Umutekano muke muri Congo: Ikibazo cy’u Rwanda, cyangwa intege nke za Kinshasa?

Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo isanzwe ari igihugu gikungahaye ku mutungo kamere, ariko ukaba uri mu maboko y’abari ku butegetsi.  Dr Alain Destexhe, inzobere, umuganga akaba yaranabaye umusenateri mu gihugu cye cy’u Bubiligi, nk’umuntu usobanukiwe akarere k’ibiyaga bigari cyane dore ko yagiye yandika ibitabo ku mateka yako, aherutse kugaragaza ipfundo abasesenguzi benshi bagarukaho ry’impamvumuzi y’ibibera […]

APR WVC yifatanyije n’Abanyarwanda bo muri Nigeria mu Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi

Ikipe ya APR WVC yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, wabereye i Abuja muri Nigeria ku wa Mbere, tariki ya 7 Mata 2025. Ni igikorwa cyitabiriwe n’Abanyarwanda baba muri Nigeria, inshuti z’u Rwanda, abayobozi b’amadini, intumwa z’Umuryango w’Abibumbye n’abadipolomate batandukanye. Ambasaderi w’u Rwanda muri Nigeria, Christophe Bazivamo, yavuze […]

Menya ibyiciro 10 bibanziriza Jenoside mbere y’uko iba

Ku wa Mbere tariki ya 7 Mata 2025, u Rwanda n’Isi bibutse ku nshuro ya 31 habaye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Ni Jenoside yahitanye abarenga miliyoni imwe bishwe mu gihe cy’iminsi 100. Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, ku wa Mbere yagaragaje Jenoside yakorewe Abatutsi nka “kimwe mu bice biteye ubwoba cyane mu mateka […]

Tariki 8 Mata 1994: Jenoside yakorewe Abatutsi yatangiye gufata intera mu gihugu hose

Tariki ya 08 Mata 1994, Interahamwe n’abasirikare bishe Abatutsi bari bahungiye ahantu hatandukanye i Nyamirambo harimo kuri Paruwasi gatolika yitiriwe Mutagatifu Karoli Lwanga , mu kigo cy’Abafureri b’Abayozefiti no muri Koleji “St Andre” i Nyamirambo. Uyu munsi kandi ni nabwo Interahamwe zatangiye kwica Abatutsi bari bahungiye kuri Paruwasi gatolika ya Ruhuha mu Bugesera. Iyicwa ry’Abatutsi […]

Rwamagana: Guverineri Rubingisa yasabye ababyeyi kubwiza ukuri urubyiruko ku mateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Mu Murenge wa Gishari, niho habereye igikorwa cyo gutangiza icyumweru cy’Icyunamo n’iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 31 Ku rwego rw’Akarere ka Rwamagana,mu butumwa bwatanzwe na guverineri w’Intara y’Iburasirazuba Pudence Rubingisa yasabye ababyeyi gufasha abakiri bato gusobanukirwa amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Icyo gikorwa cyo gutangiza icyumweru […]