Ukraine ishobora guhara ubutaka kugirango igire amahoro – Meya wa Kyiv

Umuyobozi w’Akarere ka Kyiv, Vitali Klitschko, yatangarije BBC ko Ukraine ishobora kugomba kureka ubutaka mu rwego rw’amasezerano y’amahoro n’u Burusiya, mu gihe Perezida Donald Trump akomeje koyotsa igitutu ngo guhara ubutaka. “Kimwe mu bintu bishoboka ni… guhara ubutaka. Ntabwo ari byiza. Ariko kubw’amahoro, amahoro y’agateganyo, ahari bishobora kuba igisubizo, by’agateganyo,” uyu Vitali Klitschko avugana n’iki […]
U Rwanda na RDC birasinyanira amasezerano muri Amerika

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko kuri uyu wa Gatanu tariki ya 25 Mata, hari amasezerano u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bisinyana. Ni amasezerano ashyirwaho umukono hagati ya Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe na mugenzi we wa Congo Kinshasa, Thérèse Wagner Kayikwamba. Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Amerika yatangaje […]
Tariki 25 Mata 1994: Muri Loni Leta y’abicanyi n’u Bufaransa byarwanyije ikoreshwa ry’ijambo ‘jenoside’

Ku munsi nk’uyu w’itariki ya 25 Mata mu 1994, Leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi. Iyi nyandiko iragaragaza hamwe mu hantu hiciwe Abatutsi tariki ya 25 Mata mu 1994. 1. Leta y’abicanyi yakomeje gushyigikirwa n’Abafaransa mu Kanama ka Loni gashinzwe Amahoro ku isi, barwanya ko ijambo “genocide” ryakoreshwa Kuva tariki 7/4/1994 […]
Abapolisi bahawe ikiganiro ku mateka y’itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa rya Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994

Kuri uyu wa kane tariki 24 Mata, abapolisi bakorera ku cyicaro gikuru cya Polisi ku Kacyiru, bakurikiranye ikiganiro ku bihe by’ingenzi byaranze amateka yabibye amacakubiri yaje kubyara Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994, n’ingamba zijyanye no guhangana n’ingengabitekerezo yayo. Ni ikiganiro cyatanzwe na Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Jean Damascène Bizimana, mu gihe u Rwanda […]
Israel yemeje ko ingabo zayo zarashishije igifaru umukozi wa Loni

Igisirikare cya Israel ku wa Kane cyemeje ko mu kwezi gushize ingabo zacyo ziciye muri Gaza Strip umukozi w’Umuryango w’Abibumbye, nyuma yo kumurashisha igifaru. Uyu mukozi yishwe ku wa 19 Werurwe ubwo ingabo za Israel zarasaga zikanangiza inyubako ya Loni iherereye mu gace ka Deir al-Balah. Icyo gihe igisirikare cya Israel cyahise gihakana cyivuye inyuma […]
Kate Bashabe yiyamye abatuka abandi kuri ba nyina

Umunyamideli akaba n’umushoramari, Kate Bashabe yanenze urubyiruko rukunze gutukana ku babyeyi by’umwihariko “Nyoko”, avuga ko bidakwiye na gato. Mu mashusho yashyize ku mbuga nkoranyambaga, Bashabe yavuze ko ababyeyi b’abagore badakwiye guhabwa isura mbi mu bitutsi. Yagize ati: “Ni nde wababeshye ko iyo ututse umuntu kuri mama we aribwo ababara cyane? Mubyihorere, ntabwo bigikwiye.” Yongeyeho ko […]