Ntuzashukwe n’ikibero ahubwo uzite kuri ibi bintu nujya kurongora

Guhitamo uwo muzabana ubuzima bwose si ibintu byoroshye. Si amagambo meza agomba kugushimisha, ahubwo ni ibikorwa by’umutima bigaragaza urukundo mu bihe bikomeye. Umugore ukwiye si uvuga gusa “ndagukunda”, ahubwo ni wawundi uzagaragara mu gihe gikomeye, agahitamo kugumana nawe nubwo byamugora. Umugore w’ukuri akorera hamwe nawe, aho kuguca intege. Ntazaguhagarika ngo kuko uri kugerageza guteza imbere […]
APR FC yatandukanye n’abakinnyi 6

Ikipe ya APR FC yemeje ko yatandukanye n’abakinnyi batandatu, barimo abanyamahanga bane. Iyi kipe yatandukanye na bo, nyuma yo gusoza amasezerano yari ifitanye na bo. Abakinnyi iyi kipe yemeje ko bamaze gutandukana na yo, barimo Umugande Taddeo Lwanga, umunya-Nigeria Victor Mbaoma, umunye-Congo Pavelh Ndzila, Umurundi Nshimirimana Ismaël ndetse n’Abanyarwa Kwitonda Alain na Ndayishimiye Dieudonné. Iyi […]
Nyabugogo: Imodoka yagonze inzu ikatirwamo amatike

Mu masaha ya saa sita kuri uyu wa Gatandatu, habaye impanuka ibabaje mu mujyi wa Kigali, ahazwi nka Gare ya Nyabugogo. Imodoka itwara abagenzi bivugwa ko ikorera mu mihanda ya Kigali, yagonze inyubako icururizwamo amatike ahakorera sosiyete ya Zebra. Abari hafi y’aho byabereye batangaje ko iyi modoka yabuze feri igonga abantu ndetse n’urukuta rw’inzu, rugwira […]
Kabila yohereje kwa Trump intumwa yo gusobanura impamvu Tshisekedi akwiye kuvanwa ku butegetsi

Joseph Kabila Kabange wahoze ari Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yohereje i Washington muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika intumwa yo gusobanurira ubutegetsi bw’iki gihugu gahunda afite, zirimo gushyira iherezo ku butegetsi bw’igitugu bwa Perezida Félix Tshisekedi. Kikaya Bin Karubi usanzwe ari umuntu wa hafi ya Kabila akanaba umujyanama we, amaze iminsi itari […]
Natty Dread waririmbye “Hobe Rwanda” yapfuye

Umuhanzi Mitali Raphael wamamaye ku izina rya Natty Dread yitabye Imana mu ijoro ryo ku wa 13 Kamena 2025 azize uburwayi bwa kanseri. Amakuru y’urupfu rwe yemejwe n’umwe mu bana afasha i Kigali, nubwo nawe avuga ko adafite ibisobanuro birambuye. Natty Dread yari amaze igihe yivuza kanseri mu Budage, aho yari arwaye kuva muri Nzeri […]
Yaguze indaya 3 azirongorera mu ruhame

Mu mujyi wa Harare, muri Zimbabwe, abagore batatu bivugwa ko bakora umwuga w’uburaya hamwe n’umugabo ufite umugore utwite, bafashwe basambanira mu ruhame nijoro mu gace ka Southlea Park. Nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru H-Metro, aba bantu bafashwe ku itariki ya 9 Kamena 2025, ahagana saa tatu z’ijoro, nyuma y’amakuru yatanzwe ku bapolisi. Polisi yahageze iyobowe na Konstabo […]
Israel yivuganye ba Jenerali hafi 20 ba Iran

Abayobozi mu gisirikare cya Iran bakabakaba 20, ni bo amakuru avuga ko Israel yiciye mu bitero yagabye kuri kiriya gihugu ku wa Gatanu. Ni ibitero Israel yagabye ikoresheje indege z’intambara zibarirwa muri 200, zirimo izigezweho zo mu bwoko bwa F-35. Kuri ubu Iran yemeza ko byibura batatu ba mbere mu bari bakuriye igisirikare cyayo biciwe […]
Victony ntiyakozwaga ibyo kujya ku rubyiniro atafashe ibiyobyabwenge

Umuhanzi w’Umunyanijeriya, Anthony Ebuka Victor, uzwi cyane nka Victony yatangaje ko atari yarigeze aririmba ku rubyiniro atanyweye inzoga. Ibi yabivuze mu kiganiro kuri Behind The Prestige Podcast cyatangiye gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga kuri uyu wa Gatanu. Uyu muhanzi uzwi cyane mu ndirimbo Soweto yemeye ko yahoze ashingira ku nzoga kugira ngo abashe gutaramira abafana, ariko […]
RDC yananiwe kwitambika u Rwanda ngo rutayobora RECSA

U Rwanda ku wa Gatanu tariki ya 13 Kamena, rwashyikirijwe inshingano zo kuyobora Umuryango Ushinzwe Kurwanya Ikwirakwizwa ritemewe ry’Intwaro nto muri Afurika (RECSA). Ni inshingano u Rwanda rwafatiye mu nama ya 11 y’abaminisitiri b’ibihugu bigize uriya muryango yabereye i Nairobi muri Kenya. Zakiriwe na Minisitiri w’Umutekano w’Imbere mu gihugu, Dr. Vincent Biruta washyikirijwe ibendera ry’uriya […]
Byasabye imbaraga za Perezida Samia ngo Yanga yemere gukina na Simba

Ikipe ya Young Africans na Simba Sports Club kera kabaye zemeye gukina umukino wa shampiyona ya Tanzania zifitanye, nyuma y’uko Perezida Samia Suluhu Hassan yinjiye mu kibazo cyazo. Amakipe yombi yakabaye yarakinnye uriya mukino ku itariki ya 8 Werurwe, gusa birangira udakinwe kuko Simba yanze kuwitabira nyuma yo kubuzwa gukorera imyitozo kuri Stade ya Benjamin […]