U Bwongereza bwasabye abaturage babwo bari i Goma guhunga

U Bwongereza biciye muri Minisiteri yabwo y’Ububanyi n’Amahanga, bwasabye abaturage babwo bari mu mujyi wa Goma kuhava mu maguru mashya. Iyi Minisiteri mu butumwa yashyize hanze, yasabye Abongereza bari i Goma “gukoresha uburyo bushoboka” bakahava, abatarahinjira nabo bagahagarika ibyo bikorwa. U Bwongereza bwasabye abaturage babwo kuva i Goma, mu gihe imirwano ikomeye hagati y’inyeshyamba za […]
Nejejwe cyane no kwakira inshuti yanjye nkunda Paul Kagame – Perezida Erdogan

Perezida wa Turkiya, Recep Tayyip Erdogan yatangaje ko yanejejwe no kwakira bwa mbere umuyobozi w’igihugu cy’u Rwanda mu ruzinduko rw’akazi kandi agaragaza ko ibihugu byombi bigiye gufatanya mu nzego zitandukanye kuva mu burezi kugera mu bya gisirikare. Mu magambo ye yanyujije kuri X kuri uyu wa Kane, itariki 23 Mutarama 2025, Perezida Erdogan yagize ati: […]
Kivumbi King yashyizwe mu bahanzi 10 b’Abanyafurika bitezweho ibitangaza muri 2025

Umuziki wa Afurika ukomeje gutera imbere aho abahanzi bashya bagaragaza impano zabo zirimo kagura imbibi no gukurura abafana ku isi hose. Dore abahanzi 10 bashya bafite amahirwe yo gutera imbere no kugira uruhare rukomeye mu muziki wa Afurika muri 2025 nk’uko byatangajwe n’urubuga rucururizwaho umuziki rw’abanyamerika Audiomack. Muri uru rutonde hagaragaraho umunyarwanda umwe ari we […]
Erdogan yemeye guhuza u Rwanda na RDC

Perezida Recep Tayyip Erdogan wa Türkiye yasabye u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo gukemura ibibazo bifitanye mu mahoro, yemera kuba umuhuza hagati y’ibihugu byombi mu gushakira amahoro akarere k’ibiyaga bigari. Erdogan yabitangaje ku wa Kane tariki ya 23 Mutarama, ubwo yari kumwe na Perezida Paul Kagame wagiriraga uruzinduko rwe rwa mbere muri Türkiye. […]
Umukinnyi wa Man U yagaragaye asunika umukozi wa Rangers (Amafoto)

Mu mukino wa Europa League wabereye kuri Old Trafford wahuje Manchester United na Rangers, hagaragaye igice cyateye urujijo ubwo umukozi wa Rangers yageragezaga kwivanga mu byishimo by’abakinnyi ba United bikaza kumuviramo gusunikwa. Manchester United yatsinze uwo mukino ku bitego 2-1 aho igitego cya nyuma cyatsinzwe na kapiteni Bruno Fernandes mu minota y’inyongera. Icyo gitego cyateje […]
Prince Harry yatsinze urubanza yaregagamo ibinyamakuru birimo The Sun

Ku wa Gatatu, Igikomangoma Harry yatangaje ko yatsinze bidasanzwe mu gihe ibinyamakuru bya Rupert Murdoch mu Bwongereza byasabye imbabazi zitigeze zibaho kubera kwinjira mu buzima bwite bwe mu myaka ibarirwa muri cumi n’indi kandi byemera kwishyura indishyi zikomeye kugira ngo bikemure ikirego cye. Ibinyamakuru byibumbiye muri News Group News byasabye “imbabazi zuzuye kandi zidashidikanywaho kuri […]
USA: Umucamanza yitambitse kimwe mu byemezo bya mbere bya Trump

Umucamanza wa leta muri Seattle yahagaritse by’agateganyo icyemezo teka cyatanzwe na Perezida Donald Trump cyashakaga kuvanaho ubwenegihugu bw’amavuko muri Amerika. Iki cyemezo cyafashwe ku wa Kane nyuma y’uko Umucamanza w’Akarere muri Amerika, John Coughenour yemeye icyemezo gihagarika by’agateganyo iri teka, bihagarika ishyirwa mu bikorwa ry’iyi politiki mu gihe cy’iminsi 14 mu gihe urukiko rugisuzuma ibyayo. […]
Buruseli: Umwana w’imyaka 14 yafashwe yitegura kugaba igitero ku musigiti

Abayobozi mu gihugu cyo mu Bubiligi baravuga ko umwana w’imyaka 14 ukekwaho kuba afite ibitekerezo bikabije by’ubuhezanguni yatawe muri yombi ku wa Kane azira kuba yateguraga kugaba igitero cy’iterabwoba ku musigiti. Abashinjacyaha i Buruseli mu itangazo ryabo bavuze ko uyu ukekwaho icyaha “bivugwa ko ari umwe mu bagize muvoma y’abahezanguni , yateganyaga kugaba igitero ku […]
Nyamagabe: Umupasiteri akurikiranweho gusambanya umukobwa utujuje imyaka y’ubukure

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Nyamagabe bukurikiranye umu Pasitoro ukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 17 y’amavuko wabaga mu rugo rwe. Icyaha akurikiranyweho akekwa ko yagikoze mu kwezi kwa Nzeri 2024, mu kagari ka Nyamugari, umurenge wa Gasaka, akarere ka Nyamagabe. Iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga ko icyo gihe, ubwo umugore we yari ari kwa […]
Axel Rudakubana wishe abana 3 yakatiwe gufungwa imyaka 52

Urukiko rwa Liverpool mu Bwongereza rwakatiye Axel Rudakubana igifungo cy’imyaka 52 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abana batatu no kugerageza kwica abandi bantu 10. Uyu musore w’imyaka 18 y’amavuko wagaragaye mu rukiko asakuza kandi anenga ko ubuzima bwe bwo mu mutwe butitaweho, yakoze ibi byaha akiri umwana muto w’imyaka 17, tariki ya 29 Nyakanga […]