Donald Trump yarahiriye kuyobora Amerika

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, kuri uyu wa Mbere tariki ya 20 yarahiriye kuyobora iki gihugu nka Perezida wacyo wa 47. Ibirori byo kumurahiza byabereye mu nyubako ya Capitol isanzwe ikoreramo Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Byitabiriwe n’abantu b’ingeri zinyuranye, barimo Barack Obama na Joe Biden babaye […]

Rutsiro: Barashima uruhare rw’abanyeshuri n’abarezi mu kugabanya imirire mibi n’igwingira

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rutsiro buvuga ko bushima uruhare rw’abanyeshuri n’abarezi bo mu kigo cy’amashuri abanza cya Francophone cy’i Kayove na Kivu Hills Academy ku ruhare bikomeje kugaragaza mu guhangana n’imirire mibi n’igwingira byugarije abana bagatuye. Ni mu gihe aka karere kaza ku mwanya wa mbere mu ntara y’iburengerazuba ku kugira abana bafite igwingira ku gipimo […]

Kagame na Tshisekedi: Nyakati Zilikuwa Nzuri (Picha).

Alhamisi, tarehe 16 Januari, Rais Kagame alizungumza tena kwa maneno mabaya kuhusu mwenzake Félix Antoine Tshisekedi wa Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo (DRC), akionyesha kuwa uhusiano wao unaendelea kuzorota.

Kagame et Tshisekedi : Quand les temps étaient bons (Photos).

Le jeudi 16 janvier, le président Kagame a de nouveau tenu des propos négatifs à l’égard de son homologue Félix Antoine Tshisekedi de la République Démocratique du Congo (RDC), indiquant que leurs relations continuent de se détériorer.

Kagame and Tshisekedi: When Times Were Good (Photos)

On Thursday, January 16, President Kagame once again spoke negatively about his counterpart Félix Antoine Tshisekedi of the Democratic Republic of Congo (DRC), signaling that their relationship is worsening. While hosting diplomats representing their countries and various international organizations in Rwanda, President Kagame alluded to Tshisekedi, stating that some leaders appear foolish to him. He […]

Kagame na Tshisekedi iminsi ikiri myiza (Amafoto)

Perezida Kagame ku wa Kane tariki 16 Mutarama yongeye kuvuga nabi mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo; ibyaciye amarenga y’uko umubano w’aba bombi ukomeje kugana ahabi. Umukuru w’Igihugu ubwo yakiraga mu musangiro abadipolomate bahagarariye ibihugu byabo ndetse n’imiryango mpuzamahanga itandukanye mu Rwanda, asa n’ukomoza kuri Tshisekedi yavuze ko hari abayobozi […]

Nyamagabe: Umugabo arakekwaho icyaha cyo kwica nyirabukwe

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bwakiriye dosiye y’umugabo wishe nyirabukwe amuteye icyuma. Icyaha akurikiranyweho biravugwa ko yagikoze ku itariki ya 13 Mutarama 2025, mu Mudugudu wa Munanira, Akagari ka Ngambi, Umurenge wa Mbazi, mu Karere ka Nyamagabe mu Ntara y’Amajyepfo. Ubushinjacyaha Bukuru dukesha iyi nkuru buvuga ko kuri uwo munsi uregwa yagiye kwa nyirabukwe, […]

RIB yafunze Emelyne na bagenzi be bagaragara mu mashusho y’urukozasoni yatigishije umujyi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rwataye muri yombi abantu icyenda barimo Kwizera Emelyne n’itsinda ry’abandi umunani bahuriye mu rubuga rwa WhatsApp rwitwa Rich Gang aho bakurikiranyweho gufata no gusakaza amashusho agaragaza imibonano mpuzabitsina. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry aba bantu bafashwe ku itariki ya 17 Mutarama 2025. Ati: ” “Nibyo koko, […]

Bujumbura: Umurambo w’umupolisi wasanzwe mu muferege

Kuri iki Cyumweru gishize mu gitondo, umurambo wa Claude, umukozi wa PNB (Polisi y’u Burundi), wabonetse mu muferege wo mu murwa mukuru w’ubucuruzi, Bujumbura, ariko impamvu y’urupfu rwe ntiramenyekana neza.  Mu muferege uri hagati ya Avenue ya 11 mu gace ka Buyenzi (rwagati mu mujyi w’ubucuruzi Bujumbura) n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuzima rusange, INSP, niho habonetse […]

RDC: Imirwano hagati ya M23 na FARDC yasubukuwe i Sake na Kalehe

Kuri uyu wa Mbere, itariki 20 Mutarama 2025, imirwano yongeye gusubukurwa hagati y’inyeshyamba za M23 n’Ingabo za Repubulika ya Demokarasi ya Congo zishyigikiwe n’inyeshyamba za Wazalendo hafi ya Sake, nko mu birometero makumyabiri mu burengerazuba bwa Goma nk’uko amakuru agera kuri Kivu Morning Post avuga. Urusaku rw’imbunda ziremereye rwumvikanye muri Sake no mu burengerazuba bwa […]