Transit Center zikwiye kuvaho, abazijyanwamo bagahabwa indishyi z’akababaro: Dr Habineza

Umuyobozi w’Ishyaka Riharanira Demukarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, Dr Frank Habineza, asanga ibigo ngororamuco bizwi nka Transit Centers binyuzwamo abantu by’igihe gito bikwiye kuvaho, ngo kuko bikora binyuranyije n’amategeko. Dr Habineza yongeye gutanga iki cyifuzo, mu gihe hari abanenga imikorere ya biriya bigo.Bamwe mu babinyuzwamo binubira ku kuba ubuzima bushaririye bubirangwamo burimo gukubitwa, ku […]