Umuhanzikazi Sia yatandukanye n’umugabo we nyuma y’imyaka ibiri barushinze

Umuririmbyi w’Umunya-Australiya, Sia yatandukanye n’umugabo we Daniel Bernad nyuma y’imyaka ibiri bari bamaze babana nk’umugore n’umugabo. Amakuru atangazwa n’ikinyamakuru PEOPLE avuga ko impapuro zisaba gatanya zatanzwe ku wa Gatatu, tariki ya 19 Werurwe 2025 aho Sia yatangaje ko batandukanye ku wa Kabiri, tariki ya 18 Werurwe 2025. Nk’uko bigaragara mu nyandiko zo mu rukiko, Sia […]
Abadepite bagaragaje impungenge mu kongera umusoro kuri lisansi na mazutu bitumizwa

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Werurwe, abadepite bagaragaje impungenge z’icyifuzo cya guverinoma cyo gushyiraho umusoro wa 15% ku bikomoka kuri peteroli, baburira ko bishobora kongera igiciro cy’ibicuruzwa na serivisi ku baguzi. Iki cyifuzo kiri mu mushinga w’itegeko rigamije kwagura uburyo buriho bwo gusoresha lisansi na mazutu hashyirwaho kandi umusoro wa buri mwaka ku […]
Umuraperi Fireman yavuye mu kigo ngororamuco

Umuraperi Uwimana Francis uzwi ku izina rya Firema, yamaze gusubira mu rugo nyuma y’amezi abiri yivuriza mu kigo ngororamuco giherereye mu Karere ka Huye mu Majyepfo y’u Rwanda. Fireman ni umwe mu baraperi bamaze imyaka myinshi bakora umuziki mu Rwanda aho yagiye muri iki kigo ku bushake bwe mu mpera za Mutarama 2025. Uyu muraperi […]
RIB yasabye abantu guha agahenge Danny Nanone n’umugore we

Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), Dr. Murangira B. Thierry, yasabye abakoresha imbuga nkoranyambaga kwirinda gukomeza gukwirakwiza amashusho y’umugore wa Danny Nanone, Moreen, aho akomeza kugaragaza ikibazo cy’indezo nk’icyitarakemuka. Iki kibazo cy’indezo cyongeye kuzamurwa ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’umwaka urenga urukiko rutegetse Danny Nanone kujya atanga indezo y’abana yabyaranye na Moreen. Ku mbuga nkoranyambaga, by’umwihariko ku […]
Macron yakiriye abihaye Imana bo muri Congo bakomeje gushaka amahoro

Nyuma yo guhura n’abanyapolitiki batandukanye bo muri Congo n’abayobozi bo mu karere k’akarere, Inama y’Abepiskopi y’igihugu cya Congo (CENCO) n’Itorero rya Kristo muri Congo (ECC) bakiriwe muri Élysée kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 19 Werurwe na Perezida Emmanuel Macron. Iri tsinda ryashyikirije Perezida w’u Bufaransa gahunda yabo yiswe “Amasezerano mbonezamubano agamije amahoro no kubana neza […]
Umusirikare uri ku rugamba afata nibura 500$ – Tshisekedi wemeza ko FARDC ari agatogo

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa RDC mu kiganiro yahaye ikinyamakuru Le Figaro kuri uyu wa Gatatu tariki ya 19 Werurwe, yagaragaje ko yishimiye kuba umushahara w’abasirikare ba FARDC wariyongereye, ku buryo nk’abasirikare bari ku rugamba bavuye kuri $100 bahabwaga bakagera kuri $500. Yashimangiye nta kwivuguruza ko umushahara w’umusirikare wiyongereye uva ku madolari 100 ugera ku […]
Abadepite beretswe imbogamizi abahinzi bagifite zikeneye ubuvugizi

Abadepite bagize Komisiyo y’Ubuhinzi, Ubworozi n’Ibidukikije bakomeje gusura ibikorwa byerekeranye n’ubuhinzi hirya no hino mu gihugu aho abaturage babagaragarije zimwe mu mbogambizi zihari zisabirwa ubuvugizi. Imbogamizi abahinzi bakomeje kugaragazq zirimo: Ubuhunikiro bwubatse kure ugereranije n’aho umusaruro uturuka Ubwanikiro buke ugereranyije n’umusaruro uboneka Isuri itera imyuzure mu bishanga bidatunganije. Usibye izo mbogamizi zavuzwe haruguru, mu bihe […]
M23 yigaruriye Umujyi wa Walikale

Umutwe wa M23 waraye wigaruriye Centre ya Walikale, uyirukanyemo ihuriro ry’ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. M23 yafashe uriya mujyi muto nta mirwano ibayeho, gusa uyu mutwe ku wa Gatatu wari wiriwe urwanira mu nkengero zawo n’ihuriro ry’ingabo za Leta ya Congo Kinshasa. Kuri ubu byitezwe ko nyuma ya Walikale, M23 ishobora […]