Mutamba yabwiye Tshisekedi ko umugambi wo kumushyikiriza ubutabera wacuriwe i Kigali

Constant Mutamba wahoze ari Minisitiri w’Ubutabera wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, yashinje u Rwanda kuba ari rwo rwacuze umugambi watumye agiye gushyikirizwa ubutabera. Mutamba yabitangarije mu ibaruwa y’ubwegure bwe aheruka gushyikiriza Perezida Félix Antoine Tshisekedi. Uyu mugabo yeguye ku wa Kabiri tariki ya 17 Kamena, mbere yo kugezwa imbere y’ubutabera ngo akurikiranweho icyaha cyo […]
Ibanga wakoresha ngo ushimishe umugore mu gitanga

Mu rukundo, abagabo benshi bibwira ko gushimisha umugore mu gitanda bishingira gusa ku gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina, ariko si ko bimeze. Gushimisha umugore birenze kure ibyo abantu benshi batekereza. Umugore ashima ibintu byinshi byuzuzanya, kandi iyo ibyo byose ubishyize hamwe, bituma yishima byimbitse haba mu mubiri no mu mutima. Dore ibintu by’ingenzi wakora ngo ushimishe umugore […]
Burundi: Miliyoni 15 z’amadolari zaburiwe irengero

Mu Burundi, miliyoni zirenga 15 z’amadolari y’Amanyamerika zari zitezwe mu isanduku ya Leta mu mwaka wa 2023-2024 zaburiwe irengero nk’uko byatangajwe na Minisitiri w’Imari, Ntahontuye Nestor. Impuguke mu bukungu akaba n’umwarimu muri Kaminuza ya Massachusetts, Ndikumana Léonce, avuga ko hagati ya 2000 na 2019, u Burundi bwatangaje ko bwacuruje zahabu ifite agaciro ka miliyoni 765 […]
HRW irashinja M23 kwimurira Abanyekongo mu Rwanda ku gahato

HRW irashinja M23 kwimurira Abanyekongo mu Rwanda ku gahatoMuri raporo yatangajwe kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 18 Kamena 2025, n’umuryango HRW (Human Rights Watch) ubuyobozi bwa M23-AFC, bukorera mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, burashinjwa kwirukanira ku gahato abaturage ba Congo mu Rwanda bwitwaje gucyura ku bushake abenegihugu b’u Rwanda. Uyu muryango […]
Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran yasubije Trump wamusabye kuyamanika

Umuyobozi w’Ikirenga wa Iran, Ayotallah Ali Khamenei, yateye utwatsi ubusabe bwa Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika wasabye igihugu cye kuyamanika mu ntambara gihanganyemo na Israel. Ku wa Kabiri tariki ya 17 Kamena ni bwo Trump yasabye Iran “kuyamanika nta mananiza”, nyuma yo kuyibwira ko ukwihangana kwa Amerika kuri kugenda kurangira. Khamenei […]
Uburusiya bwihanangirije Amerika ku bufasha bwa gisirikare igiye guha Israel

Umunyamabanga wa Leta wungirije w’Uburusiya, Sergei Ryabkov yatangaje ko kuba Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatanga ubufasha bwa gisirikare kuri Israel mu ntambara yayo na Iran bishobora kurushaho guhungabanya umutekano wo mu Burasirazuba bwo Hagati. Nk’uko bitangazwa n’ibiro ntaramakuru by’Uburusiya, Interfax, Ryabkov yasabye Amerika kudashyigikira Israel mu buryo bwa gisirikare, ndetse anavuga ko kuba banatekereza […]
Ukuntu umukozi wa Bianca yamwibye imodoka agiye kwisohokanera umukunzi i Gisenyi

Mu nkuru itangaje yagarutsweho cyane mu minsi yashize, umunyamakuru Bianca yatangarije itangazamakuru uko imodoka ye yibwe n’umukozi we wo mu rugo, Moise, bikarangira ayigongesheje akayangiza bikomeye. Bianca avuga ko yamenye ko imodoka ye yibwe nyuma y’uko asabye abari hafi ye kuyimusangisha aho yari ari, bagasanga urufunguzo rwayo rutari aho yarusize, ndetse n’imodoka ubwayo yaraburiwe irengero. […]
Burundi: Abakekwaho kuba inyuma y’igitero cya grenade cyahitanye abantu 3 bo mu muryango umwe bafashwe

Igitero cya grenade cyabaye mu ijoro ryo ku wa kane, tariki ya 12 Kamena, mu Mudugudu wa Bibara, komini Mutumba, intara ya Karusi (mu burasirazuba bwo hagati mu Burundi), cyahitanye ubuzima bw’abantu batatu bo mu muryango umwe. Abandi bantu babiri barakomeretse bikabije muri icyo gitero kandi abantu barindwi ubu bafunzwe mu gihe hagikorwa […]
Trump yasabye Iran ‘kuyamanika nta mamaniza’

Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ku wa Kabiri yasabye Iran kuyamanika nta mananiza, anayiburira ko ukwihangana kw’igihugu cye kuri kugenda kurangira. Trump yahaye Iran uyu muburo, mu gihe kuva mu mpera z’icyumweru gishize iki gihugu gikomeje kurasana na Israel. Kuva iyi ntambara yatangira Israel imaze kwica abayobozi benshi b’igisirikare cya Iran, […]
Umuhanda Kigali-Gakenke si nyabagendwa

Polisi y’Igihugu kuri uyu wa Gatatu tariki ya 18 Kamena, yatangaje ko umuhanda uva mu mujyi wa Kigali werekeza mu Gakenke utari nyabagendwa, kubera impanuka yabereye ahitwa muri Buranga. Polisi yemeje aya makuru biciye mu butumwa yanyujije ku rubuga rwayo rwa X. Yagize iti: “Muraho! Turabamenyesha ko kubera impanuka y’ikamyo yabereye ahitwa Buranga, mu kagari […]