M23 yabwiye abaturage ko igiye gufata umwe mu mijyi yo muri Walikale

Amakuru aturuka muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo aravuga ko umutwe wa M23 uri kongera ingabo mu birindiro byawo bitandukanye, muri za Teritwari za Masisi na Walikale. Amakuru avuga ko mu mpera z’icyumweru gishize ari bwo M23 yongereye cyane ingabo n’ibikoresho mu bice bitandukanye. Nko mu bice bya Masisi-Nyabyondo-Kasopo na Nyabyondo-Kinyumba ho muri Masisi; amakuru […]
Umwana w’imyaka 17 wari ukunzwe kuri TikTok muri Pakistan yiciwe iwabo arashwe

Igipolisi cya Islamabad cyatangije iperereza ku bwicanyi nyuma y’uko umwangavu wari icyamamare ku mbuga nkoranyambaga arasiwe iwabo. Aya makuru yongeye gutera impungenge z’umutekano w’abagore, cyane cyane ab’ibyamamare. Kuri uyu wa Kabiri, Igipolisi i Islamabad nibwo cyatangaje ko barimo gukora iperereza ku iyicwa rya Sana Yousaf w’imyaka 17 nyuma yo gusanga yarasiwe iwabo. Iyicwa ry’uyu mwangavu […]
Abagera ku 105 bagaruwe mu Rwanda bakuwe mu bihugu bari baragiye gucururizwamo

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko kuva muri Kamena 2024 kugeza muri Gicurasi 2025, Abanyarwanda 105 ari bo bagaruwe mu Rwanda bavanywe mu bihugu bitandukanye bari baragiye gucuruzwamo. Imibare ya RIB igaragaza ko kuva muri Kamena 2019 kugera muri Nyakanga 2024, abantu 39 bagaruriwe ku kibuga cy’indege bari mu nzira zo kujya gucuruzwa, mu gihe […]
Minisitiri w’intebe yeguye kubera umuhungu we uba mu buzima buhenze

Minisitiri w’Intebe wa Mongoliya, Luvsannamsrain Oyun-Erdene, yeguye ku mirimo ye nyuma y’uko amafoto y’umuhungu we agaragaye ku mbuga nkoranyambaga, agaragaza ubuzima buhenze yiberagamo mu biruhuko. Aya mafoto, harimo n’ifoto y’umukunzi w’uwo muhungu yitwaje igikapu cya Dior cy’agaciro gahenze, yateje umujinya ku baturage benshi, bituma hatangizwa iperereza ku byaha bya ruswa no kurigisa umutungo wa rubanda. […]
Abasirikare ba UPDF bateye Diviziyo ya Polisi, bahondagura Komanda wayo

Polisi ya Uganda yatangaje ko ifatanyije n’Igisirikare cy’iki gihugu bataye muri yombi abasirikare 13, nyuma yo kugaba igitero kuri Diviziyo ya Polisi iri mu karere ka Wakiso bahondagura abapolisi barimo n’uyikuriye. Byabaye ejo ku wa Mbere tariki ya 2 Gicurasi. Polisi ya Uganda mu itangazo yasohoye, yasobanuye ko intandaro yatumye bariya basirikare barwana n’abapolisi kugeza […]
Kampala: Abizihizaga Umunsi w’Abahowe Imana baturikanwe n’igisasu

Impanuka y’ituruka ry’igicyekwaho kuba igisasu yabereye i Munyonyo, ihungabanya umutekano mu murwa mukuru wa Uganda, ahari hateraniye imbaga y’abizihiza Umunsi w’Abahowe Imana. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri, iturika rikomeye ryabaye hafi y’Ingoro y’Abahowe Imana ya Munyonyo, aho abantu baturutse hirya no hino bari bateraniye mu kwizihiza umunsi ngarukamwaka w’Abahowe Imana muri Uganda. Amakuru […]
Raporo zikomeje kwisukiranya zishinja M23 ibyaha by’intambara zihatse iki?

Raporo y’Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu, Human Rights Watch, yashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Kabiri, yavuze ko inyeshyamba za M23 zishe nibura abaturage 21 mu minsi ibiri muri Gashyantare mu Mujyi wa Goma mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Raporo ikubiyemo ibyabaye ku itariki ya 22-23 Gashyantare mu gace ka Goma, ngo iratanga […]
Rayon Sports igiye kumamura Diamond Platnumz i Kigali

Ikipe ya Rayon Sports yo mu Rwanda irateganya kwakira umuhanzi w’icyamamare wo muri Tanzania, Diamond Platnumz mu birori bikomeye bizahuza abakunzi ba ruhago n’ab’abahanzi, bizabera i Kigali ku munsi w’Igikundiro. Uyu muhanzi w’icyamamare muri Afurika y’Iburasirazuba, akaba azaba ari umushyitsi w’imena mu birori bizahuza Rayon Sports na Yanga Africans yo muri Tanzania, umukino utegerejwe na […]
Dusobanukirwe umuzi w’Intambara ya Ukraine – Igice cya mbere

Intambara ya Ukraine n’Uburusiya igeze mu mwaka wa Gatatu ica ibintu, aho imaze guhitana abantu benshi ku mpande zombi, kwangiza ibikorwa remezo tutibagiwe no guhungabanya ubukungu bw’isi.Turi mu 1991, ubwo ibihugu byahoze bigize Leta z’unze ubumwe z’Abasoviyete (URSS), birimo Ukraine byabonaga ubwigenge bityo bigatandukana na URSS. Mu myaka yakurikiyeho mu 1993-1994, hagiye habaho amasezerano n’Uburusiya, […]
Huye: Umukobwa w’imyaka 20 akurikiranweho kwica umwana we w’imyaka 2

Ubushinjacyaha ku Rwego Rwisumbuye rwa Huye bukurikiranye umukobwa w’imyaka 20 ukekwaho kwica umwana we w’umukobwa ufite imyaka 2 y’amavuko amutaye mu musarani. Icyaha akurikiranyweho cyabaye ku itariki ya 09 Gicurasi 2025 ahagana sa cyenda z’amanywa mu kagari ka Cyarwa, umurenge wa Tumba, mu karere ka Huye. Mu ibazwa rye nk’uko iyi nkuru dukesha Ubushinjacyaha Bukuru […]