Perezida Poutine ari guhana Ukraine yihanukiriye nyuma yo kumutwikira intwaro

Nyuma y’ibitero, Ukraine iherutse kugaba ku birindiro by’ingabo zirwanira mu kirere mu mujyi wa Bryansk, bikangiza byinshi,Perezida Vladimir Poutine akomeje guhana Ukraine. Ubu Perezida Putin abona White House nk’amahirwe adasanzwe yiboneye yo gutsinda iyi ntambara. Kuri we, Trump ashobora gufata ingamba ebyiri, kandi we na Poutine bombi baratsinze.Urugero rwa mbere: Moscou igeze aho yumvisha Trump […]
Ibizakwereka umukobwa w’isugi bidasabye ko muryamana

Kumenya umukobwa ukiri isugi udakoresheje ibizamini bya muganga cyangwa kuryamana na we. Nubwo hari abatangaza ibimenyetso bitandukanye ngo bishobora kukwereka ko umukobwa atakiri isugi, abahanga mu buzima bwo mu mutwe no mu mibanire bavuga ko ibi bishingira ku myumvire ishingiye ku marangamutima aho kuba ku bumenyi bwizewe. Bamwe bavuga ko umukobwa ushobora kurakazwa no kubazwa […]
DIGP Sano yaganirije abapolisi bagiye gusimbura abandi i Bangui

Umuyobozi Mukuru Wungirije wa Polisi y’u Rwanda ushinzwe ibikorwa (DIGP) Vincent Sano, yasabye abapolisi bitegura kujya mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kubungabunga amahoro muri Repubulika ya Santrafurika (MINUSCA) gukomeza gukora neza, barangwa n’ubunyamwuga kugira ngo barusheho guhesha ishema igihugu bagiye bahagarariye. Ni ubutumwa yatanze kuri uyu wa Mbere tariki ya 9 Kamena, ku cyicaro gikuru […]
Police FC yakoze amasuku ihereye kuri Mashami Vincent na Abedi

Umutoza mukuru wa Police FC, Mashami Vincent yatandukanye n’iyi kipe nyuma y’imyaka itatu ayitoza, mu gihe n’abandi bakinnyi barimo Abedi, Ally, Clovis na Chukwuma na bo basezerewe. Ibi byemejwe na Mashami ubwe mu butumwa yashyize kuri konti ye ya X (yahoze ari Twitter), aho yagaragaje ibyishimo n’ishimwe byuzuye umutima we nyuma y’igihe cy’imyaka itatu yamaze […]
Ukraine n’Uburusiya mu Guhererekanya Imfungwa: Amarira y’Ibyishimo ku Miryango

Ku wa 9 Kamena 2025, Ukraine n’Uburusiya baherekanyije imfungwa z’abasirikare bari barafatiwe ku rugamba. Ni igikorwa cyateye amarira y’ibyishimo ku miryango y’abo basirikare, bamwe bari bamaze igihe kirekire baraburiwe irengero. Nk’uko byatangajwe n’ Igitangazamakuru cy’Abongereza Reuters, aya ni amasezerano yagezweho nyuma y’ibiganiro byabereye i Istanbul ku wa 2 Kamena 2025. Aho impande zombi zemeranyije guhana […]
Operasiyo Orchard: Mu zitangaje Mossad yaburijemo

Mu nkuru z’uruhererekane z’urwego rw’iperereza mpuzamahanga rwa Israel, tumaze iminsi tubagezaho, uyu munsi twabahitiyemo Operasiyo Orchard, imwe muzo Mossad yagizemo uruhare rwatumye Siriya idatunga intwaro kirimbuzi , Koreya ya ruguru yabafashagamo gukora. Jenerali Muhammad Sulaiman wa Siriya yangaga Israel ku rwego ruhanitse, ku buryo yifuzaga ko igihugu cye gikora intwaro kirimbuzi zo guha gasopo Israel. […]
COVID-19 yongeye kugaragara mu Rwanda

Minisiteri y’Ubuzima yatangaje ko muri iyi minsi mu gihugu hari ubwiyongere bw’indwara zifitanye isano n’ihindagurika ry’ikirere, zirimo na COVID-19. Byatangajwe na Minisitiri w’Ubuzima, Dr Sabin Nsanzimana, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa X. Yagize ati: “Muraho! Muri iyi minsi tuva mu itumba tugana mu cyi; hari ubwiyongere bw’ indwara zifitanye isano n’ ihinduka ry’ […]
RDC irashinja u Rwanda kurenga ku ngingo ya 34 y’amahame agenga CEEAC

Kuri iki Cyumweru, Repubulika ya Demokarasi ya Congo yagaragaje impungenge zayo ku cyerekezo ibona ko giteye impungenge: cyo “kuva mu masezerano cyangwa kwitambika inzira y’ibiganiro mu gihe hagize ibisabwa kubazwa.” Iki gihugu kandi nyuma yo kwitambika u Rwanda ku buyobozi bwa CEEAS cyanashinje u Rwanda kurenga ku ngingo ya 34 y’amasezerano y’uyu muryango. Kinshasa yizera […]
Muyoboke Alex yavuze ku byo gusambanira i Kampala na Dj Flix

Muyoboke Alex usanzwe afasha abahanzi ndetse akanaba umwe mu bagaragaye mu bitaramo bya The Ben muri Uganda, yahakanye amakuru amaze iminsi acicikana ku mbuga nkoranyambaga amushinja kuryamana na DJ Flix, umwe mu bakobwa bakizamuka mu mwuga wo kuvanga umuziki. Aya makuru yatangiye gukwirakwira nyuma y’igitaramo The Ben yakoreye muri Uganda, aho DJ Flix yari mu […]
Walikale: M23 yakubise Wazalendo, itwika ibirindiro byazo

Umutwe wa M23 wirukanye abarwanyi b’imitwe yitwara gisirikare ya Wazalendo mu mudugudu wa Mulema, Groupement ya Kisimba ho muri Teritwari ya Walikale, nyuma yo kubakubitira mu mirwano. Imirwano ikomeye yasakiranyirije impande zombi ku Cyumweru tariki ya 8 Kamena. Amakuru avuga ko ingabo za M23 zari ziturutse ahitwa Kalonge zateye ibirindiro bya Wazalendo byari biri muri […]