Umugore yishe umugabo ahita amuca igitsina aragiteka arakirya

Polisi yo muri Brazil yataye muri yombi umugore w’imyaka 65 nyuma yo kwemera ko yishe umugabo w’imyaka 60, akamuca bimwe mu bice by’umubiri we, birimo umutima n’igitsina, ndetse akabirya. Nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Brazil, Celso Marques Ferreira w’imyaka 60, yasanzwe yapfuye mu kibuga kiri mu mujyi wa Peruíbe, muri São Paulo afite ibice bimwe […]
Impunzi z’Abanyekongo zahungiye mu Burundi na Uganda zibayeho nabi cyane – Kayikwamba

Kwiyongera kw’ibibazo mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo Kivu byongereye umubare w’Abanyekongo bahunze igihugu aho habarwa abagera hafi ku 80.000 mu Burundi no muri Uganda, nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga , ubutwererane mpuzamahanga na Francophonie, Thérèse Kayikwamba Wagner, mu nama ya 34 y’inama y’abaminisitiri. Nta […]
Masisi: M23 yafashe utundi duce

Nyuma y’agace ka Nyabyondo ko muri Masisi inyeshyamba zo mu mutwe wa M23 zigaruriye ku Cyumweru tariki ya 9 Werurwe, uyu mutwe wanigaruriye uduce twa Busoro na Kaanja. Inyeshyamba ziyobowe na Gen Sultani Makenga zigaruriye utu duce twombi nyuma yo kutwirukanamo ingabo za Leta ya Congo n’abarwanyi b’umutwe wa APCLS bazifasha ku rugamba. Kugeza mu […]
Sukhoi yarashe mu Minembwe

Anakuru ava mu burasiraziba bwa Congo, avuga ko none kuwa mbere tariki ya 10 Werurwe 2025. İndege ya Sukhoi25, yabyukiye mu minembwe irasa aho bakunze kwita ku kiziba. Amakuru bwiza.com yamenye nuko iyi Sukhoi yaje Saa tanu n’iminota 38, Minembwe , nyuma yuko drone za FARDc zabanje kuzenguruka mu duce tw’imisozi ya minembwe. Mu mafoto […]
Igikomangoma Frederik wa Luxembourg yapfuye ku myaka 22 azize indwara idasanzwe

Igikomangoma Frederik wa Luxembourg yapfuye azize indwara idasanzwe izwi ku izina rya POLG mitochondrial disease, nkuko byatangajwe n’umuryango we. Igikomangoma Frederik yapfuye ku itariki ya 1 Werurwe afite imyaka 22, nk’uko ababyeyi be babitangaje mu itangazo ryashyizwe ku rubuga rwa POLG Foundation. Se w’igikomangoma Robert, yagize ati: “Ni n’umutima uremereye cyane njye n’umugore wanjye twifuje […]
Ibyari byanditse ku gapapuro kahawe Muhire Kevin agahita agaca byamenyekanye

Mu mukino ukomeye wahuje APR FC na Rayon Sports ku Cyumweru, akandiko kohererejwe kapiteni wa Rayon Sports, Muhire Kevin, kavugishije benshi aho bibazaga ibyaba byanditseho kuko yagahawe maze na we akimara kugasoma agahita agaca. Uyu mukino wari utegerejwe n’abakunzi ba ruhago mu Rwanda warangiye amakipe yombi anganyije 0-0, gusa icyagarutsweho cyane ni ubutumwa bwo kuri […]
Abagore bizihije umunsi mpuzamahanga w’abagore bahabwa igishoro

Tariki ya 8 Werurwe 2025, abagore bo mu Murenge wa Mageragere bizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Abagore mu birori byateguwe ku bufatanye n’Akarere ka Nyarugenge na FXB Rwanda binyuze mu mushinga VillageFXB Mageragere ufasha abaturage kwivana mu bukene no kubafasha kugera ku iterambere rirambye Ibi birori byaranzwe no kwerekana intambwe abagore bamaze gutera mu kwigira no gutanga […]
Burundi: Alexis Sinduhije yemeye ko Red Tabara ikomoka ku ishyaka MSD yashinze

Umunyapolitiki utavuga rumwe n’ubutegetsi bw’u Burundi, ubarizwa mu buhungiro mu gihugu cy’u Bubiligi, Alexis Sinduhije, yemeye ko ishyaka MSD yashinze ari ryo riri inyuma y’umutwe wa Red-Tabara mu gihe yari amaze iminsi atabyemera cyangwa ngo abihakane, ndetse ashimangira ko biteguye kuzagira u Burundi igihugu cy’icyitegererezo nibamara gukura Ndayishimiye ku butegetsi. Ibi Alexis Sinduhije ukuriye ishyaka […]
Amerika yiteguye kuganira na Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku mabuye y’agaciro

Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziteguye gusuzuma ibijyanye n’ubufatanye mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro na Repubulika ya Demokarasi ya Congo nyuma y’aho umusenateri avuganye n’Abayobozi ba Amerika ngo baganire ku masezerano yo kugurana umutekano amabuye y’agaciro nk’uko departement ya leta yabitangaje mu itangazo yageneye Reuters. Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ikungahaye kuri cobalt, lithium na uranium […]
Yanga SC yasabye ko Simba SC iterwa mpaga

Ikipe ya Yanga SC yatangaje ko idashyigikiye icyemezo cyo gusubika umukino wa Kariakoo Derby wari uteganyijwe ku itariki ya 8 Werurwe 2025 kuri Stade Benjamin Mkapa. Mu itangazo ryasohowe n’Ubuyobozi Bukuru bwa Yanga ku wa 9 Werurwe 2025, iyi kipe yasabye ko igomba guhabwa intsinzi kuko ikipe ya Simba SC yanze gukina umukino. Yanga yagaragaje […]