Amajyepfo: Umugabo akurikiranweho kwica umwana we wiga mu mashuri abanza

Polisi y’u Rwanda ikorera mu ntara y’Amajyepfo, yataye muri yombi umugabo w’imyaka 32 akekwaho kwica umwana we w’umuhungu w’imyaka 11 y’amavuko. Uwatawe muri yombi yafatiwe mu kagari ka Rwesero, umurenge wa Busasamana mu karere ka Nyanza. Kuva ku wa 05 Gicurasi 2025, Ubuyobozi bw’Ishuri ry’Urwunge rw’Amashuri rwa Hanika ruri mu murenge wa Busasamana mu karere […]
Dore uko wacana ukubiri no kunuka inkweto n’ibirenge
Abantu benshi bakunze kubira ibyuya mu birenge cyane cyane igihe bambaye inkweto zifunze, bamwe bikabaviramo kunuka mu birenge; ku buryo binabatera ipfunwe. Kunuka ibirenge bitewe n’inkweto, bishobora kuba iby’akanya gato, urugero nk’igihe wakoze urugendo rurerure, cyangwa bigaterwa n’ubwoko bw’amasogisi, cyangwa n’intweto ubwazo, ariko hari n’abo bibaho karande bigahinduka nk’uburwayi. Ariko hari n’abo bibaho karande, n’iyo […]
Kamerhe yashyiriye Museveni ‘ubutumwa bwihariye’ bwa Tshisekedi

Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Vital Kamerhe, aherutse mu ruzinduko rw’akazi i Kampala rwasize ahuye na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Ni uruzinduko rwabaye hagati y’itariki ya 9 n’iya 12 Gicurasi, Kamerhe akaba yararukoze nyuma yo kwitabira inama y’abayobozi b’Inteko Zishinga Amategeko muri Afurika. Radio RFI ivuga ko ruriya ruzinduko rwa […]
Yago yatsinzwe urugamba rugitangira

Umunyamakuru akaba n’umuhanzi Yago Pondat umaze igihe atari mu Rwanda, yatangaje ko yahagaritse burundu intambara y’amagambo yari imaze igihe ku imbuga nkoranyambaga hagati ye na DJ Brianne na Djihad. Uyu mwuka mubi watangiye mu mwaka ushize ubwo Yago yavugaga ko afite amashusho y’aba bombi agaragaza imyitwarire itarimo ikinyabupfura, ibintu byakurikiwe n’ibiganiro by’amashusho byinshi byuzuyemo amagambo […]
DRC yaba yasinyanye amasezerano ya miliyoni 1.6$ na AS Monaco

Amakuru aturuka muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ariko ataremezwa b’urwego rwose rwa leta bireba aravuga ko Minisitiri wa siporo n’imyidagaduro, Didier Budimbu, yasinyanye amasezerano n’ikipe yo mu Bufaransa, AS Monaco ya miliyoni 1.6 y’amadolari buri saison. Aya masezerano mediacongo ivuga ko afatwa nk’ingirakamaro muri Afurika, agamije ahanini guteza imbere umupira w’amaguru muri DRC. Harimo […]
APR FC yirukanye umutoza Darko Novic

Ikipe ya APR FC kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Gicurasi, yirukanye umunya-Serbia Darko Novic wari umutoza wayo mukuru. Uyu mugabo yari umutoza w’iriya kipe y’Ingabo z’igihugu kuva mu mwaka ushize, ubwo yayigeragamo asimbura Umufaransa Thierry Froger. Amakuru avuga ko kuri uyu wa Kabiri ari bwo APR FC yafashe icyemezo cyo gusesa amasezerano ya […]
U Burusiya bwagabye ibitero muri Ukraine nyuma yo gukangishwa ibindi bihano n’u Budage

Kuri uyu wa Kabiri, Igisirikare cyo mu Kirere cya Ukraine cyemeje ko u Burusiya bwohereje drones icumi muri Ukraine, zose zikaba zarashwe n’ubwirinzi bwo mu kirere bwa Ukraine. Iki gitero kibaye nyuma y’uko u Budage bukangishije u Burusiya ibihano bishya kandi bikaze mu gihe butemeye guhagarika imirwano bitarenze saa sita z’ijoro ryashize. Ku wa Mbere, […]
Icyamamare muri sinema, Gerard Depardieu, yahamijwe ihohotera rishingiye ku gitsina

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 13 Gicurasi 2025, umukinnyi wa filime w’icyamamare, Gerard Depardieu, yahamijwe n’urukiko rwa Paris icyaha cy’ihohotera rishingiye ku gitsina Uyu musaza w’imyaka 76 yahamijwe icyaha cyo gukorera ihohotera rishingiye ku gitsina abagore babiri ubwo bari bari gukora kuri firime yitwa “Les Volets Verts” (“The Green Shutters”) mu 2021. Urukiko rwakatiye Depardieu […]
Umuraperi uherutse gufungwa yakubitiwe muri gereza

Umuraperi w’Umunya-Kanada Tory Lanez yajyanywe igitaraganya mu bitaro nyuma yo gukubitirwa muri gereza n’indi mfungwa. Nk’uko byatangajwe n’ibinyamakuru byo muri Amerika birimo TMZ, Lanez w’imyaka 32 yakubiswe ku wa Mbere tariki 12 Gicurasi 2025 mu gihe yari mu kibuga cy’imyidagaduro cya gereza ya California Correctional Institution iherereye Tehachapi. Abatangabuhamya bavuga ko yakomeretse ariko ibikomere bye […]
Uganda: Depite Allan Ssewanyana wo muri NUP yashinjwe iterabwoba

Depite uhagarariye Makindye West, Allan Ssewanyana, ukomoka mu ishyaka NUP rya Bobi Wine (bari kumwe mu ifoto iburyo), yashinjwe iterabwoba nyuma y’inyandiko y’ibirego yahinduwe n’umuyobozi w’ubushinjacyaha yakuyemo nyakwigendera Muhammad Ssegirinya. Ku wa Mbere, Ssewanyana, hamwe na Mike Sserwadda, Jackson Kanyike, Bull Wamala, na John Mugerwa, bagejejwe imbere y’umucamanza Alice Komuhangi Khauka, wabasomeye ikirego gishya bashinjwa. […]