Kigali: Yarwanye n’uwamuteye inda rubura gica

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatatu, mu murwa wa Kigali, haravugwa imirwano itunguranye hagati y’umugore n’umusore bivugwa ko yamuteye inda, bibera ahitwa Gatsata hafi y’ikiraro cya Nyabugogo. Uyu mugore wari uhetse umwana avuga ko amaze imyaka ibiri ashakisha uwo babyaranye umwana, ariko ntamuce iryera. Abatangabuhamya bavuga ko ubwo yahuraga n’uwo musore w’umunyonzi, yahise amufata […]
2 Lt Janet Uwamahoro wa Rwanda Air Force yasoje neza amasomo ye muri US Coast Guard Academy

Umuhango wo gutanga impamyabumenyi ku nshuro ya 144 mu Ishuri ry’Ingabo za Amerika zirinda Inkombe (US Coast Guard Academy), riherereye i Connecticut, 2 Lt Janet Uwamahoro wo mu Ngabo zirwanira mu Kirere z’u Rwanda (RAF) witabiriwe n’Umunyamabanga w’Urwego rushinzwe Umutekano mu Gihugu. Yarangije n’amanota meza cyane (Magna Cum Laude) mu bijyanye n’ubushakashatsi mu gihe cy’ibikorwa […]
Minisitiri Mutamba wavuze ko azafunga Perezida Kagame mu mazi abira

Ubushinjacyaha bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Gatatu bwasabye Inteko Ishinga Amategeko y’iki gihugu kwambura ubudahangarwa Minisitiri wacyo w’Ubutabera, Constant Mutamba, kugira ngo akurikiranwe mu nkiko. Ni ubusabe bwatanzwe na Perezida w’Urukiko Rusesa Imanza, Firmin Mvonde. Minisitiri Constant Mutamba aregwa kunyereza abarirwa muri $ miliyoni 39 yagombaga kubaka gereza ya Kisangani mu […]
Rayon Sports inaniwe gukorera ‘Remontada’ i Bugesera

Ikipe ya Rayon Sports yatsinzwe na Bugesera FC ibitego 2-1, mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona amakipe yombi yari yasubukuye kuri uyu wa Gatatu. Umukino w’amakipe yombi yari wasubitswe ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, nyuma y’imvururu zatejwe n’abafana ba Rayon nyuma yo kutishimira ibyemezo by’umusifuzi. Kuri uyu wa Gatatu ni bwo umukino w’amakipe yombi […]
Urukiko rukuru rwa gisirikare muri Kongo rurasaba Sena gukuraho ubudahangarwa kuri Perezida Kabila

Joseph Kabila wabaye perezida wa Kongo imyaka 18,ubutegetsi bwa Felix Tchisekedi bukomeje kumushinja ibyaha byatuma mu rwego rwa politike ya Kongo hazamo igihuhusi. Mu rwego rwa Politike abanyapolitike bo mu gice kivuga igiswayiri bari kwigizwayo. Joseph Kabila usanzwe ari Senateri w’ubuzima bwe bwose, arashijwa ibyaha byibasiye inyoko muntu ndetse n’ibyaha by’intambara binyuze mu byo aregwa […]
Imbunda zikorerwa mu Rwanda zatangiye kubona isoko

Mu nama mpuzamahanga y’umutekano, nibwo hamuritswe intwaro zikorerwa mu Rwanda maze zitungura abatari bacye.Intwaro zikorerwa mu Rwanda zikorwa n’ikigo cyitwa Rwanda Engineering and Manufacturing Corporation (REMCO). Ni uruganda ruherereye i Masoro mu cyanya cy’inganda aho gisanzwe gikora ibikoresho by’ubuhinzi, by’ubwubatsi, ibyuma by’imodoka ndetse n’ibikoresho byo kwa muganga. Uruganda rwa REMCO rwinjiye mu gukora intwaro rufatanyije […]
Minisitiri yeguye nyuma yo gutangaza ko ataragura umuceri na rimwe mu buzima bwe

Minisitiri w’Ubuhinzi w’u Buyapani, Taku Eto yeguye ku mirimo ye nyuma yo kuvugira mu ruhame ko atigeze na rimwe agura umuceri, mu gihe igihugu cye kiri guhangana n’ibura ryawo n’izamuka rikabije ry’ibiciro byawo. Mu ijambo yavuze ku cyumweru mu nama y’ishyaka, Bwana Eto yavuze ko “inkunga ahabwa n’abamushyigikiye yamuteye kudakenera kugura umuceri.” Aya magambo yakurikiwe […]
Kigali: Abadepitekazi mu bihugu bya Commonwealth/Afurika barakataje mu guharanira uburinganire

Abagize Inteko Ishinga Amategeko baturutse mu bihugu bigize Umuryango wa Commonwealth muri Afurika bateraniye mu Rwanda mu mahugurwa y’iminsi itatu yerekeye ubukangurambaga ku buringanire. Amahugurwa ni umwanya w’abanyamuryango wo gutekereza ku buryo bwo kuzamura uburinganire no kongerera ubushobozi abagore. Perezida w’ihuriro ry’Abagore bo mu Inteko Nshinga Amategeko muri Commonwealth (CWP) mu karere ka Afurika, Hon. […]
Loni igiye guha u Rwanda akabakaba Frw miliyari 1,500

U Rwanda n’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa Kabiri bashyize umukono kuri gahunda y’uriya muryango igamije iterambere rirambye (UNSDCF). Ku ruhande rw’u Rwanda amasezerano yerekeye iriya gahunda yashyizweho umukono na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Yusuf Murangwa, mu gihe Loni yari ihagarariwe n’umuhuzabikorwa w’amashami yayo mu Rwanda, Ozonnia Ojielo. Muri iriya gahunda y’imyaka itanu biteganyijwe ko […]
Ibintu bitangiye kunyeganyega, imirimo myinshi irakorerwa inyuma y’amarido – USA

Ubuyobozi bwa Trump buravuga ko bwiyemeje umurongo mushya w’ububanyi n’amahanga muri Afurika: wo gukora ubucuruzi, gukoresha ubushobozi bwo gupiganwa bw’amasosiyete yo muri Amerika, no gushimangira umwanya wabo mu bukungu kuri uyu mugabane u Bushinwa bugenda burushaho gushingamo imizi. Uku guhindura icyerekezo bizatanga umwanya w’ingenzi mu bikorwa by’ubucuruzi. Ndetse ngo bizahindura ibigenderwaho mu gusuzuma abadipolomate b’Abanyamerika […]