M23 mu marembo ya Walikale

Umutwe wa M23 wamaze kugera mu marembo ya Centre ya Walikale, nyuma y’imirwano ikomeye yawusakiranyije n’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa. Amakuru avuga ko kuri ubu ingabo za M23 zamaze kugera ahitwa Mubanda, mu bilometero bibarirwa muri 4 uvuye Walikale-Centre. Byari nyuma yo kwigarurira ibirindiro by’ingabo za Leta biri ahitwa Ngora, mu bilometero 12 uvuye […]

Umusaruro mbumbe w’u Rwanda wiyongereyeho 8,9% mu 2024 – NISR

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 19 Werurwe 2025, Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare cyatangaje ko  umusaruro mbumbe w’u Rwanda wazamutse ukagera kuri miliyari 18,785 Frw muri 2024 uvuye kuri miliyari 16,626 Frw mu mwaka wa 2023 . Raporo yashyizwe hanze kuri uyu wa Gatatu, igaragaza ko Serivisi zatanze 48 ku ijana muri GDP, ubuhinzi bwatanze 25 ku […]

Rubavu and Rutsiro farmers experience increase of productivity of bio-fortified crops

Farmers living near Lake Kivu in Rubavu and Rutsiro districts, working with the Rwanda Rural Rehabilitation Initiative (RWARRI) in partnership with the European Union through the HINGA UKIRE project, are expressing their satisfaction with the increased productivity of bio-fortified crops after one year of implementation. The farmers urge local development officers to collaborate closely so […]

Mama Mukura arembeye mu bitaro bya CHUB

Mukanemeye Madeleine, uzwi nka Mama Mukura, umufana ukomeye wa Mukura Victory Sports na Amavubi, arwariye mu Bitaro bya Kaminuza bya Butare (CHUB). Uyu mukecuru w’imyaka 103 wari usanzwe arwariye mu Bitaro bya Kabutare mu Karere ka Huye, yoherejwe ku bitaro bya CHUB kugira ngo yitabweho n’abaganga nk’uko byatangajwe na Mukura VS binyuze ku mbuga nkoranyambaga. […]

Rwanda Vs RDC: Umuhuro utunguranye wa Kagame na Tshisekedi i Doha

Nyuma y’uko ibiganiro byari byitezwe guhuza Kinshasa na M23 i Luanda bihagaze, kuri uyu wa Kabiri ku wa Werurwe i Doha muri Qatar habereye urugendo rutunguranye rwahuje Perezida Paul Kagame w’u Rwanda na mugenzi we Félix Antoine Tshisekedi wa RDC bahujwe n’umuyobozi w’ikirenga wa Qatar, Tamim bin Hamad Al Thani. Qatar isanzwe ifitanye umubano mwiza […]

Sinshobora kurenza icupa rimwe – Pavelh Ndzila yigaramye ibyo kuba kazizi

Umuzamu wa APR FC, Pavelh Ndzila, yatangaje ko amakuru amuvugwaho hanze y’ikibuga ari ibinyoma, ashimangira ko atazi aho ababitangaza babikura. Mu bihe bitandukanye, uyu muzamu ukomoka muri Congo yagiye avugwaho amakuru atari meza, aho bamwe bamushinja kwirarira mu tubyiniro two muri Kigali ari kumwe n’abakobwa b’uburanga banywa inzoga. Mu kiganiro yagiranye na BB Kigali FM, […]

U Burusiya na Ukraine byubuye imirwano nyuma yo kwanga gahunda y’agahenge ya Trump

U Burusiya na Ukraine byagabye ibitero by’indege byangiza ibikorwaremezo kuri buri ruhande nyuma y’uko Perezida Vladimir Putin yanze icyifuzo cya Amerika cyo guhagarika imirwano iminsi 30. Abayobozi ba Ukraine bavuga ko ingabo z’u Burusiya zagabye ibitero by’indege zitagira abadereva ku bitaro bibiri byo mu majyaruguru y’Akarere ka Sumy. Ku wa Kabiri, Putin yari yemeye guhagarika […]

RCSP yanenze ibihano bikomeje gufatirwa u Rwanda 

Ihuriro rya Sosiyete sivile mu Rwanda (Rwanda Civil Society Platform: RCSP) ryanenze ibihano ibihugu bitandukanye bikomeje gufatira u Rwanda, rigaragaza ko aho gukemura ikibazo bizacyongera. RCSP yatangaje ibi, nyuma y’ibihano Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi ku wa Mbere wafatiye abayobozi b’u Rwanda na M23, ubashinja kugira uruhare mu makimbirane yo mu burasirazuba bwa RDC. Ni ibihano […]

Meagan Good yarushinze mu ibanga

Umukinnyi wa filime Jonathan Majors, w’imyaka 35 na Meagan Good,w’imyaka 43 barushinze mu muhango w’ibanga wabereye mu rugo rwabo muri Los Angeles nk’uko byatangajwe n’ikinyamakuru Entertainment Tonight ku wa Kabiri, tariki 18 Werurwe 2025. Amakuru aturuka ku muntu wa hafi n’uyu muryango avuga ko nyina wa Jonathan Majors, usanzwe ari umupasiteri ari we washyingiye aba […]

Timaya yakije umuriro kuri Leta ya Nigeria kubera inka

Umuhanzi w’umunya-Nijeriya Timaya yateje impaka ndende ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kwatsa umuriro kuri Leta ayisaba gufata ingamba ku kibazo cy’inka z’abungeri zona imirima mu gace ka Bayelsa. Ku wa 18 Werurwe 2025, Timaya yanyujije ubutumwa kuri X agaragaza agahinda ke kuri iki kibazo, agira ati: “Ndakomeza gusaba Leta kugira icyo ikora. Bari kwangiza imirima […]