Umudepite wo muri Kenya yakubitiwe muri sitade yagiye kureba ikipe y’igihugu [Videwo]

Umudepite wo muri Kenya, Peter Salasya yakubiswe n’abafana ndetse asohorwa muri Nyayo Stadium ubwo yari yitabiriye umukino wahuje Kenya na Gabon mu gushaka itike y’Igikombe cy’Isi kuri iki Cyumweru. Amashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje Salasya ari hagati y’abafana, bamwe bamushinja kutubaha umunyapolitiki Raila Odinga. Umwe yamukubise igikoresho cy’imyanda mu maso, mu gihe abashinzwe umutekano […]

Al shabab yishe abapolisi batandatu ba Kenya

Polisi yavuze ko abapolisi batandatu bo muri Kenya bishwe n’abakekwaho kuba aterabwoba ba Al Shabab bagabye igitero ku kigo cy’inkeragutabara. Ku Cyumweru, umuvugizi yatangarije abanyamakuru ko umutwe w’iterabwoba wateye inkambi y’abapolisi i Biyamadhow mu Ntara ya Garissa ku mupaka na Somaliya. Iki gitero cyabaye mu gitondo cyo ku Cyumweru maze umuvugizi avuga ko “abakekwaho kuba […]

Bazongere Rosine yavuye i Kigali n’amaguru agera i Rubavu

Bazongere Rosine, wamamaye muri sinema nyarwanda, yageze i Rubavu nyuma yo gukora urugendo rw’ibirometero 150 n’amaguru. Uru rugendo rwamaze iminsi ine, rukaba rwari rugamije gukangurira abantu gukora siporo ngororamubiri kugira ngo bagire ubuzima bwiza. Yahagurutse i Kigali ku wa 20 Werurwe 2025, anyura mu turere dutandukanye. Ku munsi wa mbere yaraye kwa Nyirangarama nyuma yo […]

Umugaba mukuru wa FARDC mu butumwa bwo kugenzura ingabo i Kisangani

Lt. Gen. Jules Banza, Umugaba Mukuru w’Ingabo za FARDC, yageze ku Cyumweru, itariki ya 23 Werurwe 2025, i Kisangani, umurwa mukuru w’Intara ya Tshopo, mu rwego rwo kugenzura ingabo no kureba ko ziteguye kurinda uyu Mujyi ushobora gufatwa na M23 mu minsi iri imbere. Ageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kisangani, yakiriwe na Lt. Gen. […]

Museveni yaba yatanze itegeko ryo gufata Kisangani ihanzwe amaso na M23 

  Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko Perezida Yoweri Kaguta Museveni yatanze itegeko ry’uko ingabo z’igihugu cye cyangwa umutwe wa M23 bagomba gufata umujyi wa Kisangani bitarenze icyumweru kimwe. Uyu Jenerali yemeje ayo makuru mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X, mbere yo kubusiba. Yagize ati: “Mu cyumweru kimwe, M23 […]