Huye: Arashinjwa gufata ku ngufu umwana w’imyaka 5

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bwashyikirije Urukiko dosiye iregwamo umusore w’imyaka 18 ukora akazi k’ubushumba ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 5 y’amavuko. Icyaha uregwa akurikiranyweho nkuko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru ivuga, cyakozwe ku itariki ya 23 Werurwe 2025 mu Mudugudu wa Ndago, Akagari ka Bugali, Umurenge wa Ntyazo, mu Karere ka Nyanza, mu cyumba. […]
Uburyo bwiza bwo gusaba imbabazi umukunzi wawe nyuma yo kurakaranya

Mu rukundo, si buri gihe haba ibyishimo n’ibiganiro byiza; rimwe na rimwe habaho kutumvikana no kurakaranya. Ariko se ni gute wasaba imbabazi umukunzi wawe nyuma yo gukora ikosa? Icya mbere ni ukwemera ko wakoze ikosa no guha agaciro amarangamutima ye. Ukeneye kumwereka ko uzi neza ko wamubabaje kandi koko ubabajwe n’ibyo wakoze. Urugero, ushobora kumubwira […]
Perezida wa Rayon Sports yibukije Sadate ko atajya atanga umusanzu mu ikipe

Mu gihe Rayon Sports ikomeje urugendo rwayo muri shampiyona y’u Rwanda, Perezida wayo Twagirayezu Thadee yasubije ibitekerezo bikomeje gutangwa na Munyakazi Sadate, wahoze ayobora iyi kipe. Mu kiganiro yagiranye na radiyo SK FM, Twagirayezu Thadee yagarutse ku ngingo zitandukanye, harimo n’amafaranga angana na miliyari 5 Munyakazi Sadate yagaragaje ko yiteguye gushora muri Rayon Sports. Yagize […]
Muhanga: Umugeni yaburiye irengero umugabo wamushatse nyuma y’iminsi itatu abenzwe n’undi musore

Aisha Christine wo mu karere ka Kamonyi yagiye mu Murenge wa Nyamabuye,Akarere ka Muhanga gushakayo umugabo we yaburiye irengero nyuma y’iminsi ibiri bashyingiranywe. Uwo mugeni wo Murenge wa Rugobagoba n’umugabo we Kitabazonga Leonard bakunda kwita Kevin,bakoze ubukwe butunguranye kuwa Gatandatu tariki ya 29 Werurwe 2025, nyamara nyuma y’iminsi agahunga urugo ndetse atwaye imyenda y’abasore bari […]
Uwahoze ari Guverineri yateye Tshisekedi umugongo ajya muri M23

Joseph-Stéphane Mukumadi wahoze ari Guverineri w’Intara ya Sankuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yatangaje ko yamaze kujya mu mutwe wa M23. Mukumadi yemeje aya makuru biciye mu mashusho yashyize ku rubuga rwe rwa X. M23 na yo ibinyujije muri Lawrence Kanyuka uyivugira mu bya Politiki yashyize hanze ariya mashusho. Ni amashusho uriya mugabo agaragaramo […]
APR WVC yatangiye neza irushanwa nyafurika

Ikipe y’Ingabo z’u Rwanda, APR WVC, yatangiye neza irushanwa Nyafurika rihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo mu bagore, itsinda Club Féminin de Carthage (CFC) yo muri Tunisia amaseti 3-1 (18-25, 26-24, 25-23, 25-22). Uyu mukino wabereye i Abuja muri Nigeria kuri uyu wa Kane, tariki ya 3 Mata 2025. APR WVC yatangiye umukino igorwa, itsindwa […]
Bugesera: Abantu 28 batawe muri yombi bazira gutera urugo rw’umuturage bashinja kuroga

Kuwa Kabiri Tariki ya 1 no kuwa Gatatu mu gitondo tariki ya 2 Mata 2025, abaturage batuye mu kagari ka Batima mu Murenge wa Rweru, mu Karere ka Bugesera, bateye urugo rwa mugenzi wabo bashaka kugirira nabi umugore we bashinja kuroga. Aba baturage, bigabye mu rugo rwe nyuma y’urupfu rwa mugenzi wabo Ishimwe Samuel ufite […]
FARDC yasubiye mu mujyi wa Walikale

Ihuriro ry’Ingabo za Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryasubiye mu mujyi wa Walikale nyuma yo gusubira inyuma kw’ingabo za M23 zari zimaze iminsi ziwugenzura. Mu ijoro ry’ejo ku wa Gatatu tariki ya 2 Mata ni bwo ingabo za M23 zabaga muri Walikale-Centre zahavuye zisubira inyuma. Uyu mutwe mu kwezi gushize wari watangaje ko […]
Afurika ikwiye gukoresha ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano mu guhangana n’ubusumbane (AI)-Perezida Kagame

Kuva kuri uyu wa kane 3-4/04/202, i Kigali mu Rwanda hateraniye Inama mpuzamahanga yiga uko ikoranabuhanga ry’Ubwenge buhangano (AI) ryabyazwa umusaruro ku mugabane wa Afurika. Perezida w’u Rwanda Paul Kagame, Perezida wa Togo Faure Essozimna Gnassingbé , Bwana Mahmoud Ali Youssouf, Perezida wa Komisiyo y’Afurika Yunze Ubumwe, Minisitiri w’Intebe akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga wa Kenya, Dr. Musalia Mudavadi, […]
Hari abemera ko Jenoside yakorewe Abatutsi yabaye bakanayipfobya: RIB

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwagaragaje ko hari bamwe mu Banyarwanda bemera ko Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yabayeho, gusa ku rundi ruhande bakaba bakoresha imvugo ziyipfobya zinagize ibyaha. Byatangajwe n’Umukozi mu ishami rishinzwe kurwanya ibyaha muri ruriya rwego, Ntirenganya Jean Claude, ubwo ku wa Gatatu tariki ya 2 Mata RIB yasozaga ubukangurambaga bugamije gukumira ibyaha […]