Kagame yifatanyije na Perezida wa Togo mu gutangiza “Global AI Summit on Africa”

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, kuri uyu wa Kane, itariki 3 Mata 2025, muri Kigali Convention Center, yifatanyije na Perezida Faure Essozimna Gnassingbé wa Togo, na H.E Mahmoud Ali Youssouf, Perezida wa Komisiyo ya Afurika Yunze Ubumwe n’abandi bitabiriye Inama baturutse hirya no hino ku mugabane mu gutangiza Inama ya Global AI Summit on Africa. […]

U Rwanda rwamanutseho imyanya itandatu ku rutonde rwa FIFA

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi yagabanutseho imyanya itandatu ku rutonde ngarukakwezi rw’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA). Nk’uko byatangajwe kuri uyu wa Kane, tariki ya 3 Mata 2025, u Rwanda rwavuye ku mwanya wa 124 rusubira inyuma rugera ku mwanya wa 130. Uku gusubira inyuma k’U Rwanda kuri uru rutonde bisobanuye ko hari amakipe yitwaye […]

RDC: Igipolisi cya Kinshasa cyabonye umuyobozi mushya mu mpinduka zakozwe muri PNC

Komiseri w’ishami, Israel Kantu Bankulu, kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 2 Mata, yagizwe Umuyobozi wa Polisi y’Igihugu cya Congo (PNC) mu Mujyi wa Kinshasa, asimbuye Komiseri Blaise Kilimbalimba, ubu wagizwe Umuyobozi wa Polisi mu Ntara ya Haut-Katanga. Uku guhabwa inshingano no kuzihindurirwa muri PNC byatangajwe binyuze mu ruhererekane rw’amabwiriza ya perezida yasomwe kuri televiziyo […]

Umwarimukazi wasambanyaga umwana w’umuhungu w’imyaka 15

Umwarimu wo mu mashuri yisumbuye muri Illinois, Christina Formella w’imyaka 30 yatawe muri yombo na polisi ashinjwa gusambanya umuna w’umunyeshuri w’imyaka 15 yigishaga. Amashusho yafashwe n’ibyuma bya polisi bigaragaza uyu mwarimu ari kurira cyane, yicaye mu modoka ya polisi i Downers Grove ku itariki ya 16 Werurwe. Mu mashusho yasohowe n’umuyoboro wa YouTube witwa Ape […]

Kicukiro: Umuhuzabikorwa mushya wa DASSO yahererekanyije ububasha n’uwo asimbuye

Kuri uyu wa Gatatu, itariki 2 Werurwe 2025, Umuyobozi Nshingwabikorwa w’Akarere ka Kicukiro, Antoine Mutsinzi, yayoboye umuhango w’ihererekanyabubasha hagati ya Niragire Samuel wari Umuhuzabikorwa wa “DASSO” mu Karere ka Kicukiro akaba agiye gukomereza inshingano mu Karere ka Nyarugenge ndetse na Ngarambe John umusimbuye. Niragire Samuel akaba yashimiwe n’Ubuyobozi bw’Akarere ndetse na bagenzi be ku musanzu […]

Gen. Muhoozi yashyikirije Ramaphosa ‘ubutumwa bw’ingenzi’ bwa Museveni 

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, ku wa Gatatu yahuye anagirana ibiganiro na Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa. Minisiteri y’Ingabo za Uganda yatangaje ko Gen Muhoozi yanashyikirije Perezida wa Afurika y’Epfo “ubutumwa bw’ingenzi” bwa mugenzi we Yoweri Kaguta Museveni. Bariya bombi bahuye, mu gihe umwuka ukomeje kuba mubi mu karere k’ibiyaga bigari, […]

Munyakazi Sadate yashyize za miliyari kuri Rayon Sports 

Munyakazi Sadate wahoze ari Perezida wa Rayon Sports, yatangaje ko yiteguye gutanga akayabo ka Frw miliyari 5 akegukana iyi kipe. Sadate umaze igihe agaragaza ko yifuza kuba umunyamigabane mukuru w’iyi kipe ikundwa na benshi, yemeje aya makuru mu butumwa yanditse ku rubuga rwe rwa X. Yavuze ko muri miliyari 5 yifuza kugura Rayon Sports, “miliyari […]

Joshua Baraka ntakozwa ibyo guhita abyarana n’umunyamakuru wamutwaye umutima

Umuhanzi Joshua Baraka amaze imyaka igera kuri itatu akundana n’umunyamakurukazi Etania, ariko avuga ko batari bitegura kuba bagira abana. Baraka yasobanuye ko kugeza ubu bagishishikajwe no kumenyana no gukundana kurushaho, aho gutekereza ku kuba ababyeyi. Avuga ko kugira abana atari byo bigena umuntu, ahubwo ari inshingano umuntu agomba kwemera igihe yumvise ayiteguye. Mu kiganiro yagiranye […]

Bwa mbere nyuma y’Intambara y’Isi u Budage bugiye kugira ingabo mu mahanga

Ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika byatangaje ko bizaba bibaye ubwa mbere nyuma y’igihe kirekire u Budage bwoherejwe abasirikare b’Abadage mu kindi gihugu kuva Intambara ya Kabiri y’Isi Yose yarangira. Ati: “Ku bw’ubufatanye, ku bwa Lituania, ku bw’umutekano w’u Burayi”. Yongeyeho ko ari “Nk’ikimenyetso cyerekana ko twiyemeje kurengera amahoro n’ubwisanzure hamwe n’abafatanyabikorwa bacu.” Igitero cy’u Burusiya muri Ukraine […]

Bane baguye mu mirwano hagati ya Wazalendo na M23 i Nyangezi na Nyakabongola

Byibuze abantu bane basize ubuzima mu mirwano yabaye hagati ya Wazalendo na M23 i Nyantende, muri Teritwari ya Kabare, mu majyepfo ya Bukavu ho muri Kivu y’Amajyepfo nk’uko amakuru aturuka muri ako gace abitangaza. Mu bahohotewe harimo abasivili babiri, imirambo yabo yatoraguwe kandi bashyingurwa ku wa Kabiri mu masambu y’imiryango yabo. Indi mirambo ibiri, y’abarwanyi, […]