U Burusiya na Ukraine byemeranyije guhagarika imirwano mu Nyanja Yirabura

U Burusiya na Ukraine byiyemeje guhagarika intambara mu mazi mu Nyanja Yirabura mu masezerano atandukanye na Leta Zunze Ubumwe za Amerika, nyuma y’iminsi itatu y’ibiganiro by’amahoro muri Arabia Saoudite. Washington yavuze ko impande zose zizakomeza gukora kugira ngo hagerwe ku “mahoro arambye ” mu matangazo avuga kuri ayo masezerano, azafungura inzira y’ubucuruzi y’ingenzi. White House […]
Abanyeshuri mu bice bigenzurwa na M23 bakoze ibizamini bya leta

Nubwo byari bigoye kwitegura, abanyeshuri bo muri Kivu y’Amajyaruguru na Kivu y’Amajyepfo barekana ko biruhukije kuko uyu mwaka w’amashuri utakibabereye impfabusa, nyuma y’aho bemerewe gukora ibizamini bya leta byari byarasubitswe. Kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 25 Werurwe, muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, habaye ibizamini bidasanzwe bya Leta ku banyeshuri bize amasomo y’amashuri yisumbuye […]
M23 yashyizeho abayobozi bashya ba CADECO

Ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo imitwe ya M23 na Twirwaneho, ryashyizeho abayobozi bashya b’ikigo cy’imari cya Caisse générale d’épargne du Congo (CADECO) mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru. Ni icyemezo uriya mutwe wafashe mu rwego rwo gufasha kiriya kigo gukomeza gutanga serivisi. Itangazo rihuriweho ryashyizeho umukono na Corneille Nangaa usanzwe ari umuhuzabikorwa wa AFC cyo kimwe […]
Umugabo yakubise intosho umugore we wanze ko bifotozanya

Polisi yo muri Leta ya Hawaii yafashe umuganga witwa Gerhardt Konig w’imyaka 46 akurikiranyweho kugerageza kwica umugore we, Arielle Konig nyuma yo kumutera intosho mu mutwe no kugerageza kumuta ku kayira ngo ahapfire. Nk’uko byatangajwe n’inzego zishinzwe umutekano, ibi byabereye ku musozi wa Nuuanu Pali Lookout aho uyu mugabo yaba yararakaye kubera ko umugore we […]
Spice Diana ntakozwa ibyo kubyara

Umuhanzikazi Spice Diana yatangaje ko ataragera igihe cyo kubyara abana aho yashimangiye ko akiri gushishikazwa n’umuziki we. Ibi yabitangaje nyuma y’uko inkuru z’abahanzikazi batwite zikomeje kuganirwaho cyane by’umwihariko nyuma y’uko Sheebah Karungi abyaye kandi yari yaratangaje ko atazigera abyara. Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru, Spice Diana yavuze ko azabyara igihe kigeze, ariko kuri ubu ntaritegura. Yagize […]
Rusizi: Ushinjwa n’abarimo umwana we kwicisha amarozi abana babo yasabiye imbabazi imbere ya Padiri

Umukecuru w’imyaka 80 utuye mu Mudugudu wa Gashagwa, Akagari ka Butambamo , umurenge wa Nzahaha, Akarere ka Rusizi, kuwa Gatandatu tariki ya 22 Werurwe nibwo yasabye imbabazi imbere ya Padiri n’abakirisitu ndetse ibyo yakoreshaga aroga biratwikwa. Aganira na Radio One dukesha iyi nkuru, uwo mukecuru yatangiye asobanura aho amarozi bamushinja yaturutse. Ati” Iyo hene najyanye […]
Michel Platini na Sepp Blatter ntibigeze barya ruswa ukundi

Urukiko Rudasanzwe rw’Ubujurire rw’Ubusuwisi rwagize abere Sepp Blatter wahoze ari Perezida wa FIFA na Michel Platini wahoze ari Perezida wa UEFA ku byaha bya ruswa bari bakurikiranyweho. Iyi dosiye yari ishingiye ku mafaranga angana na miliyoni ebyiri z’amafaranga y’Abasuwisi (hafi miliyoni 2.21$) Sepp Blatter yahaye Michel Platini mu 2011. Ubushinjacyaha bwashinjaga bombi uburiganya, ariko bo bavugaga ko ayo […]
King Saha yigaramye ibyo gusebya ishyaka NRM rya Perezida Museveni

Umuhanzi w’Umunya-Uganda King Saha yigaramye ibyo gusebya ishyaka NRM rya Perezida Museveni nyuma y’uko agaragaye mu mvururu mu gitaramo yakoreye mu karere ka Ibanda, mu Burengerazuba bwa Uganda, mu mpera z’icyumweru gishize bikavugwa ko byatewe n’indirimbo isebya ishyaka rya perezida yari yaririmbye. Iki gitaramo cyatangiye neza, ariko nyuma haje kuvuka akaduruvayo kagaragaye mu mashusho yacicikanye […]
Nta kuvanga cyangwa gusubizwamo, FARDC izasenywa yose – Corneille Nangaa

Ubuyobozi Mukuru w’Ihuriro AFC/M23, Corneille Nangaa, arameza ko Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kizasenywa cyose uko cyakabaye kandi ishami rya gisirikare rya M23, Armée Révolutionnaire Congolaise (ARC) ari yo izasigara ari igisirikare cy’igihugu. Ibi Corneille Nangaa yabitangaje kuwa Mbere, itariki ya 24 Werurwe 2025 ubwo hasozwaga amahugurwa ku ngengabitekerezo y’ihuriro muri Kivu […]
Umuhuro wa Kagame na Tshisekedi i Doha wateje Serwakira ya dipolomasi

Inama yo ku wa 18 Werurwe yabereye i Doha muri Qatar hagati ya Perezida Félix Tshisekedi RDC na mugenzi we Paul Kagame w’u Rwanda, ikomeje gutera guteza Serwakira ya dipolomasi ya Luanda, Gitega na Pretoria kuri Kinshasa. Luanda yari isanzwe ari umuhuza mu makimbirane y’u Rwanda na Congo yabanje gutungurwa n’uyu muhuro binyuze muri Minisitiri […]