SADC iramagana amakuru ava muri Afurika y’Epfo avuga ko yirengagije ingabo ziri muri DRC

Ibirego by’abasirikare “birengagijwe” birimo ikibazo cy’ibura ry’imodoka zo gucyura abasirikare boherejwe mu Butumwa bw’Umuryango w’Iterambere ry’ibihugu bya Afurika y’Amajyepfo muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo (SAMIDRC) byamaganwe n’uyu muryango wemeza ko “bidafite ishingiro kandi biyobya”. Mu itangazo ryashyizwe ku rubuga rwayo rwa interineti, ryanashyizwe ku mbuga nkoranyambaga z’Igisirikare cya Afurika y’Epfo (SANDF) kuri uyu wa […]
Leta ya Congo yashyikirijwe inyandiko igaragaza ibyaha byakozwe na M23

Komisiyo y’Igihugu ishinzwe Gukurikirana Ishyirwa mu bikorwa ry’Amasezerano ya Addis-Abeba muri Ethiopia, yashyize ahagaragara Raporo ikubiyemo isesengura ry’ibyaha bikomeye byibasiye abaturage bo muri Goma na Bukavu hagati ya Mutarama na Mata 2025, ubwo ibyo bice byafatwaga n’inyeshyamba za AFC-M23. Umuhango wo kumurika iyo Raporo wabereye mu ngoro y’Igihugu y’Amateka (Musée National) i Kinshasa ejo kuwa […]
Kigali: Umupasiteri aravugwaho kwikinishiriza imbere y’umugore bikamuviramo gutoha

Umupasiteri witwa Mbarushimana Akim, uzwi cyane ku mbuga nkoranyambaga nka TikTok, yashyizwe mu majwi nyuma y’uko abagore batatu batandukanye bamushinje ibikorwa by’ubusambanyi n’imyitwarire idakwiye ku muntu wiyita umukozi w’Imana. Ibi byose byamenyekanye ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize, ubwo hatambukaga ikiganiro Live cyacishwaga kuri TikTok, kiyobowe na Godfather, cyari cyahuje Pastor Akim n’abagore bamushinja imyitwarire igayitse, […]
Abanyarwanda batahutse bava muri Congo bakirije Minisitiri Murasira uruhurirane rw’ibibazo bitabarika

Abanyarwanda babaga mu mashyamba ya Congo bari baragizwe ingwate n’umutwe w’iterabwoba wa FDLR wasize ukoze Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda mu mwaka w’1994, bakomeje gutahuka ku bwinshi nyuma y’aho umutwe wa M23 uborohereje gutaha iwabo cyane cyane, abari bari mu bice igenzura. Abantu 360 bakiriwe kuwa gatandatu tariki 17 Gicurasi 2025 bahise berekezwa mu nkambi […]
EU yakuyeho ibihano by’ubukungu yari yarafatiye Syria

Kuri uyu wa Kabiri, itariki 20 Gicurasi, umuyobozi ushinzwe politiki z’ububanyi n’amahanga w’Umuryango w’Ubumwe bw’u Burayi, Kaja Kallas, yatangaje ko bafashe icyemezo cyo gukuraho ibihano by’ubukungu byafatiwe Syria. Mu nyandiko Kallas yatambukije kuri X yagize ati: “Uyu munsi, twafashe icyemezo cyo gukuraho ibihano by’ubukungu byafatiwe Syria.” Yakomeje agira ati: “Turashaka gufasha abaturage ba Syria kubaka […]
Lamine Yamal agiye guhabwa nimero ya Messi

Umukinnyi ukiri muto w’Umunyasipanye, Lamine Yamal, aravugwaho kuzahabwa nimero y’icyamamare Lionel Messi muri FC Barcelona, nyuma yo kugirana amasezerano mashya y’igihe kirekire n’iyi kipe. Amakuru atangazwa n’urubuga Memorabilia1899.co aravuga ko Yamal, ufite imyaka 17, azashyira umukono ku masezerano mashya azamara igihe kirekire muri Nyakanga ubwo azaba yujuje imyaka 18. Ayo masezerano azaba arimo ingingo yo […]
U Rwanda rufite amadolari yarufasha kugura ibyo rwifuza mu mezi 4.7 nta yandi rukeneye – BNR

Banki Nkuru y’Igihugu (BNR) ivuga ko ifite ubwizigame bw’amadovise (Amadorali ya Amerika) ahagije yafasha igihugu kugura ibyo cyifuza byose mu gihe cy’amezi 4,7, ariko igihugu kikaba kigiye gutangira no kuzigama zahabu. BNR ivuga ko u Rwanda rugiye gutangira gushora imari mu kugura zahabu zizifashishwa nk’ubwizigame bw’igihugu nka Amadovize, nkuko byari bisanzwe bikorwa mu madorali ya […]
Mu Minembwe abaturage bakomeje guhunga ku bwinshi kubera imirwano

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 20 Gicurasi, rwabyutse rwambikanye mu gice cya Rugezi giherereye mu majyepfo ashyira uburengerazuba bwa komine ya Minembwe muri Repubulika iharanira Demokarasi ya Congo. Ni imirano yari ikaze cyane kandi iremereye aho yari ihanganishije ihuriro ry’ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo n’umutwe wa Twirwaneho ufatanyije n’uwa M23. Iyo mirwano […]
Imbuga zirimo Twitter ya Polisi ya Tanzania zabitse Perezida Samia Suluhu
Imbuga nkoranyambaga zitandukanye za Leta ya Tanzania ku wa Mbere tariki ya 20 Gicurasi zagabweho ibitero by’ikoranabuhanga, zitambutswaho ubutumwa burimo ububika Perezida Samia Suluhu Hassan. Ubu butumwa bwatambukijwe ku mbuga zirimo urwa X rwahoze rwitwa Twitter rukoreshwa na Polisi ya Tanzania, umuyoboro wa YouTube w’ishyaka Chama Cha Mapinduzi (CCM) riri ku butegetsi ndetse no ku […]