Guverineri uvukana na Corneille Nangaa wa M23/AFC yahunze

Christophe Baseane Nangaa wahoze ari Guverineri w’Intara ya Haut-Uélé mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yamaze guhunga nyuma kiriya gihugu y’igihe aterwa ubwoba. Baseane asanzwe ari murumuna wa Corneille Nangaa wahoze ari Perezida wa Komisiyo y’amatora muri RDC (CENI), mbere yo gushwana n’ubutegetsi bwa RDC agahuza amaboko na M23 bahuriye mu ihuriro Alliance […]

Myugariro wa Yanga SC yahawe ipeti rya Sergeant mu gisirikare

Myugariro Ibrahim ‘Bacca’ Abdallah Hamad ukinira Yanga SC ndetse n’Ikipe y’Igihugu ya Tanzania, yazamuwe mu ntera mu gisirikare cya Zanzibar aho yari asanzwe ari Corporal, ahabwa ipeti rya Sergeant. Uyu mukinnyi w’imyaka 26 yashimiwe ubwitange n’ikinyabupfura akomeje kugaragaza haba mu kibuga no hanze yacyo. Uyu muhango wabaye kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Werurwe […]

Sonrise Mentorship Program yafunguriye amarembo abifuza kujya kuminuriza muri Amerika

Ikigo Sonrise Mentorship Program, cyatanze amahirwe ku banyeshuri basoje amashuri yisumbuye bifuza gukomeza amasomo ku rwego rwa kaminuza; by’umwihariko izo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Mentorship Program isanzwe ikorana na Kaminuza zitandukanye zo muri Amerika, zirimo iya Georgetown, iya New York (NYU), iya Miami, iya Notre Dame ndetse n’iya Williams. Iki kigo kuri ubu […]

Ndayishimiye yongeye kwibasira u Rwanda

Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi yongeye kwibasira u Rwanda, arushinja kuba ari rwo nyirabayazana w’amabi amaze igihe ari mu bihugu by’akarere. Perezida w’u Burundi yashyize ibi birego ku Rwanda ku Cyumweru gishize, ubwo yari yitabiriye amasengesho y’itorero ryitwa Eglise Vision de Jésus-Christ. Muri ayo masengesho Ndayishimiye yumvikanye abwira abari bayitabiriye ko mbere y’umwaka wa 1959 […]

Urukiko rwategetse ko Zari Hassan yishyura arenga miliyoni 400 Frw y’imisoro

Urwego rushinzwe imisoro muri Afurika y’Epfo, South African Revenue Service (SARS), rwatsinze urubanza rwaregagamo Zari Hassan kuba hari imisoro yagombaga gutanga akaza kuyirengagiza ntayitange. Urukiko Rukuru rwa Johannesburg rwafashe icyemezo cyo kwemeza ko Zari agomba kwishyura umwenda w’imisoro ungana na miliyoni 5 z’amafaranga y’Afurika y’Epfo (R5 million), asaga miliyoni 400 z’amafaranga y’u Rwanda. Nk’uko ibitangazamakuru […]

RDC ikwiye kuvugurura imiyoborere ya yo no kwitandukanya na FDLR – U Bubiligi

Ku nshuro ya mbere nyuma y’uko u Rwanda ruhagaritse umubano nacyo, igihugu cy’u Bubiligi cyasabye Repubulika ya Demokarasi ya Congo gufata inshingano zayo bitari mu gushaka gukemura amakimbirane gusa, ahubwo ko ikwiye kuvugurura imiyoborere yayo kandi igahagarika gufatanya na FDLR itibagiwe guhana ibikorwa byibasira Abanyekongo bavuga Ikinyarwanda. Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere, itariki 17 […]

RIB yataye muri yombi umushinjacyaha n’umukomisiyoneri bakekwaho ruswa

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi Mutatsineza Evanys wari Umushinjacyaha ku Rukiko rw’Ibanze rwa Kamembe na Niyonshuti Ezechiel uzwi nka Mwalimu, wari Umukomisiyoneri. Aba bagabo bombi bakekwaho ibyaha birimo kwakira ruswa, iyezandonke, no kudasobanura inkomoko y’umutungo. Nk’uko byatangajwe n’Umuvugizi wa RIB, Dr. Murangira B. Thierry, iperereza ryagaragaje ko aba bombi bakoranaga mu buryo bw’ibanga, […]

Igihugu cya Niger cyivanye mu Muryango wa Francophonie

Ku wa Mbere, itariki ya 17 Werurwe, igihugu cya Niger kiyobowe n’abasirikare bahiritse ubutegetsi, cyatangaje ko kiyivanye mu Muryango w’Ibihugu bukoresha Igifaransa (Organisation Internationale de la Francophonie). Minisiteri y’ububanyi n’amahanga yagize iti: “Guverinoma ya Niger yafashe icyemezo mu bwisanzure cyo kuvana Niger mu Muryango Mpuzamahanga wa Francophonie.” Niger yari yarahagaritswe muri uyu Muryango nyuma y’ihirika […]

Hatangijwe ibikorwa by’ubufatanye bwa Polisi n’Ingabo z’u Rwanda bigamije guteza imbere abaturage

Ku bufatanye bwa Polisi y’u Rwanda n’Ingabo z’igihugu (RDF), kuri uyu wa Mbere tariki ya 17 Werurwe 2025, hatangijwe ibikorwa bigamije guteza imbere imibereho myiza y’abaturage (Citizen Outreach Programme-COP25). Ni ibikorwa bizakorerwa mu gihugu hose ku nsanganyamatsiko igira iti: “Ubufatanye bw’abaturage n’inzego z’umutekano mu kwizihiza kwibohora31 n’imyaka 25 y’imikoranire na Polisi y’u Rwanda”. Bizakorwa mu […]