RIB yavuze kuri Teta Sandra ushinjwa amagambo apfobya Jenoside yakorewe Abatutsi

Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko amagambo Teta Sandra yanditse ku mbuga nkoranyambaga afatwa nk’ingengabitekerezo ya Jenoside, cyane cyane gupfobya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ku wa 7 Mata 2025, ubwo hatangizwaga icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi, Teta yashyize ubutumwa kuri Snapchat na WhatsApp avuga ko yibuka Abatutsi bishwe “n’Abahutu n’abandi […]
Wazalendo yatangiye gusubiranamo n’Ingabo z’u Burundi

Abarwanyi b’imitwe yitwaje intwaro Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yitabaje ngo bayifashe kurwana na M23, barashinja Ingabo z’u Burundi gufasha ziriya nyeshyamba. Babigaragarije Minisitiri w’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, ubwo yahuriraga n’abahagarariye Wazalendo mu mujyi wa Uvira mu ntara Kivu y’Amajyepfo. Ingabo z’u Burundi na Wazalendo bari mu […]
Isheja Sandrine yasabye urubyiruko kumenya amateka y’u Rwanda n’ukuri kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Isheja Butera Sandrine, Umunyamakuru akaba n’Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru (RBA), yasabye urubyiruko rw’u Rwanda kumenya amateka n’ukuri ku byabaye mu gihe cya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, kugira ngo rutazayobywa n’abashaka gusubiza igihugu mu icuraburindi cy’ayo mateka mabi. Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Isheja yashyizeho amashusho yerekana ubwicanyi bwakorewe Abatutsi mu 1994, […]
Perezida Zelensky yemeye ko Ingabo ze ziri Belgorod mu Burusiya

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yemeye ku nshuro ya mbere ko ingabo ze zikorera mu karere ka Belgorod mu Burusiya gahana imbibi na Ukraine. Kuri uyu wa Mbere ushize yagize ati: “Dukomeje gukora ibikorwa bifatika mu turere duhana imbibi ku butaka bw’abanzi, kandi ibyo ni ukuri rwose, intambara igomba gusubira aho yaturutse.” Amagambo ye yerekeje […]
Abayobozi 5 ba Kenya bari barashimuswe barekuwe nyuma y’amezi abiri

Kuri uyu wa Mbere, Minisitiri w’umutekano mu gihugu, Kipchumba Murkomen, yatangaje ko abayobozi batanu ba Kenya barekuwe, nyuma y’amezi abiri bashimuswe n’abakekwaho kuba kuba intagondwa z’Abayisilamu mu majyaruguru y’uburasurazuba bw’igihugu. Abantu bitwaje imbunda bakekwa ko bakomoka mu mutwe wa Al Shabaab ufitanye isano na al Qaeda bashimuse abayobozi b’imidugudu, bari abayobozi bashyizweho na guverinoma, mu […]
Biratangaje: Yabyaye umukobwa nyuma yo guterwa nyababyeyi y’umuvandimwe we

Mu Bwongereza, habayeho ibyiswe igitangaza aho Umwana wa mbere yavutse ku mugore wahawe nyababyeyi y’umuvandimwe ndetse uwo mwana yiswe Amy, izina rya ry’uwo muvandimwe wahaye wa nyina nyababyeyi. Grace Davidson, w’imyaka 36, yavukanye indwara idasanzwe yitwa MRKH ituma umugore atagira nyababyeyi, gusa aba afite amagi (ovaries) akora neza. Mu mwaka wa 2023, umuvandimwe we witwa […]
M23 yashinze Banki, irahirira kuvana Tshisekedi ku butegetsi

Umuhuzabikorwa w’ihuriro Alliance Fleuve Congo ribarizwamo imitwe ya M23 na Twirwaneho, Corneille Nangaa, yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi agomba kuva ku butegetsi kuko “akomeje kuyobora nabi” Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nangaa yabitangaje ku wa Mbere tariki ya 7 Mata, ubwo yari amaze gutangiza ku mugaragaro Banki ya CADECO M23 iheruka gushinga. Yagaragaje ko ibiza […]
Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia yirukanwe mu muhango wo #Kwibuka31

Ambasaderi wa Israel muri Ethiopia, Avraham Neguise, ku wa Mbere yirukanye mu muhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni umuhango wari wateguwe n’Umuryango wa Afurika yunze Ubumwe, ukaba warabereye i Addis Ababa. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Israel mu itangazo yasohoye, yasobanuye ko uriya mudipolomate yirukanwe nyuma y’uko umwe mu […]
Umunyarwenya wo muri Nigeria, Ntakirutimana yifatanyije n’Abanyarwanda mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi

Umunyarwenya ukomoka mu gihugu cya Nigeria uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka Doctall Kingsley, yagaragaje ko yifatanyije n’Abanyarwanda muri ibi bihe byo Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Uyu munyarwenya witwa Kingsley Ogoro, wamamaye cyane muri Afurika kubera amashusho atandukanye y’urwenya ashyira ku mbuga nkoranyambaga, yihaye izina ry’Ikinyarwanda “Ntakirutimana”, agaragaza urukundo […]
RDC yahagaritse amasezerano yose y’ubushabitsi yari ifitanye n’ibigo by’Abanyamerika

Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe ahagaragara ku wa Mbere, itariki ya 7 Mata 2025, Umuvugizi wa Perezida wa Repubulika ya Demokarasi, Tina Salama, yatangaje ko DRC ihagaritse, kugeza igihe hazatangwa amabwiriza mashya, amasezerano yose, inzira cyangwa ibyifuzo bya lobbying (cyangwa ubushabitsi) yatanzwe cyangwa yakozwe hagati ya Congo n’ibigo by’Abanyamerika by’inzobere muri uru rwego. “Urebye icyifuzo […]