Zelensky yiteguye kwegura

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky yatangaje ko yiteguye kwegura ku buyobozi niba byatuma igihugu cye kibona amahoro ndetse avuga ko ashobora kubihinduranya no kwinjira muri NATO. Mu kiganiro n’abanyamakuru ku Cyumweru, tariki ya 23 Gashyantare yabajijwe niba yiteguye kurekura ubutegetsi mu gihe byatanga amahoro kuri Ukraine, maze asubiza ati: “Niba byazana amahoro kuri Ukraine, niba […]

Burundi: Igitoro gifite agaciro k’arenga miliyari Frw 300 cyaburiwe irengero

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yatangaje ko muri iki gihugu hari ubujura bukomeye bw’ibikomoka kuri Peteroli, ku buryo mu minsi ishize hari igitoro gifite agaciro ka Frw miliyari 300 cyaburiwe irengero. Ndayishimiye yabitangaje ubwo yaganiraga n’abategetsi bo mu Burundi. Yavuze ko ubujura bw’igitoro bwabayeho bwatumye u Burundi butakaza icyo bwakabaye bukoresha kugeza muri Werurwe uyu […]

Rutahizamu wa Rayon Sports ashobora kumara amezi 9 adakina

Rutahizamu w’ikipe ya Rayon Sports, Fall Ngagne ashobora kumara amezi icyenda adakandagira mu kibuga nyuma yo kugira imvune ikomeye ku mukino ikipe ye yanganyijemo na Amagaju FC igitego 1-1. Uyu mukino wa Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu Rwanda wabereye i Nyamagabe ku wa Gatandatu, ku munsi wa 18 wa Shampiyona. Mu minota ya nyuma, Fall […]

Minisitiri Olivier Nduhungirehe yishimiye intsinzwi ya APR FC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe, yagaragaje ibyishimo bikomeye nyuma y’uko ikipe ye akunda, Mukura Victory Sports, yatsinze APR FC igitego 1-0 muri Shampiyona y’u Rwanda. Ni intsinzi ikomeye kuri Mukura VS, kuko yari iherutse no gutsinda Rayon Sports mu mukino wabaye mu kwezi gushize. Mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, Minisitiri Nduhungirehe […]

RSF n’abafatanyabikorwa biyemeje gushinga guverinoma ibangikanye n’iya Sudani

Ku wa Gatandatu, umutwe wa Rapid Support Forces wagiranye amasezerano n’indi mitwe ya politiki n’iyitwaje intwaro bishyize hamwe kugira ngo hashyirweho “guverinoma y’amahoro n’ubumwe”, nk’uko abasinye, al-Hadi Idris na Ibrahim al-Mirghani babitangarije Reuters. Mu bashyize umukono kuri aya masezerano harimo Abdelaziz al-Hilu, umuyobozi ukomeye w’inyeshyamba ugenzura uturere twinshi n’ingabo muri Leta ya Kordofan y’Amajyepfo, kandi […]

RDC: Umusirikare yishwe na mugenzi we mu kigo cy’imyitozo ya gikomando

Ku Cyumweru, itariki ya 23 Gashyantare, abasirikare babiri bo mu Ngabo z’igihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (FARDC) basanzwe bapfuye mu kigo cy’imyitozo ya Commando muri Camp Lwama, giherereye mu Mujyi wa Kindu, mu Ntara ya Maniema. Minisitiri w’umutekano mu Ntara, Lawamo Selemani Taylor, yasuye aho hantu yemeza ko ibyabaye byabaye igihe umusirikare wari […]

Karongi: Babiri bashinjwaga kwica umuntu bakatiwe imyaka 25 y’igifungo

Urukiko Rwisumbuye rwa Karongi rwasomeye mu ruhame urubanza ruregwamo abasore babiri bakurikiranwagaho icyaha cyo kwica umuntu rubakatira igifungo cy’imyaka 25 kuri buri wese. Icyaha bari bakurikiranyweho bagikoze ku itariki ya 28 Ukuboza 2024 mu mudugudu wa Gituntu, akagali ka Nyarunyinya, umurenge wa Murambi, mu karere ka Karongi. Kuri uwo munsi, abaregwa uko ari babiri bateze […]

Kabila yagaragaje Tshisekedi nka nyirabayazana y’ibibazo byugarije RDC

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yagaragaje imiyoborere mibi ya Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo wamusimbuye ku butegetsi nk’intandaro y’ibibazo bitandukanye byugarije kiriya gihigu. Kabila wayoboye RDC mu gihe cy’imyaka 18, yanenze Tshisekedi wamusimbuye mu kiganiro aheruka kugirana n’ikinyamakuru Sunday Times cyo muri Afurika y’Epfo. Agaruka ku bibazo bitandukanye byugarije […]