Umupolisi wishe Ojwang washenguye abarimo Perezida Ruto yatawe muri yombi

Umupolisi witwa James Mukhwana ukekwaho kwica impirimbanyi y’uburenganzira bw’ikiremwa muntu, Albert Ojwang wapfiriye muri kasho ya Polisi azize gukubitwa, yatawe muri yombi. Kuri uyu wa 12 Kamena, ni bwo Polisi ya Kenya yatangaje ko yataye muri yombi uriya mupolisi. Itangazo yasohoye rivuga ko “James Mukhwana wo kuri sitasiyo ya Polisi Nkuru ya Nairobi yatawe muri […]
Rulindo: Rurageretse hagati y’umugabo na mushiki we umushinja kumusambanya akamukomeretsa

Mu karere ka Rulindo, umurenge wa Mbogo, akagali ka Mushali mu mudugudu wa Nyakabuye, haravugwa inkuru y’umugore witwa Mukantagwera Janvière uri kurega atabaza ubuyobozi ngo bumurenganure, nyuma yo gusambanywa ku ngufu na musaza we. Nyirubwite avuga ko musaza we Ntaganda Evariste yamusambanyije ku wa Kabiri tariki ya 5 Kamena. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko […]
Uko umugenzi umwe rukumbi yarokotse impanuka y’indege yahitanye abarenga 240 mu Buhinde

Amakuru aturuka mu gihugu cy’u Buhinde aravuga ko umuntu umwe wenyine ari we washoboye kurokoka impanuka y’indege yahitanye abarenga 240. Kuri uyu wa Kane ni bwo indege yo mu bwoko bwa Boeing 787 Dreamliner ya sosiyete ya Air India yakoze impanuka, nyuma y’iminota mike ihagurutse ku kibuga mpuzamahanga cy’indege cy’i Ahmedabad yerekeza i Londres mu […]
Ubwoko burya abantu bapfuye aho kubashyingura bukomeje gutangaza benshi

Mu bice bimwe na bimwe byo ku isi, hari amoko akomeza umuco wo kurya abapfuye aho kubashyingura, umuco usanzwe utandukanye n’imigenzo y’ahandi. Mu bushakashatsi bwakozwe n’abahanga mu mateka n’imyemerere y’imiryango gakondo, byagaragaye ko mu bwoko bumwe bwo muri Papua New Guinea no mu bice bimwe by’Amajyepfo y’Amerika, habaho imigenzo yo kurya abapfuye. Ababikora bavuga ko […]
RDC: Bintou Keita wa MONUSCO mu matware ya M23

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa kane tariki 12 Kamena 2025 ahagana mu masaha ya Saa cyenda z’amanywa, nibwo ndege yo mu bwoko bwa Kajugujugu yari ikandagiye ku kibuga cy’indege cya Goma, izanye umuyobozi w’ubutumwa bw’ingabo z’umuryango w’abibumbye muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo MONUSCO. Ni uruzinduko rwari ruteganijwe ku munsi w’ejo kuwa gatatu tariki […]
Human Rights Watch yagaragaje impungenge ku kubuza itangazamakuru gukora inkuru za Kabila

Umuryango uharanira Uburenganzira bwa Muntu ( Human Rights Watch), wagaragaje ko uhangayikishijwe n’icyemezo cyo kubuza itangazamakuru gukurikirana ibikorwa by’uwahoze ari Perezida Joseph Kabila n’ishyaka rye rya politiki, PPRD, nk’uko byatangajwe n’Inama Nkuru ishinzwe Itangazamakuru (CSAC). Uyu muryango mpuzamahanga uharanira uburenganzira bwa muntu, uvuga ko iki cyemezo gishobora kugira “ingaruka mbi”. Mu itangazo rigenewe abanyamakuru ryashyizwe […]
Abasirikare barenga 700 ba SADC banyuze mu Rwanda bataha

Icyiciro cya mbere cy’abasirikare barenga 700 Umuryango wa SADC wari warohereje kurwana muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, kuri uyu wa Kane cyanyuze mu Rwanda gitaha. Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane ni bwo imodoka zitwaye bariya basirikare zinjiye mu Rwanda ziturutse mu mujyi wa Goma babagamo, mbere yo gutangira urugendo ruberekeza iwabo. Bisi […]
U Rwanda rukomeje kumurikira Isi ibyiza bya rwo muri Expo2025 ibera Osaka

Mu Mujyi wa Osaka, mu Buyapani, hakomeje kubera Imurikagurisha Mpuzamahanga ku nsanganyamatsiko igira iti ‘Gutegura Umuryango w’ejo hazaza kubw’ubuzima bwacu,’ kuva ku itariki ya 13 Mata kugeza ku ya 13 Ukwakira 2025. Imurikagurisha ryahuje ibihugu bitandukanye ku Isi kugira ngo habeho gutegura ejo hazaza, hibandwa ku nsanganyamatsiko z’ingenzi zo kurokora ubuzima, kongerera ubushobozi abaturage, […]
WTTC: Ubukerarugendo mu Rwanda bwaciye agahigo mu 2024

Ubukerarugendo mu Rwanda bwatanze umusaruro wa miliyari 1.9 z’amafaranga y’u Rwanda mu 2024, nk’uko byagaragajwe na raporo nshya y’Ishyirahamwe Mpuzamahanga ryita ku Bukerarugendo n’Ingendo (WTTC), yashyizwe ahagaragara mu ntangiriro z’icyumweru. Uyu musaruro ungana na 9.8% by’umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP), wiyongereyeho 17.7% ugereranyije n’umwaka wa 2019 mbere y’icyorezo cya COVID-19, bityo uhindura 2024 nk’umwaka ubukerarugendo bwungutsemo […]
Itangazo ryo guhindura izina akitwa IKIREZI Clementine