Nduhungirehe yeruriye Kaja Kallas ko ibihano u Rwanda rufatirwa bitazakemura ibibazo bya RDC

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe uri i Bruxelles mu Bubiligi, ku wa Mbere yahuye anagirana ibiganiro na Visi-Perezida wa Komisiyo y’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Kaja Kallas. Ni ibiganiro byibanze ku bibazo byo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho ingabo z’iki gihugu zikomeje kurwanira n’umutwe wa M23. U Rwanda rushinjwa guha ubufasha […]
UPDF yohereje ingabo zidasanzwe muri Sudani y’Epfo ahakomeje gututumba intambara

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda yavuze kuri uyu wa Kabiri ko igihugu cye cyohereje ingabo zidasanzwe mu murwa mukuru wa Sudani y’Epfo, Juba, kugira ngo “zibungabunge umutekano” mu gihe umwuka mubi wongeye kuzamuka hagati ya Perezida Salva Kiir na Visi Perezida we wa mbere Riek Machar, wateye impungenge z’uko intambara y’abenegihugu ishobora kubura muri iki […]
Sheilah Gashumba ntiyigeze agenda na Taxi kuva yavuka

Umusesenguzi wa politiki akaba n’umuherwa, Frank Gashumba yatangaje ko umukobwa we Sheilah Gashumba atigeze na rimwe agendera muri taxi zitwara abanutu mu buryo rusange kuva yavuka. Mu kiganiro yagiranye kuri Radio 4, Gashumba yavuze ko yakoze uko ashoboye kose kugira ngo abana be bagire ubuzima bwiza kandi bitandukanye n’ubuzima we ubwe yanyuzemo. Frank Gashumba yagize ati: […]
Sandra Teta yavuze impamvu akibana na Weasel uhora amutimbura

Umuhanzi Weasel, umwe mu bagize itsinda Radio & Weasel amaze imyaka irenga icumi abana n’umugore we Sandra Teta aho bombi bafitanye abana barenga batatu. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Sandra Teta yagarutse ku mubano we na Weasel, avuga ko nubwo nk’abantu bagira amakosa, ibyiza bye biruta ibibi. Ibi yabigarutseho ubwo yasubizaga abibaza impamvu akihoma kuri Weasel uhora […]
Perezida wigeze kwita Imana igicucu yatawe muri yombi

Rodrigo Duterte wahoze ari Perezida wa Philippines yatawe muri yombi, nyuma yo gushyirirwaho impapuro zo kumufata n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC) rumushinja kugira uruhare mu byaha byibasiye inyoko muntu. Duterte yafatiwe ku kibuga cy’indege cyo mu mujyi wa Manilla, ubwo yari avuye muri Hong Kong. Ibyaha akekwaho bifitanye isano n’ubwicanyi bw’indengakamere ubutegetsi bwe bushinjwa gukora, mu […]
Perezida Kagame yaganiriye na Banki y’Isi ku bufatanye buriho n’ejo hazaza

Kuri uyu wa Mbere, itariki ya 10 Werurwe, Perezida Paul Kagame, yakiriye Qimiao Fan, Uhagarariye Banki y’Isi mu gihugu mu Rwanda, Kenya, Somaliya, na Uganda. Baganiriye ku bufatanye buriho ndetse n’ejo hazaza nk’uko ibiro bya Perezida bibitangaza. Iyi ibaye inshuro ya kabiri Qimiao asura u Rwanda nyuma yo kugera kuri uyu mwanya muri Nzeri 2024. […]
Igitero cya mbere kinini cya drones za Ukraine i Moscow kishe umuntu gihungabanya ubwikorezi

Kuri uyu wa Kabiri, Ukraine yateye Moscou mu gitero cyagaragaye ko ari cyo gitero kinini cy’indege zitagira abadereva z’intambara ku murwa mukuru w’u Burusiya, gihitana byibuze umuntu umwe, gitera inkongi y’umuriro ndetse no guhagarika ubwikorezi bwo mu kirere na gari ya moshi mu karere. Guverineri w’akarere ka Moscou, Andrei Vorobyov, mu nyandiko yanditse kuri porogaramu […]
Amerika iravuga ko 83% bya gahunda USAID yateraga inkunga zizavaho burundu

Kuri uyu wa Mbere, itariki 10 Werurwe 2025, Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Marco Rubio, yatangaje ko 83% bya porogaramu za USAID zizavaho burundu. Ni nyuma y’akazi kari kamaze ukwezi n’igice ko gusuzuma imikorere ya USAID. Kakurikiye iteka rya Perezida Donald Trump ryo kuwa ya 20 Mutarama, akimara kurahira, ryahagaritse USAID […]
M23 yakubitiye ingabo z’u Burundi i Kaziba

Umutwe wa M23 ku wa Mbere tariki ya 10 Werurwe wigaruriye agace ka Kaziba ko mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, nyuma yo kukirukanamo ingabo z’u Burundi barwanaga mu mirwano ikomeye. Mu masaha y’umugoroba wo ku wa Mbere ni bwo M23 yinjiye i Kaziba. Kaziba ni chefferie muri ebyiri zigize Teritwari ya Walungu muri Kivu y’Amajyepfo, […]