerageza ry’ubwicanyi ku basirikare bakuru bo muri Minisiteri y’ingabo.” Mu itangazo […]

Pasiteri yakubiswe umugeri n’uwahanzweho n’abadayimoni arapfa 

Umupasiteri witwa John Michael Ekamu wo mu gihugu cya Uganda, yapfuye nyuma yo gukubitwa umugeri n’umukristo wahanzweho n’imyuka mibi yageragezaga kugangahura. Byabereye mu rusengero rw’itorero ryitwa Agule Pentecostal Assemblies of God ruherereye mu karere ka Serere. Daily Monitor ivuga ko uwitwa Osagani ukekwaho kwica uriya Pasiteri, avuga ko ku wa 24 Ukuboza ari bwo yari […]

Umuzamu w’Ikipe y’Igihugu yatsinzwe igeragezwa mu Buholandi 

Umuzamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Maxime Wenssens yasezerewe n’ikipe yo mu cyiciro cya kabiri mu Buholandi “Roda JC Kekrade” nyuma yo gutsindwa igeragezwa yari amazemo icyumweru.   Wenssens yari yitezweho kumara ukwezi muri Roda JC Kekrade kugira ngo yerekane ubushobozi bwe gusa iyi kipe yamuhaye igihe gito cyo kwigaragaza aho yahise ifata umwanzuro wo kumusezerera nyuma yo […]

Twirwaneho iravugwaho kurasa FARDC igakizwa n’amaguru

Amakuru aturuka mu Minembwe ho mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo aravuga ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zari zagabye igitero ahitwa kuri Evomi, umutwe wa Twirwaneho wazirwanyije zihunga zerekeza kuri brigade muri centre ya Minembwe. Mu rucyerera rwo kuri uyu wa Kane ni bwo ingabo za leta zari ziyobowe na Col Jean Pierre […]

Umugore ufite Tatuwaje umubiri wose yatangaje isi

Amber w’imyaka 28 uzwi nka “Dragon Girl,” yashyize hanze ifoto itangaje y’uko yari ameze afite imyaka 20 atari yashyira tatuwaje ku umubiri we wose, ibintu byatangaje abamubonye. Uyu mugore w’umunyamideli ukomoka i Brisbane ubu afatwa nk’umugore ufite tatuwaje nyinshi cyane aho 99% by’umubiri we batakagijwe n’ibishushanyo. Amber yatangaje ko amaze gushora arenga $280,000 arenga miliyoni […]