M23 yemeje ko yishe abasirikare benshi ba FARDC

Umutwe wa M23 watangaje ko ku wa Gatanu wishe abasirikare benshi bari bagize ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma y’imirwano yasize wigaruriye agace ka Katale ko muri Teritwari ya Masisi. Umuvugizi w’ishami rya gisirikare muri uriya mutwe, Lt Col Willy Ngoma, yatangaje ko usibye kwivugana ingabo nyinshi za leta M23 […]