M23 yigaruriye Umujyi wa Minova

Umutwe wa M23 wamaze kwigarurira Umujyi wa Minova wo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kuwirukanamo Ingabo za Leta ya RDC n’abambari bawo. Amakuru y’ifatwa ry’uyu mujyi muto uherereye ku nkombe z’ikiyaga cya Kivu yatangiye kuvugwa mu ijoro ryacyeye, mbere y’uko M23 iyemeza kuri uyu wa Kabiri. Amashusho ari guhererekanwa ku mbuga nkoranyambaga yerekana […]

Umuryango w’umukobwa wagabye igitero ku musore wanze kurongora umukobwa wabo

Mu gace ka Karauli mu ntara ya Rajasthan mu Buhinde, habereye inkuru idasanzwe ubwo umuryango w’umukobwa warakazwaga bikomeye  n’umusore wambitse impeta umukobwa wabo maze ntiyamurongora. Uyu musore wari warambitse impeta yaje kubenga uwo yambitse impeta ku munsi w’ubukwe aho byarakaje umuryango w’umukobwa bigatuma ugaba igitero ku muryango w’uyu musore. Ubwo bagabo igitero muri uru rugo, […]

Obama, Hillary Clinton, Bill Clinton bazomerewe mu irahira rya Trump

Ku wa Mbere, tariki 20 Mutarama, Barack Obama yitabiriye ibirori byo kurahira kwa Donald Trump, wabaye Perezida wa 47 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ariko yakirwa nabi n’abari aho. Obama wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika yakiriwe n’amajwi y’abantu bari kumuzomera  ubwo yageraga ahabereye irahira. Si we wenyine wakiriwe nabi, kuko […]

Nyampinga w’u Bufaransa 2000 yaje kwerekana umukunzi mu Rwanda

Uwitonze Sonia Rolland, Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Bufaransa mu 2000, yerekanye umukunzi we Guillaume Gabriel bateganya kurushingana mu Ugushyingo 2025. Sonia Rolland usanzwe ari umunyamideli n’umukinnyi wa filime, yamugejeje mu Rwanda ku wa 18 Mutarama 2025, amwereka ibyiza by’igihugu birimo Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali, Parike y’Ibirunga, n’ahandi hantu nyaburanga. Amakuru ahari avuga ko igice […]

RDC igiye guteza cyamunara imitungo yose ya Nangaa wihuje na M23

Minisiteri y’Ubutabera ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko igiye kugurisha muri cyamunara imitungo yose ya Corneille Nangaa. RDC isanzwe yarafatiriye imitungo yose y’uyu mugabo wahoze akuriye Komisiyo y’amatora muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo kumukatira urwo gupfa azira kwihuza n’umutwe wa M23. Mu Ukuboza 2023 ni bwo Nangaa yihuje n’uriya mutwe […]