Lionel Messi na Luis Suárez bahanwe

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (MLS) ryafatiye ibihano Lionel Messi na Luis Suárez, bakinira Inter Miami nyuma yo kugaragaza imyitwarire idahwitse mu mukino bahuyemo na New York City FC tariki ya 23 Gashyantare 2025. Uyu mukino warangiye amakipe yombi anganyije ibitego 2-2, ariko Messi na Suárez barenze ku mategeko agenga imyitwarire bakora […]
Leta yasabye iperereza ryimbitse ku rupfu rw’uwahoze akinira AS Kigali

Guverinoma ya Nigeria yasabye ko hakorwa isuzuma ryimbitse ku cyateye urupfu rw’umukinnyi w’umupira w’amaguru, Abubakar Lawal wapfiriye muri Uganda mu buryo budasobanutse. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri n’ishami ry’itangazamakuru n’itumanaho mu Komisiyo y’Abanya-Nigeria baba mu mahanga (NiDCOM), Umuyobozi Mukuru wa NiDCOM, Hon. Abike Dabiri-Erewa yavuze ko uru rupfu ari “urw’agahinda kandi rukemangwa,” […]
Sudani: Maj. Gen. Bahr Ahmed yapfiriye mu mpanuka y’indege ya gisirikare yahitanye abarenga 46

Indege ya gisirikare ya Sudani yaguye mu gace gatuwe ko mu nkengero z’umurwa mukuru, Khartoum, ihitana abasirikare benshi bakuru ndetse n’abasivili. Nk’uko amakuru aturuka mu gisirikare agera ku Biro Ntaramakuru Reuters abitangaza, ngo iyi ndege yakoze impanuka kuri uyu wa Kabiri, itariki 25 Gashyantare 2025, ubwo yahagurukaga ku kibuga cy’indege cya gisirikare cya Wadi Seidna […]
Imirwano hagati y’abaturage ba Kenya na Ethiopia yaguyemo bamwe abandi barabura

Kenya yohereje ingabo nyinshi n’abapolisi ku mipaka yayo na Ethiopia nyuma y’igitero cyagabwe n’abantu bitwaje intwaro, mu cyo abayobozi basobanura nk’ubushyamirane bwambukiranya imipaka. Kipchumba Murkomen, Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu wa Kenya, yatangaje ko guverinoma irimo gufatanya n’abayobozi ba Ethiopia gushakisha abaturage babuze nk’uko inkuru yashyizwe ahagaragara na AFP ivuga. Amakuru ahari kugeza ubu avuga ko abaturage […]
IGP Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria

Umuyobozi Mukuru wa Polisi y’u Rwanda (IGP), CG Felix Namuhoranye ari mu ruzinduko rw’akazi muri Nigeria, aho kuri uyu wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare, yitabiriye inama n’umwiherero bihuza ba Ofisiye bakuru ba Polisi muri icyo gihugu. Umuhango wa gufungura ku mugaragaro iyi nama n’umwiherero bibaye ku nshuro ya gatanu byayobowe na Visi-Perezida wa Repubulika […]
FARDC n’Ingabo z’u Burundi bari kwisuganya ngo batere M23

Umutwe wa M23 watangaje ko Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo rikomeje kwisuganya, kugira ngo riwugabeho ibitero. Byatangajwe n’Umuvugizi w’uyu mutwe, Lawrence Kanyuka, mu itangazo yasohoye ku wa Kabiri tariki ya 25 Gashyantare 2025. Ni nyuma y’uko Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Congo ryirukanwe mu bice bitandukanye by’Intara za Kivu zombi, […]
U Rwanda rwasubije u Bwongereza bwarufatiye ingamba zo kuruhana

Leta y’u Rwanda yanenze ingamba zigamije kuruhana u Bwongereza bwafatiye u Rwanda burushinja kuvogera ubusugire bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, igaragaza ko bwabogamiye ku ruhande rumwe. Ku wa Kabiri tariki ya 25 ni bwo u Bwongereza bwatangaje izo ngamba. Ni ingamba zirimo kuba nihatagira intambwe igaragara iterwa mu gukemura ibibazo byo mu burasirazuba bwa […]